Tags : MINEDUC

Kirehe: Ababyeyi barashaka ko amashuri y’inshuke akomeza gucumbikira abana

Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Kirehe mu Ntara y’Uburasirazuba baratangaza ko batashimishijwe n’uko Leta yafashe gahunda y’uko guhera mu mwaka w’amashuri utaha nta bana bo mu mashuri y’inshuke n’abanza bazamererwa gucumbikirwa ku ishuri. Bemeza ko iyi gahunda ntacyo yari itwaye kuko ngo bitababuzaga gukurikiranira hafi imyigire y’abana bityo bagasaba ko yakomeza na bo […]Irambuye

Ni ibiki byagezweho mu uburezi muri 2014/15? Abagana ishuri bariyongera

*Umabare w’abiga amasomo y’imyuga wavuye kuri 83,893 muri 2013 ugera kuri 93,024 muri 2014 *Kaminuza y’u Rwanda  (UR) yakiriye abanyeshuri 8,597 bashya *Umubare w’abana biga amashuri y’incuke wavuye kuri 142,471 muri 2013 ugera kuri 159,291. Ni bimwe mu byagaragajwe na Minisiteri y’Uburezi kuri uyu wa 12 Ukwakira ubwo yagaragazaga ibyagezweho mu burezi mu mwaka w’amashuri […]Irambuye

Imfura z’Ishuri rya Gikrisitu rya Kigali zarangije uwa 6 wisumbuye

*Hamwe no gusenga, aba banyeshuri ngo biteguye kuzitwara neza mu kizamini cya Leta, *Aba ni bo ba mbere barangije amashuri yisumbuye muri iki kigo, giherereye Kibagabaga muri Gasabo. Kuri iki cyumweru, ishuri rya Gikristu rya Kigali (Ecole Chretienne de Kigali), ryatanze impamyabushobozi ku banyeshuri 16 barirangirijemo bwa mbere amashuri yisumbuye, aba banyeshuri bavuga ko babifashijwemo […]Irambuye

Ubushakashatsi bwagaragaje ko Komite z’ababyeyi ahenshi mu bigo by’amashuri ari

Ubushakashatsi bwakozwe n’umuryango urwanya ubujiji mu rubyiruko “Fight Illiteracy Youth Organization (FIYO)” ku bufatanye n’umuryango witwa “Norwegian People’s Aid” ku ruhare rwa za Komite z’ababyeyi mu miyoborere y’ibigo abana babo bigamo bwagaragaje ko izo Komite nta ruhare runini zigira mu micungire n’imiyoborere y’ibigo cyane cyane mu bigo byigenga. Ubu bushakashatsi bwakorewe mu Turere 5 two […]Irambuye

Nsengiyumva Albert wari umunyamabanga bwa Leta muri MINEDUC yahagaritswe

Nk’uko tubikesha itangazo ry’ibiro bya Minisitiri w’Intebe, kuri uyu wa kabiri tariki 27 Ukwakira, uwari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) ushinzwe amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro, Eng Albert Nsengiyumva yahagaritswe ku mirimo ye bitunguranye. Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi riragira riti “Ashingiye kubiteganywa n’itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda nk’uko ryavuguruwe kugeza […]Irambuye

‘Bourse’ y’amezi 2 abanyeshuri barayibona vuba aha izatangwa mu buryo

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane tariki 15 Ukwakira 2015, ubwo Minisitiri y’Uburezi na Banki y’u Rwanda itsura Amajyambere (BRD) basinyanaga amasezerano agamije guhindura uburyo inguzanyo yatangwaga ku banyeshuri ba kaminuza, Minisitiri w’Uburezi Dr Papias Musafiri yavuze ko ‘Bourse’ y’amezi abiri yamaze gutegurwa, ikazatangwa vuba aha mu buryo bwari busanzwe. Aya masezerano aje mu […]Irambuye

Muhanga: Abanyeshuri 28 birukanywe bazize kwigaragambya

Abanyeshuri 28 bo mu ishuri ryisumbuye Sainte Marie Reine birukanywe n’Ubuyobozi bw’ikigo bazira imyigaragambyo irimo kumena ibirahuri, n’inzugi by’ikigo. Mu kiganiro Umuyobozi w’ishuri ryisumbuye rya Collège Sainte Marie Reine, Padiri Nshimyumuremyi Evariste, yagiranye n’Umuseke yatangaje ko ibi ibikorwa by’urugomo aba banyeshuri bose bigaga mu mu cyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, batangiye kubijyamo guhera kuri uyu wa […]Irambuye

Ngoma: Igihano cyo kwirukana umwana ku ishuri ntikivugwaho rumwe

Bamwe mu barimu bo mu turere twa Ngoma na Kirehe mu Ntara y’Uburasirazuba babangamiwe n’uko abana batagihabwa igihano cyo kwirukanwa igihe gito ku ishuri bazazana n’umubyeyi (week end), ababyeyi bo bagasanga iki gihano kidakwiye ku munyeshuri, ariko Minisiteri y’Uburezi iratangaza ko icyo gihano kitigeze kivaho igihe umwana yakoze ikosa ritakwihanganirwa. Minisiteri y’Uburezi iravuga ko kwirukana […]Irambuye

Nta kibazo hagati ya University of Kigali na HEC –

Mu kiganiro n’abanyamakuru Ubuyobozi bwa Kaminuza ya Kigali (University of Kigali ) bwatangaje ko nta kibazo iyi kaminuza yigeze igirana n’Inama y’Igihugu y’Uburezi (Higher Education Council) ishinzwe kugenzura niba kaminuza zujuje ibisabwa ngo yemerwe n’amategeko. Mu ntangiriro z’ukwezi kwa Nzeri, Kaminuza ya Kigali ishami rya Musanze ryari ryabujijwe gutangira kwigisha bitewe na gahunda ya Leta […]Irambuye

en_USEnglish