Tags : MININFRA

MTN yatanze Miliyoni 50 Frw azakoreshwa mu kongera amashanyarazi no

Sosiyete y’Itumanaho ya MTN Rwanda yatanze inkunga ya miliyoni 50 z’amafaranga y’u Rwanda arimo miliyoni 25 azifashishwa mu kugeza amashanyarazi ku baturage bagera kuri 350 bo mu karere Gisagara na Nyaruguru andi akazakoreshwa mu kugura mudasobwa zizagenerwa Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’utugari kugira ngo banoze serivisi basanzwe batanga. MTN Rwanda ibinyujije mu mushinga wayo wa MTN Foundation […]Irambuye

Miliyoni 350$ zigiye gushorwa mu mashanyarazi ava kuri nyiramugengeri

*Uruganda ruzubakwa i Gisagara ruzatanga MW 80, *Mu mezi 33 uru ruganda ruzaba rwatangiye gutanga amashanyarazi. Minisitiri w’Ibikorwa remezo, James Musoni yatangaje ko guhera mu kwezi kwa mbere igiciro cy’umuriro w’amashanyarazi kizaba cyagabanutse kubera imishinga iri gukorwa, yabitangaje nijoro kuwa kabiri nyuma y’amasezerano yasinywe hagati y’umushoramari ugiye kubaka uruganda rw’amashanyarazi akomoka kuri nyiramugengeri mu Gisagara […]Irambuye

Mu Rwanda abubakisha inzu ngo bikorera n’ibishushanyo byazo batarabyize

Mu nama yari imaze iminsi ibiri i Kigali ihuje abahanga mu gukora ibishushanyo by’inyubako bakorera mu Rwanda, baganira ku buryo bwo kubungabunga imyubakire inoze, hirindwa ibihumanya ikirere no guha agaciro ibikoresho byo mu Rwanda, basabye Anyarwanda kutajya bihutira kujya gushaka ibikoresho by’ubwubatsi mu mahanga ya kure babisize mu Rwanda. Mu Rwanda ngo hari abantu bashaka […]Irambuye

RUHANGO/GITWE: Batewe impungenge n’ububi bw’umuhanda ubafasha mu bucuruzi

Abakoresha umuhanda Ruhango, Buhanda, Gitwe, bavuga ko ubateye impungenge zikomeye kuko utameze neza, kandi ari umuhanda nyabagendwa ukenerwa na benshi, bagasaba ko wakorwa mu rwego rwo korohereza abawukoresha. Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango Mbabazi Francois avuga ko iki kibazo bakizi bari gushaka uko bawukora. Abagana ku ivuriro rya Gitwe, abacuruzi bakorera Ruhango Gitwe n’abandi bakoresha uyu […]Irambuye

2020 u Rwanda ruzaba rufite abaturage 70% batuye neza bafite

Mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wagenewe imiturire ku Isi (World Habitat Day)  kuri uyu wa gatatu tariki 5/10/201 ikigo cy’igihugu cy’imiturire (Rwanda Housing Authority ) cyatangaje ko mu mwaka wa 2020 u Rwanda ruzaba rufite 70% y’abaturage batuye neza abandi 70% bafite amashanyarazi. Umunsi mpuzamahanga wagenewe imiturire wizihizwa buri ku wa mbere w’icyumweru cya mbere Ukwakira, […]Irambuye

KBS yaparitse imodoka 36 zabuze akazi, RURA igasaba ko zongerwa

*KBS ivuga ko hari imihanda yahuriyemo n’andi masosiyete akoresha imodoka nto bituma inini zayo zihagarara, *Ngarambe uyobora KBS avuga ko imodoka zikora zitazishyura ideni ry’imodoka zose zaguzwe, *RURA yo ihakana ko nta muhanda wambuwe KBS, ko ahubwo izo modoka zidakora zakongerwa mu muhanda kugira imonota itanu mu cyapa yubahirizwe. Mu kiganiro Umuseke wagiranye n’impande zombi, […]Irambuye

Bye bye ONATRACOM, RITCO yayisimbuye izatangirana n’umwaka utaha

Kuri uyu wa kabiri mu imurika ry’imihigo y’ibigo bikorera muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo no gusinyana na Minisitiri igiye kweswa, Umunyamabanga wa Leta muri iyi Minisiteri ushinzwe ubwikorezi yavuze ko ikigo RITCO cyasimbuye ONATRACOM, kandi ngo imodoka zicyo zizatangira gutwara abari mu bwigunge mu mwaka utaha. Mu bice bitandukanye by’icyaro abaturage usanga bataka ikibazo cy’imodoka zibatwara nyuma […]Irambuye

Burera: Kwigira kuri mudasobwa byafashije abana biga ku ishuri ribanza

 Nyuma y’imyaka itandatu ishize ishuri ribanza rya Kirambo riri mu karere ka Burera mu cyaro cya kure, rigejejweho gahunda ya mudasobwa kuri buri mwana (One Laptop per Child), abarimu bavuga ko iyi gahunda yazamuye imyumvire y’abana kuburyo idatandunye n’iy’abo mu mujyi, n’ubwo modem ibafasha kwiga Icyongereza n’ibindi igiye kumara amezi umunani idakora. Umulisa Claudine umwarimu […]Irambuye

Umugi si amazu…Uyahateretse ntabayarimo byaba ari ibibandahore-Prof Shyaka

*Ati “Serivisi zinoze ntabwo ari ugusekera abantu, ni ibikorwa mpinduramibereho” *Ab’i Rusizi ngo amata abyaye amavuta… Ku mugoroba wo kuri uyu wa 06 Nzeli, hamuritswe ubushakashatsi ku igenamigambi ryo guteza imbere imigi yunganira Kigali. Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere, Prof Shyaka Anastase avuga ko ibiranga umugi atari ibyiza biwurabagiranamo gusa nk’amazu y’imiturirwa ahubwo ko ari ibikorwa […]Irambuye

en_USEnglish