Tags : MININFRA

Mu Rwanda 90% by’abakora mu bwubatsi bacura inyemezabuguzi, bakanyereza imisoro

Abayobozi b’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (Rwanda Revenue Authority, RRA) baganiriye n’abakora ubwubatsi kugira ngo bakemure ikibazo cy’ubujura bw’imisoro, cyagaragajwe n’ubushakshatsi RRA yakoze mu 2015, bukagaragaza ko 90% by’abakora mu bwubatsi bacura inyemezabuguzi. Ubushakashatsi bwakozwe hashingiwe ku buryo abantu basora,  bwerekanye ko amasosiyete y’abubatsi 3 915 akorera mu Rwanda, bagasora ku cyigero cya 63%. RRA yasanze harimo […]Irambuye

Kwishyura amashanyarazi hagendewe ku byiciro by’ubudehe bigeze kure bitegurwa

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa gatatu, ikigo cy’Ikigihugu gishinzwe kugurisha umuriro w’amashanyarazi EUCL (Energy Utility Corporation Limited) kimwe mu bigize Ikigo cy’Igihugu gishunzwe ingufu z’Amashanyarazi, REG, bavuze ko gahunda yo kwishyura umuriro w’amashanyarazi hagendewe ku bushobozi bw’umuturage bigeze kure. Iki kiganiro cyari kigamije gusobanura gahunda yo kuvugurura system ya Cash Power iki kigo cya […]Irambuye

2017 Abanyarwanda 90% bazaba bafite amazi meza, 38,6% bafite amashanyarazi

Abayobozi ba Minisiteri y’Ibikorwa Remezo bafite icyizere ko Abanyarwanda 100% bizagera muri 2019 bafite amazi meza, kandi ngo ni intego yo kugira amashanyarazi MW 560 mu mwaka w’ingengo y’imari 2017/18 izagerwaho, ingo 90 000 zikazashyirwamo amashanyarazi muri 2017. Gusa, imiyoboro itajyanye n’igihe haba ku mazi n’amashanyarazi iracyari ikibazo cyo kwihutishwa gukemura. Mu kwezi gushize kwa […]Irambuye

Inzu bavuga ko ari ‘affordable’ natwe ntitwazigondera – Abadepite

Mu biganiro nyunguranabitekerezo ku ngengo y’Imari y’imyaka itatu ya Minisiteri y’Ibikorwa remezo, abadepite babajije abayobozi b’iyi Minisiteri icyo ikora kugira ngo inzu byitwa ko ari iza make ‘affordable houses’ ziboneke, ndetse bamwe bavuze ko izo nzu mu Rwanda zidashobora kuboneka mu gihe bigikorwa uko bimeze uku. Muri ibi biganiro byari byitabiriwe n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe […]Irambuye

Muhanga: Gusana umuhanda byatumye urushaho kwangirika

*Imirimo yo gusana uyu muhanda izatangwaho agera kuri miliyari 1,6 y’amafaranga y’u Rwanda Umuhanda wa kaburimbo  unyura mu mujyi rwagati wa Muhanga,  Horizon Construction  ni yo yatsindiye kuwusana.  Kuva imirimo yo kuwusana yatangira,  ubu nibwo urushaho kwangirika cyane kurusha uko wari usanzwe umeze mbere y’uko usanwa. Bamwe mu baturage  baturiye umuhanda wa kaburimbo  mu mujyi […]Irambuye

Ruyenzi: Mu gihe cy’imyaka 8 igiciro cy’ubutaka kikubye inshuro hagati

*Ruyenzi abenshi bahajya kuko hegereye Kigali, *Hari abahatuye babyaje umusaruro iterambere ryazanywe n’abimukiira Ruyenzi ni agace kari hakurya y’umugezi wa Nyabarongo ugabanya akarere ka Kamonyi n’Umujyi wa Kigali, abahatuye bavuga ko iterambere ryazanywe n’abimukiira ryatumye ubutaka buhenda cyane kugera aho igiciro cyikubye inshuro 60 ni ukuvuga 6 000% kugera ku 120 mu gihe cy’imyaka umunani […]Irambuye

Abadepite bafite impungenge nyinshi ku mikorere ya Sosiyeti izasimbura ONATRACOM

*Impungenge hari izishingiye ku buziranenge bw’imodoka zizasimbura iza ONATRACOM, *Ubwiyongere bw’igiciro kuko iyo Sosiyeti izaba igamije ubucuruzi binyuranye n’uko ONTRACOM yakoraga, *Leta ivuga ko yabyizeho mu buryo buhagije, ariko ngo nta tike ya make izaba ihari, buri wese azajya yishyura angana n’ay’undi, *RFTC yemerewe kuzakorana na Leta ikagira imigabane ingana na 48% hatabayeho ipiganwa. Ku […]Irambuye

Miliyari 2,5 ku kwezi zitangwa ku mashini zitanga amashanyarazi –

Kuri uyu wa kane i Kigali hatangijwe inama y’ibikorwaremezo mu ishoramari rigamije kongera amashanyarazi, Minisitiri w’Ibikorwa remezo, James Musoni yavuze ko abashoramari mu Rwanda bishyura buri kwezi amafaranga miliyari ebyiri n’igice yo kugura Petrol yifashishwa mu mashini ‘generetor’ zitanga umuriro w’amashanyarazi, bigatuma ikiguzi cy’umuriro kiba hejuru. Muri iri huriro u Rwanda rwaboneyeho kugaragaza imishinga igamije […]Irambuye

en_USEnglish