Tags : MININFRA

Kigali, umwe mu mijyi 20 muri Africa ifite umwihariko mu

Urutonde rukurikira ubushakahsatsi bwakozwe n’abantu b’inzobere mu kugenzura PwC, rwashyize umujyi wa Cairo mu Misiri ku mwanya ma mbere mu mijyi ifite amahirwe menshi y’akazi (opportunities) muri mijyi 20 yo muri Africa, Kigali yo ifite umwanya wa mbere mu gukurura ishoramari. Uru rutonde rwasohowe na PwC kuri uyu wa kabiri rugaragaza ko imijyi myinshi yo […]Irambuye

Police, MININFRA, EWSA bashyizeho itsinda ryo guperereza ku nkongi

Nyuma y’inkongi z’umuriro zikomeje kwibasira inyubako zitandukanye mu mujyi wa Kigali ndetse no mu karere ka Rubavu aho yibasiye Gereza y’aka karere, itsinda ry’ibigo na minisiteri birebana n’iki kibazo ni ukuvuga Polisi y’u Rwanda, ikigo gishinzwe ingufu, amazi n’isukura ( EWSA), ikigo gishinzwe imyubakire n’imiturire ndetse na Minisiteri y’ibikorwa Remezo ( MININFRA), rirajwe inshinga no […]Irambuye

Gukora inyigo nabi kwa MININFRA byagushije Leta mu gihombo

Minisiteri y’ibikorwa remezo MININFRA yakoze inyigo nabi ku mishinga yo kubaka ingomero nto zirindwi (7) z’amashanyarazi maze bigwisha Leta mu gihombo cy’amadorali hafi miliyoni eshanu. Ni ibyagaragajwe kuri uyu wa 20 Werurwe ubwo iyi Minisiteri yari mu Nteko Ishinga Amategeko imbere  ya Komisiyo ya Politiki uburinganire n’ubwuzuzanye bw’abagore n’abagabo mu iterambere ry’igihugu, yisobanura ku bijyanye […]Irambuye

en_USEnglish