Tags : Leon Mugesera

Breaking News: Mugesera ahamijwe ibyaha bitatu ahanishwa gufungwa BURUNDU

*Icyaha cyo kuba icyitso gishingiye ku cyaha cyo gushishikariza mu ruhame kandi mu buryo butaziguye gukora icyaha cya Jenoside, *Icyaha cyo gutoteza nk’icyaha kibasiye inyokomuntu, *Icyaha cyo kubiba urwango mu baturage ashingiye ku moko. *Icyaha cyo gucura no gutegura umugambi wa jenoside n’Icyaha cy’Ubufatanyacyaha mu gukora jenoside, ntibyamuhamye. Mu rubanza Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda bwari […]Irambuye

Urubanza rw’ubujurire rwa Leon Mugesera rwimuriwe ku ya 7 Werurwe

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 11 Mutarama, Leon Mugesera ushinzwe ibyaha byo gushishikariza gukora Jenoside, yitabye urukiko rw’Ikirenga mu rubanza rw’ubujurire ku mutangabuhamya w’ubushinjacyaha utarumviswe n’urukiko, ariko iburanisha ry’uru rubanza ryimuriwe tariki ya 7 Werurwe 2016. Leon Mugesera akurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ahanini bishingiye ku ijambo ‘Amahembe ane […]Irambuye

Mugesera na Avoka we Rudakemwa bageze mu rw’Ikirenga bajurira

*Me Rudakemwa yaciwe ihazabu inshuro eshatu. Zose hamwe yaciwe 1 400 000Fwrs; *Mu rw’Ikirenga yemeye ihazabu yaciwe inshuro imwe gusa ndetse ko yayishyuye; *Ubushinjacyaha bwatunguwe n’ibyatangajwe n’Avoka wa Mugesera; *Mugesera we ngo ibyakurikiye icyo ari kujuririra bikwiye guteshwa agaciro. Mu rubanza rw’ubujurire bwatanzwe na Dr Mugesera wajuririye icyemezo cyafashwe n’Urukiko Rukuru cyo kutumva umwe mu […]Irambuye

MINIJUST yatumijwe mu rubanza ruregwamo Mugesera

Mu rubanza Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buregamo Leon Mugesera ibyaha bya Jenoside bishingiye ku ijambo yavugiye muri ‘meeting’ yo ku Kabaya; kuri uyu wa 30 Nzeri Urukiko rwamenyesheje impande zombi ko Minisiteri y’Ubutabera itumijwe kugira ngo isobanure imishyikirano uwunganira uregwa yavuze ko ari kugirana n’iyi minisiteri. Ni icyemezo cyasomwe mu masaha ya saa sita; mu gihe […]Irambuye

Urukiko rwanzuye ko nta gihe kizongera gutakara mu rubanza rwa

Urukiko rukuru ku Kimihurura kuri uyu wa kabiri rwafashe imyanzuro ku busabe bwa Leon Mugesera wifuzaga kongererwa igihe cyo gusoma imyanzuro y’Ubushinjacyaha ikubiyemo ibihano bwamusabiye, ndetse n’ikibazo cy’umwunganizi we wahamijwe gutinza urubanza nkana. Urukiko rwavuze ko ibi byose nta gaciro rubihaye kuko bigamije gutinza urubanza, ndetse ko ubu ngo nta gihe kizongera gutakara muri uru […]Irambuye

Avoka wa Mugesera yacurishije ‘Repos Medical’ ngo atinze urubanza

*Kuwa 06 Nzeri; Me Rudakemwa na muganga wamuhaye repos Medical bahuriye mu kabari *Bucyeye bwaho ngo ni bwo Repos Medical yacuzwe bisabwe na Me *Umuganga ngo ntiyari azi ko uwo yandikiye Repos medical ari Avoka *Urukiko rwanzuye ko byakozwe hagamijwe gutinza urubanza. Bikubiye mu cyemezo cyasomwe kuri uyu wa 10 Nzeri,  Urukiko Rukuru rwasomeye Ubushinjacyaha […]Irambuye

Mugesera yagarutse mu rukiko. Yasabye ko nta perereza rikorwa kuri

 “Twakwifuriza Me kurwara ubukira, birababaje biteye n’agahinda”; “Kuba umuntu arwaye ntibikwiye ko byakorwaho iperereza.” Mu gitondo cyo kuri uyu wa 07 Nzeri; Leon Mugesera ukurikiranyweho ibyaha birimo kubiba urwango mu banyarwanda nk’imwe mu ntandaro za Jenoside yakorewe Abatutsi; yagurutse mu rukiko nyuma y’ikiruhuko cy’abacamanza cy’ukwezi kwa munani gushize. Uyu munsi yabwiye Urukiko ko kuba Avoka […]Irambuye

Ese MUGESERA yaba atinza nkana urubanza? Ni mpamvu ki?

*Ni we munyarwanda wa mbere woherejwe na Canada ku byaha bya Jenoside *Akigezwa mu Rwanda yavuze ko aje guhangana n’Inkiko zaho *Yatangiye kuburanishirizwa mu Rwanda mu ntangiro za 2012 *Ubushinjacyaha bwakunze kumutunga agatoki ko “atinza urubanza nkana.” “Naje ntafashe ifunguro rya mu gitondo; ndumva mu nda ntakirimo; ndakubwe (ndashaka kujya mu bwiherero); mfite rendez-vous ya […]Irambuye

Uwunganira Mugesera yabuze. Urukiko, Ubushinjacyaha na Mugesera ubwe ntibazi ibye

“Kuva kwa kane mvuye aha kugeza uyu munsi kuri iyi saha ntituravugana, ntituranabonana” Mu gitondo cyo kuri uyu wa 03 Kanama, Mugesera ukurikiranyweho n’Ubushinjacyaha bw’u Rwanda ibyaha bya Jenoside, yabwiye Urukiko ko atazi amakuru y’umwunganira mu mategeko, ibi byatumye urubanza rusubikwa kuko Urukiko kimwe n’Ubushinjacyaha nabo batazi amakuru y’uyu mugabo. Mu iburanisha riheruka, Me Jean […]Irambuye

Mugesera yavuze ko PME amushinja ashaka kumwihimuraho

“Mu 1990 kubera umwuka mubi hari Abatutsi benshi bahungiye mu ngo z’Abahutu”;  “Yavuze ko yari agiye kwicirwa muri Gereza kubera jye. Yazinduwe no kwihimura”. Ni mu rubanza Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buburanamo na Leon Mugesera ku byaha birimo ibya Jenoside bishingiye ku ijambo yavugiye muri meeting yo ku Kabaya, kuri uyu wa 20 Nyakanga uregwa yabwiye […]Irambuye

en_USEnglish