Tags : Leon Mugesera

Uyu munsi Mugesera yari kongera gushinjwa, Avoka ararwara birasubikwa

Mu rubanza Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bukurikiranyemo Leon Mugesera ibyaha birimo ibya Jenoside bishingiye ku ijambo yavugiye muri ‘meeting’ yo ku Kabaya rifatwa nk’iryatije umurindi Jenoside yakorewe Abatutsi; kuri uyu wa 13 Nyakanga 2015 Urukiko ntirwabashije kumva umutangabuhaya (ushinja uregwa) utarasoje ubuhamya bwe kuko uyu munsi uregwa atari yunganiwe. Muri uru rubanza rumaze imyaka isaga itatu; […]Irambuye

Mugesera yavuze ko ibyabaye mu Rwanda byatewe n’intambara yo muri

“Yavuze ko Inyenzi arizo zateye, ngo ntabwo ari Abatusti bari mu gihugu”; “We ngo mbere ya 1990 yari abanye neza n’abaturanyi be, nta mwiryane wari uhari”. Aha Dogiteri Leon Mugesera ukurikiranywe n’Ubushinjacyaha bw’u Rwanda kugira uruhare mu gucura no kunoza umugambi wa Jenoside yanengaga Ubuhamya bwatanzwe na Kadogo Hashim aho uregwa yabwiye Urukiko ko kuba […]Irambuye

Mugesera yakomerejwe. Atashye ataburanye kubera uburwayi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 18 Kamena urubanza Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buregamo Dr Leon Mugesera kugira uruhare mu gucura umugambi wa jenoside rwasubitswe nyuma y’aho uregwa agaragarije Urukiko ko arwaye bikomeye. Hagati mu iburanisha riheruka nibwo yafashwe arataka cyane. Mu iburanisha riheruka, Mugesera ushinjwa gukangurira Abahutu kwanga Abatutsi abinyujije mu ijambo yavugiye muri ‘meeting’ […]Irambuye

Mugesera yafashwe n’uburwayi butunguranye mu iburanisha

Mugesera ukurikiranywe n’Ubushinjacyaha bw’u Rwanda ibyaha bya Jenoside bishingiye ku ijambo yavugiye muri ‘meeting’ yo ku Kabaya mu 1992; mu iburanisha ryo kuri uyu wa 16 Kamena yagiye agaragaza uburwayi butunguranye, yari mu gikorwa cyo kunenga ubuhaya bw’umutangabuhamya w’Ubushinjacyaha. Ubwo yanengaga ubuhamywa bwatanzwe n’umutangabuhamya wahawe izina PMF (ngo arindirwe umutekano); Mugesera yaje gufatwa n’uburwayi mu […]Irambuye

Mugesera uvugwa mu byabaye mu Rwanda ni undi utari jye

“…Bigaragaza ko uwo bavuga ari Mugesera fabriqué(wacuzwe)”; “Ibyo bamuvugaho ni mythe,… ni uguca umugani rwose”; Dr.Leon Mugesera ukurikiranywe n’ubushinjacyaha ibyaha bijyanye na Jenoside yakorewe Abatutsi bishingiye ku ijambo yavugiye ku Kabaya rifatwa nka rutwitsi; kuri uyu wa 11 Kamena yabwiye Urukiko ko kuba umutangabuhamya PMG nta handi yamutanzeho ubuhamya bigaragaza ko Mugesera uvugwa mu kirego […]Irambuye

Mugesera yasomye inyandikomvugo abona amakosa 428 mu mpapuro 6

*Salama ni we mutangabuhamya wari ugezweho, Mugesera agira icyo amuvugaho *Mugesera yamushinje kurangwa no kwivuguruza, kugendera ku mabwire no kuba uruganda rucura ubuhamya, *Mugesera yavuze ko ubuhamya bwa Salama yabwandikiwe akabufata mu mutwe, ndetse ngo yakoresheje imvugo yuje umujinya kuri Mugesera, *Salama ngo yari muri ‘Guerre Croisade’ kuri Mugesera, *Mugesera yasomye indandikomvugo yakozwe na ‘greffier’ […]Irambuye

Mugesera ngo ntagikora Sport kubera aho urubanza rugeze

Mugesera ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside bishingiye ku ijambo yavugiye ku Kabaya ryashishikarizaga ubwicanyi ku batutsi, kuri uyu wa 29 Mata 2015 yakomeje umwanya we wo kunenga abatangabuhamya bamushinje. Avuga ko atari guhabwa umwanya uhagije wo kubavugaho kandi ngo ari umurimo ukomeye kuwutegura ku buryo atakibona akanya ko gukora siporo. Ngabikeye Ananias niwe mutangabuhamya wanenzwe na […]Irambuye

Mugesera yasabye ko urubanza rwe ruba ruhagaze mu minsi 100

“ Igihe cy’Icyunamo ni igihe cy’ishavu,… ni igihe cy’agahinda,.. ni igihe cy’akababaro gakomeye”; “ Uru si urubanza rubonetse rwose, ni urwa Genocide, kandi icyunamo turimo muri iki gihe cyabayeho kubera Genocide”; “ Abacamanza nabo ni abantu nk’abandi, mu bagize ibyago nabo barimo, birashoboka ko mu gihe nk’iki babogama”. Ibi ni bimwe mu bisobanuro byatanzwe na […]Irambuye

Mugesera yanze kuburana kuko amataratara ye yamenetse

Kuri uyu wa kane tariki 26 Werurwe 2015 mu rubanza rwa Leaon Mugesera yagombaga kugira icyo avuga ku mutangabuhamya wa kabiri umushinja, mu ma saha ya saa 8h55 za mugitondo, urubanza ntirwabaye nk’uko byari byitezwe. Leon Mugesera yabwiye urukiko ko atabasha kuburana kuko amataratara ye yamenetse bityo asaba ko  yahabwa iminsi kugira ngo muganga we amuhe andi mashya. […]Irambuye

Mugesera ejo yituye hasi muri Gereza, byatumye uyu munsi yanga

*Yanze kugira icyo avuga ku bamushinja *Ejo ngo yituye hasi akomereka ku mutwe *Habaye impaka z’igihe kwa muganga basabye Mugesera kugarukira Mu rubanza Dr. Leon Mugesera akurikiranyweho kugira uruhare mu byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, kuri uyu wa 18 Werurwe 2015 yagombaga kugira icyo avuga ku bantu babiri bamutanzeho ubuhamya. Yanze […]Irambuye

en_USEnglish