Tags : Kicukiro

Babuze abagabo ari bato baritunga kandi banyotewe n’iterambere

Mukamugema Julienne wo muri Kicukiro na Mukashema Rosette ni abagore bitunze nyuma yo guca mu bibazo bikomeye byo gupfakara cyangwa gutabwa n’umugabo ari bato, ubu ubuzima bwabo ntibushingiye ku mugabo, ahubwo bushingiye ku mbaraga z’ubwonko bwabo, kandi batunze neza abana basigaranye. Aba bagore baganiriye n’Umuseke mu mahugurwa barimo yateguwe n’umuryango udaharanira inyungu witwa Kemit, mu […]Irambuye

Kicukiro: Gare ya Nyanza yuzuye itwaye za miliyoni ariko n’ubu

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kicukiro buvuga ko hakiri ikizere ko izakoreshwa, abaturage batuye mu bice bya Rebero, Murambi, Karembure na Nyanza bo baracyari mu bibazo byo gutega imodoka kuko bibasaba gutega kabiri bavuye mu mujyi, kandi nyamara amabwiriza RURA yahaye kompanyi zitwara abagenzi ni uko imodoka zizamuka zikagera muri iriya gare ubu idakoreshwa kandi yaruzuye itwaye […]Irambuye

Kicukiro: Isoko rya Centre rirafunze, abarisohowemo bakavuga ko batunguwe

Kuva kuriuyu wa kabiri tariki 01 Ukuboza, isoko rya Kicukiro Centre rirafunze mu rwego rwo kurivugurura kugira ngo rijyane n’igihe; abaryimuwemo bo  bifuzaga kurisorezamo uyu umwaka bo bakavuga ko bimuwe mu buryo bwabatunguye. Nk’uko itangazo ry’Akarere ka Kicukiro ryabisabaga, abacurizi bose bavuye mu isoko rya Kicukiro Centre bitarenze tariki 01 Ukuboza 2015. Ubwo UM– USEKE […]Irambuye

Kicukiro: Yambuwe ikibanza n’uwo akeka ko ari umukozi w’Akarere

Benengagi Cyprien amaze imyaka itanu mu kibazo cy’ikibanza avuga ko yariganyijwe n’umukozi w’Akarere ka Kicukiro utaramenyekana wandikaga inzandiko mu izina ry’umuyobozi w’Akarere akitirira icyo kibanza undi muturage. Uyu muturage yashakishijwe na Police arabura, naho Benengagi avuga ko kuko nta mbaraga n’amafaranga afite ikibazo cye aho kigeze hose kititabwaho. Benengagi avuga ko mu Ugushyingo 2010 ikibanza […]Irambuye

Umukobwa wigaga muwa 6 yahitanywe n’impanuka ku Kicukiro

Hafi saa kumi z’amanywa kuri uyu wa gatatu mu murenge wa Kagarama ku muhanda wa Kicukiro uva mu Bugesera, imbere y’ibiro by’Akarere ka Kicukiro, habereye impanuka y’imodoka yahitanye umwana w’umukobwa wagendaga iruhande rw’umuhanda, hakomeretse kandi abandi batatu barimo umwe umerewe nabi. Iyi mpanuka yabereye aha nyuma y’iminsi 11 gusa muri metero nka 500 uvuye aha […]Irambuye

Classic Hotel yatanze ubufasha ku barokotse batishoboye ku Kicukiro

Ku gicamunsi cyo kuri  uyu wa gatanu ubuyobozi n’abakozi ba Classic Hotel iherereye mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Kicukiro, batanze ubufasha ku barokotse Jenoside batishoboye bo mu murenge wa Kicukiro bugizwe n’ubwisungane mu kwivuza ku bantu 100 ndetse n’imifuka ya Ciment 100 yo gusana inzu zabo zangiritse. Usibye iyi nkunga ku batishoboye, Classic […]Irambuye

Police yerekanye abibye ibikoresho by’agaciro karenga 3,000,000

Kicukiro – Kuri uyu wa 22 Kanama kuri sitasiyo ya polisi ya Kicukiro herekanywe abagabo bakurikiranyweho ubujura bw’ibikoresho bitandukanye, harimo iby’umuntu umwe bifite agaciro ka miliyoni eshatu. Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane nibwo polisi yahawe amakuru ko mu muyji wa Kigali hari ubujura bw’ibyuma by’umuziki. Police mu gitondo kare kuri uyu wa 21 […]Irambuye

Umuhanzi Riderman yatawe muri yombi nyuma y’impanuka

Kicukiro – Kuri uyu wa kane mu gitondo ahitwa Rwandex ku muhanda wa Remera – Ville,  habereye impanuka aho imodoka zitwara abantu (bus) zagonganye n’ivatiri yari itwawe n’umuhanzi Riderman. Amakuru aravuga ko uyu muhanzi Riderman yaba yagize uruhare muri iyi mpanuka kubera gutwara yanyoye inzoga. Riderman uyu yahise atabwa muri yombi, nk’uko Mugemana Jean wari […]Irambuye

en_USEnglish