Tags : Gambia

Adama Barrow watorewe kuyobora Gambia yahungiye muri Senegal

Adama Barrow watowe n’abaturage ngo ayobore Gambia kuri iki Cyumweru yabaye ahungishirijwe muri Senegal baturanye kugeza igihe cyo kurahirirra imirimo mishya kigeze. Uku kumuhungisha ni uburyo bwo guha umwanya Yahya Jammeh ngo atange ubutegetsi neza kugira ngo uwatowe abone uko agaruka mu gihugu adafite undi umuteye impungenge. Kugeza ubu Perezida wacyuye igihe Yahya Jammeh yaranangiye […]Irambuye

ECOWAS yegereye Jammeh bwa nyuma ngo arekure ubutegetsi

Abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’Africa y’Iburengerazuba bigamije ubufatanye mu bucuruzi (ECOWAS) bari muri Banjul, Gambia, kuganira bwa nyuma na Perezida Yahya Jammeh ngo bamusabe kurekera ubutegetsi uwo abaturage batoye ariwe Adama Barrow. Ibi bishyigikiwe na Nkhosazana Dlamini –Zuma ukuriye Umuryango w’Africa yunze ubumwe.   Mu mpera z’icyumweru gitaha nibwo Perezida Jammeh agomba kurekura ubutegetsi. Ba […]Irambuye

Gambia: Yahya Jammeh yagejeje ijambo ku baturage, nta byo kurekura

Perezida wa Gambia, Yahya Jammeh yaraye agejeje ijambo ku batuye igihugu abasaba ko bategereza umwanzuro w’Urukiko rw’Ikirenga kuko ngo nirwo ruzemeza uwatowe nka Perezida. Ijambo rye ryakurikiye umwanzuro w’Urukiko rw’Ikirenga uvuga ko ruzaterana muri Gicurasi 2017 kugira ngo abacamanza basuzume ikirego cyatanzwe n’ishyaka rya Perezida Jammeh risaba ko amatora yasubirwamo. Urukiko rw’Ikirenga rwimuriye urubanza muri […]Irambuye

Gambia: Perezida wa Komisiyo y’Amatora ‘yabuze’

Perezida wa Komisiyo y’Amatora muri Gambia, (Independent Electoral Commission, IEC) yagiye mu bwihisho, nk’uko byatangajw en’abo mu muryango we bavuganye na BBC. Hari amakuru ahwihwiswa ko Alieu Momar Njai, watangaje ko Perezida Yahya Jammeh yatsinzwe amatora mu Ukuboza 2016, ko yaba yahunze igihugu. Perezida Yahaya Jammeh mbere yemeye ibyavuye mu matora yari yatsinzwemo na Adama […]Irambuye

Gambia: Yahya Jammeh ntaremera ibyavuye mu matora, yaburiye ingabo za

Perezida Yahya Jammeh yavuze ko icyemezo cy’Umuryango w’Ibihugu bya Africa y’Iburengerazuba cyo kohereza ingabo muri Gambia ngo zimukure ku butegetsi ku mbaraga igihe azaba yanze kuburekura, ari ‘ugutangaza intambara ku magaragaro’. Abayobozi b’ibihugu mu muryango uhuza ibihugu bya Africa y’Iburengerazuba (ECOWAS), bafashe icyemezo cyo kohereza ingabo z’uwo muryango ku wa kane w’icyumweru gishize, ni nyuma […]Irambuye

Gambia: Ingabo za Senegal ziteguye gukuraho Yahya  Jammeh

Igihugu cya Senegal cyiteguye gukuraho Perezida wa Gambia, Yahya Jammeh igihe cyose yaba yanze kurekura ubutegetsi ku munsi wa nyuma wa manda ye tariki 19 Mutarama 2017, nk’uko byemejwe n’umwe mu bayobozi b’Umuryango w’Ubukungu muri Africa y’Iburengerazuba Ecowas. Ingabo ziteguye “Stand-by forces” ziryamiye amajanja ku kuba isa n’isaha zakoherezwa kujya gushyira mu bikorwa ugushaka kw’abaturage […]Irambuye

Gambia: Ba Ambasaderi 11 basabye Jammeh kurekura ubutegetsi

Ba Abambasaderi 11 ba Gambia mu bihugu bitandukanye ku Isi basabye Perezida Yahya Jammeh kurekura ubutegetsi akanashimira Adama Barrow wamutsinze mu matora. Ubusabe bw’aba ba Ambasaderi buje nyuma y’aho Perezida Yahya Jammeh afashe icyemezo cyo kwanga ibyavuye mu matora, yatsinzwe na Adama Barrow watangajwe tariki ya 1 Ukuboza, ndetse mbere Jammeh akaba yari yemeye ko […]Irambuye

Gambia: Abakuru b’ibihugu bane ntibemeje Yahya Jammeh kwera ibyavuye mu

Intumwa ya UN yaburiye Perezida wa Gambia Yahya Jammeh ko azafatirwa ibihano bikomeye igihe azaba agerageje kuguma ku butegetsi. Mohammed Ibn Chambas, intumwa ya UN muri Africa y’Iburengerazuba yasabye ingabo za Gambia kuva ku biro bya Komisiyo y’Amatora zigaruriye ku wa kabiri. Yagize ati “Kwigarurira ibiro bya Komisiyo y’Amatora ni igikorwa giteye isoni, kitanubahisha ubushake […]Irambuye

Gambia: Perezida Jammeh yisubiyeho ahakana ibyavuye mu matora

Yahya Jammeh, Perezida wa Gambia yisubiyeho ahakana ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu aheruka gutangaza ko yememeye gutsindwa mu ntangiriro z’uku kwezi, nyuma y’icyumweru kimwe yatangaje ko hagomba kuba andi matora. Kuri televiziyo y’igihugu, Perezida Jammeh yavuze ko hari ibidasanzwe byabaye mu matora “abnormalities” asaba ko amatora asubirwamo. Perezida Jammeh, wageze ku butegetsi ku ngufu za […]Irambuye

en_USEnglish