Tags : Nigeria

Nigeria: Uwabaye Umujyanama wa Goodluck mu by’umutekano yafunzwe

Perezida wa Nigeria Muhammad Buhari yategetse ko uwahoze ari umujyanama mukuru mu bya gisirikare kuri Leta ya GoodLuck Jonathan afatwa agafungwa kubera ko ngo yanyereje miliyari ebyiri z’Amadolari zari zigenewe kugurwa intwaro zo kurwanya Boko Haram. Sambo Dasuki w’imyaka 60 arashinjwa guhimba amasezerano yaguriweho kajugujugu 12 za gisirikare, indege enye z’intambara za kabuhariwe, imbunda zitandukanye […]Irambuye

Nigeria: Ibisasu byaturikiye Abuja byahitanye abantu 18

Urukurikirane rw’ibisasu byaturikiye ahantu hatatu hatandukanye mu murwa mukuru Abuja byahitanye abantu 18 nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi. Ibisasu bibiri byabanje guturikira mu gace kitwa Kuje, umwiyahuzi yiturikirijeho igisasu ku biro bya Polisi, undi yiturikirizaho igisasu mu isoko. Ikindi gisasu cyaturikiye ahahagarara imodoka mu gace kitwa Nyanya. Nta mutwe wigambye iby’iki gitero ariko nk’uko bisanzwe haketswe ko […]Irambuye

Kigali: Polisi yasubije ibikoresho byibwe benebyo

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 29 Nzeri ku cyicaro cya Polisi ya Remera, habayeho gusubiza abaturage ibikoresho byafashwe byaribwe, birimo za televiziyo, mudasobwo (laptops), n’amatelefone. Umuvugizi wa polisi y’igihugu CSP Celestin Twahirwa yavuze ko Polisi y’igihugu yakajije umurego ndetse ishyiramo n’imbaraga zo guhangana n’abakora ibyaha aho bava bakagera. Yaburiye abakora ibyo bikorwa ko bashatse […]Irambuye

Nigeria: Umunyeshuri ushaje kuruta abandi ku Isi yitabye Imana atayarangije

Umukambwe wafatwaga nk’umunyeshuri ushaje kuruta abandi yitabye Imana ku myaka 94 y’amavuko nk’uko byatangajwe n’abo mu muryango we. Mohammud Modibbo ntiyabashije kwiga akiri umwana kuko icyo gihe yirirwaga azenguruka igihugu cye akora ubucuruzi. Yafashe icyemezo cyo kujya gutangira amashuri abanza afite imyaka 80, ubu yari umunyeshuri mu yisumbuye mu mujyi wa Kano uri mu Majyaruguru […]Irambuye

Nigeria: Ingabo zabohoje 178 bari barafashwe bunyago na Boko Haram 

Mu bitero bitandukanye byagabwe n’ingabo z’igihugu kuri iki cyumweru ku birindiro bitandukanye by’abarwanyi ba Boko Haram mu majyaruguru ashyira Uburasirazuba mw’intara ya Borno, ingabo zibasha kubohora abagera ku 178 bari barafashwe bunyago muri bo abenshi ni abana 101, abagore 67 n’abagabo 10. Mu mirwano ikomeye yabaye kuri iki cyumweru yashenye amwe mu makambi y’abarwanyi ba […]Irambuye

Nigeria: Perezida Buhari yagennye umuyobozi w’ingabo zizahashya Boko Haram

Maj Gen Iliya Abbah yagizwe umuyobozi w’umutwe w’ingabo ushinzwe kurwanya Boko Haram akaba yasimbuye kuri uwo mwanya Brig-Gen. T. Y. Buratai uherutse kugirwa umugaba mukuru w’ingabo za Nigeria na Perezida mushya Mohammad Buhari. Gen Iliya Abbah yari asanzwe ayobora ibikorwa bya gisirikare mu gace ka Delta du Niger. Uyu musirikare washyizweho asimbuye Buratai wari wagerageje, guhera mu kwezi […]Irambuye

Nigeria: Umukobwa w’imyaka 10 yiturikirijeho igisasu ahitana abantu 20 

Mu Majyaruguru ashyira Uburasirazuba bwa  Nigeria mu mujyi wa Damatura kuri iki cyumweru  umwana w’umukobwa w’imyaka 10 yiturikirijeho igisasu ubwo yari mu kivunge cy’abantu bari mu isoko ryitwa Sunday Market, abagera kuri 20 bahasiga ubuzima abandi bagera kuri 50 barakomereka. Nubwo nta muntu urigamba ubwo bugizi bwa nabi ngo bimenyerewe ko ibikorwa nk’ibi nta wundi […]Irambuye

Inama z’inararibonye: Kwiyemeza kwikorera, kwihangira umurimo…Bivuze iki?

Iki ni igice cya kabiri ku nyandiko y’umunyaNigeria Pastor Wale Akinyanmi umuhanga mu bujyanama mu kwihangira imirimo, amaze iminsi mu Rwanda mu rugendo rwo kwitegereza. Yifuje guha urubyiruko rw’u Rwanda ku bunararibonye bwe mu mahirwe yabonye urubyiruko rw’u Rwanda rufite. Inyandiko ye yayigeneye Urubyiruko rusoma Umuseke ngo rufunguke amaso rurebe uko rwatangira kwikorera ngo rutere […]Irambuye

Mu‘jeune’ soma inama z’inararibonye mu kurwanya ubushomeri

Ntabwo ubushomeri mu rubyiruko ari ikibazo cy’u Rwanda gusa, International Labour Organization (I. L. O) ivuga ko urubyiruko rungana na miliyoni 88 ku isi ruri mu bushomeri, aba bangana na 47% (agahigo ubu) bya miliyoni 186 z’abashomeri babarirwa ku Isi. Minisiteri y’Abakozi ba Leta mu Rwanda ishingiye ku ibarura ryo mu 2012 ivuga ko mu […]Irambuye

en_USEnglish