Tags : Gasabo

Tuyisenge yarangije KIST mu 2012 akoresha abakozi 11, afite inama

*Uyu musore ukiri muti yarangije Kaminuza mu 2012, ashinga kampani ikora ikanubaka ‘pavees’ *Gutangira biragora na we byaramutonze asubira kuri 0 nyuma arazanzamuka ubu ahagaze bwuma, *Hari ibigega byemera gufasha imishinga y’urubyiruko, icyambere ni ugutinyuka. *Yatsindiye igihembo cy’indashyikirwa mu imurikagurisha rya ba rwiyemezamirimo bakiri bato. Tuyisenge Emmanuel ni umusore uri mu kigero cy’imyaka hagati ya […]Irambuye

i Kigali hari aho bita ‘Mukubitumwice’ (bahita kandi muri Suwani)

*Agace ko muri Kigali gatuwe ahanini n’abantu bafite amikoro make. *Indaya zidafite ubushobozi bwo kuba mu Migina niho zibera. *Haba urugomo n’inzoga zitemewe. *Nta bwiherero buhagije buhaba abayobozi barasaba Leta kugira icyo ikora. Mukubitumwice cyangwa muri Suwani, ni agace gato kagizwe n’akajagari karimo inzu zishaje gaherereye mu murenge wa Kimironko, bavuga ko haba indaya zitabasha […]Irambuye

Gasabo mu gihombo kinini harimo n’ideni abayobozi bafitiye Akarere

.Akarere ka Gasabo nako kituriye mu myanya y’inyuma .Gafite igihombo kinini harimo n’ideni Mayor afitiye Akarere .Gasabo ariko niho hakoreramo inzego nkuru z’ubutegetsi na Perezidansi Ubwo umugenzuzi w’Imari ya Leta yasuraga aka karere agenzura imikoreshereze y’ingengo y’imari y’umwaka wa 2012-2013 yasanze Gasabo ifite igihombo kinini harimo n’amadeni abayobozi bayo bafitiye Akarere nk’uko byagaragajwe kuri uyu […]Irambuye

Abanyarwanda ntitukiri abo gusigarizwa – Kagame

Udutera inkunga nawe aba afite aho yavanye; Abadutera inkunga nabo ni ibiremwa nkatwe; Hari ibyo baba baraharaniye bakabigeraho; Natwe twabigeraho; Aya ni amwe mu magambo yumvikanye mu mbwirwaruhame ya Perezida Kagame kuri uyu wa 09 Nzeri ubwo yagezaga ubutumwa yageneye abaturage b’i Gikomero mu karere ka Gasabo. Aya magambo atari mashya muyo Perezida Kagame avuga, […]Irambuye

Ministre w’Intebe mushya: Bamuvuga iki aho atuye?

Benshi batunguwe n’ihinduka ryatunguranye rya Ministre w’Intebe, abantu bongera gutungurwa cyane no kumenya ko Anastase Murekezi ariwe wagizwe Ministre w’Intebe mushya. Murekezi ni umukozi wa Leta ubimazemo igihe kinini, ni umugabo utarakunze kuvugwa cyane, yewe no ku rwego rwa Ministre si kenshi yavuzwe mu bitari ibyerekeye akazi ke. Abaturanyi be n’abandi bamuzi babwiye Umuseke iby’imibereyeho […]Irambuye

Ibiyobyabwenge bifite agaciro ka 19 000 000Rwf byatwitswe

 Ku kimoteri cya Nduba mu murenge wa Nduba mu karere Gasabo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda yatwitse 350Kg  na bule ibihumbi  7 586 by’urumogi ndetse yangiza kanyanga n’izindi nzoga zitemewe byose bifite agaciro ka miliyoni zisaga 19 y’u Rwanda. Ibi ni ibyinshi ni ibyafashwe mu gihe cy’ibyumweru […]Irambuye

Kwibuka: Abarokokeye i Masoro bafite impungenge ko amateka y'iwabo azazima

Mu muhango wo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Kagari ka Masoro, mu Murenge wa Ndera, mu Karere ka Gasabo, abaharokokeye baratangaza ko bafite impungenge ko iterambere ry’inganda ririmo kugera aho barokokeye rishobora kuzazimanganya amteka banyuzemo nihatagira igikorwa mu maguru mashya. Ni ku ncuro ya kabiri abarokokeye i Masoro b’ibutse ku rwego rw’Akagari ka […]Irambuye

Urusengero rwa EPEMR rwabujijwe gufungura

Mu itanganzo ryasohowe n’Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo ryatangaje ko inzu Magnificat House, yari gutangira gukoreramo ibikorwa by’idini rya Eglise de Pentecote Emmanuel au Rwanda (EPEMR)  kuva kuri uyu wa gatandatu, itemerewe gusengerwamo kuko  itujuje ibisabwa.  Ni nyuma y’uko ubuyobozi bukuru bwa EPEMR bwari bwarararikiye abaturage baturiye kariya gace kuzaza kwifatanya nabo kuri uyu wa […]Irambuye

en_USEnglish