Tags : Ngororero

Yahoze ari umucengezi ubu ni umukuru w’umudugudu washakanye n’umusirikare wa

Ngororero- Mujawayezu Laurence wavuze mu izina ry’abaturage ba Ngororero baje kwakira Kandida Perezida Paul Kagame, yavuze ko yitandukanyije n’abacengezi mu buzima bukomeye yabagamo muri Congo Kinshasa, ubu akaba ari umukuru w’umudugu washakanye n’umwe mu basirikare ba RDF. Avuga ko kubera ibihuha yabwirwaga ubwo yabaga mu mashyama ya Congo, yatashye mu Rwanda afite ubwoba bw’uko ashobora […]Irambuye

Ngororero: Bafashijwe n”IMBONI’ bageze kuri ‘Demokarasi’ yo kuvuga ibitagenda

Bamwe baturage bo mu Karere ka Ngororero baravuga ko bageze ku rugero bw’ubwisanzure mu kuvuga icyo batekereza nta nkomyi cyangwa kubaza ubuyobozi ibibakorerwa muri gahunda z’iterambere nta ngaruka bibagizeho. Mu kiganiro Umuseke wagiranye na bamwe mu baturage bo mu Karere ka Ngororero, bamwe bavuga ko urugero bagezeho rwo kuvugira mu ruhame ibyo batishimiye byateguwe n’inzego […]Irambuye

Ngororero: Imiryaango 21 000 ituye mu manegeka…Hari kubakirwa 2 000

*Muri aka karere, abaturage bavuga ko abadafite ubushobozi bwo kwiyimura ari bo benshi, *Minisitiri Mukantabana yasabye abaturage kwirinda ibiza mbere y’uko bibageraho, *Mu mezi 9 ashize, u Rwanda rumaze gutakaza abantu 166, na miliyari 27 kubera ibiza… Kuri uyu wa Kane, u Rwanda rwifatanyije n’Isi yose kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kugabanya ingaruka ziterwa n’ibiza, mu […]Irambuye

Wari uzi ko uruhinja rw’amezi rusoma (Inyandiko)?…Uwabitojwe akurana itandukaniro

*Burya ntibasoma amagambo gusa, n’amashusho atanga ubutumwa, *Ngo n’umwana utarageza igihe cyo kujya mu mashuri y’Incuke hari byinshi yakwigishwa, *I Matyazo, impinja zitozwa gusoma…Ngo banahabwa impamyabumenyi! Abanyarwanda bo hambere ni bo bagize bati ‘Umwana apfa mu iterura’ bagaragaza ko icyo umwana atojwe akiri muto agikurana. Mu murenge wa Matyazo, mu karere ka Ngororero ho abaturage […]Irambuye

Ngororero: Yagabiwe inka n’abo basengana ubuyobozi buyimwaka kuko ngo afite

*Iyi nka yayihawe kubera ko yabyaye impanga z’abana batatu *Uyu muturage ikibazo cye yakigaragaje mu nama Umuvunyi Mukuru yagiranye n’abaturage ba Ngororero mu nta ngiriro z’iki cyumweru Mukandori Marie Solange umubyeyi ufite imyaka 42, atuye mu karere nka Ngororero mu kagali ka Rugendabari, umudugudu wa Mituga, wabyaye abana batatu b’impanga, ubu ngo barwaye bwaki kubera […]Irambuye

Ngororero: Kampani icukura amabuye y’agaciro yahaye abaturage inka 20

Kuri uyu wa gatatu taliki ya 06/Mata/2016 Kampani  ishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu karere ka Ngororero (Ngororero Mining Company) yahaye inka abaturage  20 batishoboye  mu rwego rwo guteza imbere imibereyeho yabo. Iki gikorwa cyo guha abaturage batishoboye inka cyabereye mu murenge wa Gatumba  kigamije kuzamura  imibereho y’abaturage  bafite ubushobozi buke. Jean Ruzindana uyobora kampani avuga […]Irambuye

“Shitani” mu biganiro bya Perezida Kagame n’abavuga bakumvwa i Rubavu

*Ati “Ntidushaka abasenga Shitani”, Ati “Shitani bamusobanura bate?” *Mu Rwanda, ubutagondwa mu idini ya Islam n’abandi babuza umutekano abasenga, amadini ubwayo natabica, Leta izajyamo. *Abayobozi ntibafata ibyemezo ku bibazo by’abaturage, byabaye “Ncire ibiryoshye, mire mire umuriro”. Mu kiganiro cyagejeje saa tanu z’ijoro, nyuma yo kubonana n’abaturage bo mu murege wa Mudende, Perezida Paul Kagame yaganiriye […]Irambuye

Ngororero: Impanuka yahitanye 4, naho 10 barakomereka bikomeye

Mu masaha ya mugitondo kuri uyu wa kane tariki 01 Ukwakira, mu Karere ka Ngororero, Umurenge wa Hindiro, Akagari ka Runyinya, Umudugudu wa Murambi, ahazwi nko mu rugabano habereye impanuka ikomeye y’imodoka nto itwara abagenzi (Taxi Mini bus) “Toyota Hiace” yarenze umuhanda, abantu bane (4) bahise bahasiga ubuzima, abandi 10 barimo n’uwari uyitwaye barakomereka bikomeye cyane. […]Irambuye

Ngororero: Abahinzi b’icyayi nabo ngo barashaka Kagame nyuma ya 2017

Kuri uyu wa kane tariki 30 Mata 2015 abahinzi b’icyayi 1 800 bo muri Kopertive COTRAGAGI-RUBAYA mu karere ka Ngororero bashyizeho umukono ku ibaruwa banditse basaba ko ingingo ya 101 y’Itegeko Nshinga ibuza umukuru w’igihugu kwiyamamariza manda zirenze ebyiri yahinduka kugira ngo Perezida Paul Kagame akomeze kubayobora kubera ibyo yabagejejeho nk’uko babivuga. Bavuze ko Perezida Paul Kagame […]Irambuye

en_USEnglish