Tags : Nigeria

ECOWAS yegereye Jammeh bwa nyuma ngo arekure ubutegetsi

Abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’Africa y’Iburengerazuba bigamije ubufatanye mu bucuruzi (ECOWAS) bari muri Banjul, Gambia, kuganira bwa nyuma na Perezida Yahya Jammeh ngo bamusabe kurekera ubutegetsi uwo abaturage batoye ariwe Adama Barrow. Ibi bishyigikiwe na Nkhosazana Dlamini –Zuma ukuriye Umuryango w’Africa yunze ubumwe.   Mu mpera z’icyumweru gitaha nibwo Perezida Jammeh agomba kurekura ubutegetsi. Ba […]Irambuye

Cameroon: Boko Haram yahitanye abasirikare 6 barimo n’ubakuriye

Nibura abasirikare batandatu ba Cameroon barimo umuyobozi wabo birakekwa ko bishwe n’inyeshyamba za Boko Haram zagabye igitero mu gace ka k’Amajyaruguru y’icyo gihugu. Bulama Ali, umuyobozi w’abaturage mu idini ya Islam mu gace ka Darak hafi y’ikiyaga cya Chad, yatangarije BBC ishami rya Hausa ko yabonye iyo mirambo nyuma y’igitero cya Boko Haram. Inyeshyamba za […]Irambuye

Muri Nigeria, abana 75 000 bashobora guhitanwa n’inzara mu mezi

Umuryango w’Abibumbye uratangaza ko mu duce tumwe na tumwe two mu majyaruguru mu gihugu cya Nigeria, abantu biganjemo abagore n’abana bugarijwe n’inzara ku buryo mu mezi macye ari imbere abana bagera ku  bihumbi 75 bashobora gupfa bazize inzara. Utwo duce twibasiwe n’inzara ni utwazahajwe n’imirwano y’inyeshyamba z’umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram. Muri utu duce, imirwano […]Irambuye

Nigeria: Mu bashimuswe na Boko Haram yasanzwe mu ishyamba afite

Igisirikare cya Nigeria kiratangaza ko cyagaruje umwe mu bakobwa basaga 270 bashimuswe na Boko Haram muri 2014. Uyu mukobwa wasanzwe mu ishyamba, bamusanganye umwana w’amezi 10. Mu kwezi gushize, abasirikare ba Nigeria bari bashije gutabara abandi bakobwa 20 muri aba bashimuswe n’uyu mutwe uvuga ko ugendera ku mahame akarishye ya Kisilamu, ubakuye aho bigaga ku […]Irambuye

Nigeria: Abakobwa bambuwe Boko Haram bavuga ko baamaze iminsi 40

Umwe mu bakobwa baherutse kwamburwa Boko Haram mu basaga 200 imaze iminsi yarashimuse, yavuze ko bigeze kumara ukwezi n’iminsi 10 batarya, batanywa. I Abuja, kuri iki Cyumweru, Gloria Dame w’imyaka 21 yashyize hanze amwe mu banga y’ibyabayeho ubwo bafatwaga n’umutwe w’Iterabwoba, Boko Haram. Muri ubu buhamya bwe, Dame wavugiraga abakobwa 21 baherutse kuvanwa mu maboko […]Irambuye

Nigeria: Indege ebyiri zegenewe Umukuru w’igihugu zashyizwe ku isoko

Ubuyobozi bwa Nigeria  bwemeje ko bugiye kugurisha indege ebyiri mu ndege 10 Umukuru w’igihugu yari yemerewe kugendamo n’abandi bayobozi bakuru. Umuvugizi wa Perezida Muhammadu Buharu, Garba Shehu  yabwiye BBC ko ibi bigamije kugabanya amafaranga yatangwaga mu kugura amavuta y’izi ndege no kuzitaho bikaba byahendaga Leta. Hahise hasohorwa itangazo ryamamaza ngo abaguzi baze kwigurira izi ndege […]Irambuye

Perezida Buhari yasabye UN guhuza Leta ye na Boko Haram

Perezida wa Nigeria, Muhammadu Buhari yasabye umuryango w’Abibumbuye kuba umuhuza wa Leta y’iki gihugu ayobora n’umutwe wa Boko Haram bakagirana ibiganiro byo guhagarika intambara imaze imyaka irindwi no kurekura abakobwa 200 washimuse mu ishuri rya Chibok. Perezida Buhari yavuze ko leta ya Nigeria yakwemera gutanga abarwanyi ba Boko Haram bafunzwe n’iki gihugu mu gihe na yo […]Irambuye

Igisirikare cya Niger kivuganye abarwanyi 38 ba Boko Haram

Minisiteri y’Ingabo muri Niger iratangaza ko mu gikorwa cyo guhashya umutwe w’Iterabwiba wiyita ko ugendera ku mahame akarishye ya Kisilamu ‘Boko Haram’ , igisirikare cy’iki gihugu kishe abarwanyi 38 b’uyu mutwe wo muri Nigeria. Ni mu bitero byo kurwanya uyu mutwe umaze iminsi uhungabanya umutekano w’igihugu cya Nigeria n’ibihugu bihana imbibi, cyabereye mu gace kitwa Diffa gaherereye […]Irambuye

Itsinda rizafasha Wiz Kid kuririmba ryageze i Kigali

Ayodeji Ibrahim Balogun umuhanzi mpuzamahanga w’umunya Nigeria umaze kubaka izina ku mugabane wa Afurika uzwi nka WizKid, yageze i Kigali aho aje mu gitaramo cya Beer Fest gitegurwa n’ikinyobwa cya Mutzig. Saa kumi n’ebyeri n’iminota 40 nibwo WizKid yageze ku kibuga cy’indege i Kanombe, aza ari kumwe n’itsinda ry’abantu bamuherekeje basaga 10 barimo n’abamucurangira. Umwe […]Irambuye

en_USEnglish