Tags : Nigeria

Dr. Kaberuka azasimburwa na Akinwumi Adesina wo muri Nigeria

Umugabo ukomoka muri Nigeria, Akinwumi Adesina wari Minisitiri w’Ubuhinzi muri icyo gihugu ni we watorewe kuyobora Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (African Development Bank), mu majwi yashyizwe ahagaragara ku wa kane tariki 28 Gicurasi Abidjan ku cyicaro gikuru cya BAD/ADB. Adesina afite imyaka 55 y’amavuko, asimbuye Umunyarwanda Dr Donald Kaberuka, wari uyoboye iyi banki mu gihe […]Irambuye

Abantu 8 barahatanira gusimbura Donald Kaberuka ku buyobozi bwa BAD

Abakandida umunani barahatana ngo bazasimbure Umunyarwanda Donald Kaberuka ku buyobozi bwa Banki Nyafurika itsura Amajyambere (BAD), mu gihe umugabe wa Africa usiganwa n’igihe ngo utere imbere. Iyi banki ifite abanyamuryango 80, bagizwe n’ibihugu 54 byo ku mugabane wa Africa n’ibindi bihugu 26 bitabarizwa kuri uyu mugabene. Amatora y’umuntu uzasimbura Dr. Kaberuka ateganyijwe ku wa kane […]Irambuye

Ubuhamya, Boko Haram yicaga abagabo, abana ibashyira imbere, abagore bagasambanywa

Abagore babohojwe mu maboko y’umutwe w’iterabwoba Boko Haram mu cyumweru gishize bavuze ko igihe bamaranye n’uyu mutwe, abagabo bicwaga umunsi ku munsi, naho abahungu bagategekwa kujya imbere mu mirwano mu gihe abagore bo bakoreshwa imirimo y’ubusambanyi. Euronews iravuga ko ubwo aba bagore batwarwaga mu nkambi y’impunzi aribwo batangaje ubuzima bubi bahuye na bwo mu mashyamba […]Irambuye

Nigeria: Abantu 13 bahitanywe n’igisasu cyaturikiye muri bisi

Updete Saa 18h38: Amakuru mashya ava mu gihugu cya Nigeria aravuga ko abantu 27 aribo bahitanywe n’igitero cy’ubwiyahuzi, Radio Ijwi rya America (V.O.A) Inkuru ya kare: Igitero cy’ubwiyahuzi cyahitanye abantu babarirwa mu icumi gikomeretsa abandi 30 mu kivunge cy’abantu ahategerwa imodoka zitwara abagenzi mu mujyi wa Potiskum, mu Majyaruguru y’Uburasirazuba bwa Nigeria kuri uyu wa […]Irambuye

Bitunguranye!!! Davido ahuriye na Perezida Kagame ku kibuga cy’Indege

Umuhanzi wo muri Nigeria uje kwifatanya n’abakunzi ba muzika igezweho bo mu Rwanda kwizizhiza ku nshuro ya 20 umunsi wo Kwibohoza, muri iri joro ubwo yari ageze ku kibuga cy’Indege agize amahirwe yo kuhahurira na Perezida Kagame n’umuryango we bararamukanya. Davido amaze gusohoka mu kibuga cy’Indege yavuganye gato cyane n’abanyamakuru mazea yinjira mu modoka yari […]Irambuye

en_USEnglish