Tags : #Kagame

Urukiko rushobora kwemeza UBUTINGANYI muri Leta zose za USA

Urukiko rw’Ikirenga muri Leta zunze Ubumwe za America kuri uyu wa kabiri rurasuzuma niba Ubutinganyi bwakwemerwa n’amategeko mu gihugu hose. Nyuma y’aho iki kibazo cyari cyasuzumwe mu 2013, Urukiko rw’Ikirenga muri America rurongera gusuzuma ingingo idasanzwe mu gihe cy’amasaha abiri n’igice. Abaturage bahangayikishijwe n’iki kibazo gikomeye kandi giteje impaka mu muryango w’Abanyamerika, amagana y’abashyigikiye buri […]Irambuye

El Fasher: Ingabo za RDF ziri mu butumwa bw’amahoro zatangiye

Izi ngabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye (UNAMID) zatangiye imirimo yo gusana ishuri ribanza riri ahitwa Jugujugu mu mujyi wa El Fasher, muri Km 7 hafi n’ibirindiro by’ingabo z’u Rwanda (Rwanbatt44 Super Camp). Iki gikorwa kizaterwa inkunga na UNAMID binyuze mu cyitwa umushinga utanga impinduka vuba (Quick Impact Project), bikorwe n’ingabo z’u Rwanda zagiye […]Irambuye

Rusumo: Isoko mpuzamahanga ku mupaka rizafasha abajyaga kurangura i Kigali

Kuri uyu wa 24 Mata 2015, Ministiri w’Ubucuruzi n’Inganda mu Rwanda, Francois Kanimba mu ruzinduko yagiriye mu Ntara y’Uburasirazuba mu karere ka Kirehe yasuye ibikorwa bitandukanye, anareba aho igishushanyombonera cy’isoko rizafasha mu bucurzi bwumbukiranya imipaka rya Rusumo kigeze. Kanimba yasuye aho iri soko rizubakwa ku mupaka wa Rusumo uhuza u Rwanda na Tanzania, aganira n’abacuruzi […]Irambuye

“Abavuga ko Nkurunziza atemerewe kwiyamamaza barata igihe,” – CNDD-FDD

Nyuma y’inama isadanzwe y’abarwanashyaka ba CNDD-FDD kuri uyu wa gatandatu, Perezida Nkurunziza yemejwe nk’umukandida uzahagararira iryo shyaka mu matora y’umukuru w’igihugu agiye kuza, Pascal Nyabenda umuyobozi w’iri shyaka akaba yavuze ko abavuga ko Nkurunziza atemerewe kwiyamamaza barimo guta igihe. Imyigaragambyo y’abamagana iki cyemezo yabikurikiye kuri iki cyumweru yaguyemo abantu babiri. Pascal Nyabenda yemeje ko Nkurunziza ari […]Irambuye

Nta nyungu u Rwanda rwakura mu gutuma Abarundi bahunga –

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa gatanu Minisitiri ushinzwe Impunzi n’Imicungire y’ibiza yavuze ko u Rwanda rwahaye ‘status’ y’ubuhunzi Abarundi 11 000 bahungiye mu Rwanda, ahakana yivuye inyuma ko u Rwanda nta ruhare rufite mu gutuma Abarundi bahunga nk’uko biherutse kuvugwa n’abategetsi mu Burundi. Minisitiri Mukantabana Seraphine yavuze ko u Rwanda rugendeye ku mategeko y’imbere […]Irambuye

Rwanda: Indangagaciro y’igihe duhora tuyivuga ku munwa mu ngiro ntayo

Mu Rwanda kubahiriza igihe bisa n’ibyabaye guca umugani ku manywa ku bantu bamwe ndetse n’inzego za Leta n’abikorera. Umuntu ntatinya kugutumira mu birori runaka cyangwa mu gikorwa yateguye, wahagera ugategereza isaha imwe ikarangira, iya kabiri ikaza ndetse n’iya gatatu ikaba yakwihirika! Ahanini dukunda kuvuga ko igihe ari amafaranga, ndetse tukanabyubahira ‘Abazungu’ ngo uyu muntu ni […]Irambuye

Abacamanza bo muri EAC bariga ku mbogamizi zabangamira ubucuruzi

Kigali: 20/4/2015 Abacamanza baturutse mu bihugu bitanu bigize Umuryango uhuza ibihugu byo muri Africa y’Iburasirazuba (EAC), barasuzuma uburyo bwo gukemura amakimbirane n’impaka bishobora kubangamira ubuharirane n’ubucuruzi ku banyamuryango b’ibi bihugu. Prof Sam Rugege watangiye iyi nama izamara iminsi itatu, yavuze ko abacamanza baziga uko imanza z’ubucuruzi zigomba gucibwa, muri uyu muryango wa EAC ngo kuko […]Irambuye

IBUKA yashinje UN kuba indorerezi muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubwo imiryango ibarizwa mu muryango w’abibumbye (United Nations, UN) ikorera mu Rwanda yakoraga umuhango wo kwibuka abahoze ari abakozi bayo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, kuri uyu wa 16 Mata 2015 ku cyicaro cy’ishami ry’umuryango w’abaibumbye ryita ku iterambere UNDP, Ibuka yavuze ko UN yabaye indorerezi kandi  kugeza na n’ubu nta […]Irambuye

en_USEnglish