Tags : Kicukiro

Kanombe: Yiyahuje umuti w’imbeba ntiyapfa, maze yimanika mu mugozi

*Nyirabuja yamwanduje SIDA maze aramukwepa *Yari yaramwijeje byose amucika nta na kimwe amuhaye Kicukiro – Dieudonne Nsengiyumva umusore w’imyaka 23 gusa, mu gitondo cyo kuri uyu wa kane abaturage bo mu mudugudu wa Nyarutovu mu kagari ka Karama Umurenge wa Kanombe bamusanze yapfuye yimanitse mu giti akoresheje umugozi, kuwa kabiri akaba nabwo yari yagerageje kwiyahura […]Irambuye

Masaka: Abaturage bariruhutsa ko batazongera kuvoma amazi ya Nyabarongo

Abaturage bo mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Masaka, Akagali ka Mbabe barishimye kuko ngo batazongera kuvoma amazi yanduye yo mu mugezi wa Nyabarongo, bavomaga amazi yanduye kandi bakoze urugendo rurerure,  akenshi ijerekani yaguraga amafaranga 400. Ku bufatanye bw’Akarere ka Kicukiro, n’Umushinga Water for People na Coca Cola, bashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa ivomo rusange […]Irambuye

Gahanga: Umurambo w’umusore watoraguwe mu gihuru

Mu gitondo kuri uyu wa Gatatu hari umurambo w’umusore uri mu kigero cy’imyaka 29 watoraguwe mu gihuru giherereye mu mudugudu wa Kaboshya mu Kagali ka Rwabutenge mu Murenge wa Gahanga. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gahanga Florence Ntakontagize yabwiye Umuseke ko ahagana sa tatu za mu gitondo ari bwo uwo murambo wabonetse. Umurambo wa nyakwigendera ngo […]Irambuye

Kicukiro: Abagore bifite bakusanyije 4000 000Frw bafasha bagenzi babo bataratera

*Umunsi w’abagore ngo ni uw’umuryango kw’ishima ngi si uwo kugirango abagore bakubite abagabo. Mu karere ka Kicukiro Umunsi w’Umugore wizihirijwe mu Murenge wa Gikondo, abagore bo mu mirenge itatu bishoboye basangije bagenzi babo batishoboye ku byo bagezeho, baremera abatishoboye bakora ubucuruzi buciriritse ngo bongere igishoro abandi baboroza inka abandi bafashwa kubona matelas zo kuryamira. Kuri […]Irambuye

Umuyobozi ureka umuturage akubaka mu manegeka yahanwa nk’umucengezi – Maj

Umuyobozi w’ingabo mu Mujyi wa Kigali no mu Ntara y’Iburasirazuba Maj Gen Mubarakh Muganga avuga ko abayobozi bemerera abaturage kubaka ahantu hateje akaga ikiiza cyaza kigatwara ubuzima bw’abantu ari nk’umucengezi. Ngo amategeko aramutse abyemeye bahanwa nk’uko abacengezi bahanwe. Hari mu nama yaguye y’abayobozi bose mu karere ka Kicukiro bari bahuriye i Gikondo kuri iki cyumweru […]Irambuye

Kicukiro: Abafundi bahangayikishijwe n’abo bakorera bakabambura

Mu nama y’ihuriro ry’abafundi, ababaji, n’abanyabukorikori (STECOM-Kicukiro) yabahuje ku cyumweru, bagaragaje impungenge batewe n’uko bamwe mu babaha akazi babambura cyangwa bagata imirimo bakoraga. Umuyobozi w’Akarere ka Kicukiro yabasabye kujya bagirana amasezerano n’ababaha akazi. Iyi nama yateguwe na Cellule Specialisee ishinzwe ubwubatsi muri FPR-Inkotanyi, abanyamuryango ba STECOMA-Kicukiro babanje guhabwa amasomo ajyanye n’amahame ya FPR n’amateka yayo. […]Irambuye

Kicukiro: Ingo 43 zahembewe kwesa umuhigo w’isuku

Ingo 43 zo mu tugari dutandukanye mu Mirenge igize Akarere ka Kicukiro zahembwe bimwe mu bikoresho bibikwamo amazi. Ibi bihembo izi ngo zabihawe nyuma yo kwesa neza imuhigo w’isuku. Iki ni igikorwa cyatewe inkunga n’umuryango utegamiye kuri Leta ushinzwe gukwirakwiza amazi mu baturage (Water for People). Ibikoresho byatanzwe ni ibigega bito bibikwamo amazi bifite agaciro […]Irambuye

Kicukiro: Afite abana 8, yapfushije umugabo undi aramuta,…Hari abari kumugoboka

*Abana 8 yababyaranye n’abagabo babiri, umwe (umugabo) yarapfuye, undi aramuta, *Aho yakodeshaga yageze aho abura ubwishyu, nyiri inzu akuraho urugi, *Nyuma y’ubuzima bushaririye ubu ari kugobokwa n’abagiraneza… Murekatete Ziada w’imyaka 40 atuye mu Mudugudu wa Murambi, mu Kagari ka Cyimo, mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro, ni umubyeyi w’abana Umunani, avuga ko nyuma […]Irambuye

Ntawe udakunda igihugu cye uretse abahemuka kubera inda nini-Capt Kayigire

Mu gikorwa cyo gutora Umunyamabanga wungirije mu nama y’Igihugu y’urubyiruko mu karere ka Kicukiro, kuri uyu wa Gatandatu, Capt T. Kayigire yabwiye urubyiruko rwari rwitabiriye iki gikorwa ko burya Abanyarwanda bose bakunda igihugu ariko ko hari bamwe bagira inda nini bigatuma bagihemukira. Capt. Kayigire wasabaga uru rubyiruko kwirinda kugwa mu mutego wo kugirira nabi igihugu […]Irambuye

en_USEnglish