Tags : Gambia

Senegal yamenye ko hari abashaka gukora Coup d’Etat muri Gambia

Muri raporo yatanzwe n’inzego z’iperereza za Senegal yemeza ko hari amakuru afatika ko hari bamwe mu bahoze bashyikigiye Yahya Jammeh wahoze ayobora Gambia bifuza kuzamugarura ku butegetsi binyuze mu guhirika ubutegetse. Ubutasi bwa Senegal bwemeza ko abashaka guhitana Perezida mushya Adama Barrow baherereye muri Mauritania, Guinea Bissau no muri Guinea Conakry. Amakuru ari kunonosorwa n’inzego […]Irambuye

Gambia: Yahya Jammeh ngo yisahuye miliyoni 50$ mu kigega cya

Urukiko rukuru rwa Gambia rwameje ko ubwo uwahoze ayobora kiriya gihugu yahungiraga muri Guinée Equatoriale umwaka ushize ngo yagiye asahuye ikigega cya Leta miliyoni 50 $. Uru rukiko rwafashe icyemezo cyo gufataho ingwate imitungo yose yasize muri kiriya gihugu. Yahya Jammeh arashinjwa kuba yarasahuye igihugu akoresheje kuriganya amafaranga ibigo byacuruzaga services z’itumanaho cyane cyane Ikigo […]Irambuye

Gambia: Leta nshya yakuyeho icyemezo cya Perezida Jammeh cyo kuva

Guverinoma ya Gambia iriho muri iki gihe iyobowe na Perezida Adam Barrow yandikiye Umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres imumenyesha ko yo idakomeje umugambi wo kwikura mu Rukukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) umugambi watangijwe na Perezida wavuyeho Yahya Jammeh. Ubutegetsi muri Gambia bwandikiye Antonio Guterres bumubwira ko Leta nshya ishyigikiye iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’ikiremwa muntu, demokarasi, imiyoborere […]Irambuye

Gambia: Uwahoze arinda Jammeh birakekwa ko ‘yari agiye kwivugana Barrow’

Perezida Adama Barrow birakekwa ko yari agiye kwivuganwa na Sergeant Baboucarr Njie waraye afatiwe mu musigiti wasengerwagamo na Barrow. Uyu musirikare muto wahoze ari mu barinda Jammeh yafashwe yitwaje imbunda nto ya Pistol yari yuzuye amasasu. Uyu musirikare wiyemerera ko ari mu bahoze barinda wahoze ari umukuru wa Gambia, Yahya Jammeh, ntibiramenyekana niba yashakaga kwica Perezida […]Irambuye

Perezida mushya wa Gambia yahungutse yageze i Banjul

Kuri uyu wa Kane, mu masaha y’umugoroba i Kigali, Adama Barrow uherutse kurahirira kuyobora Gambia ari mu buhungiro muri Senegal yavuye muri icyo gihugu atahutse ngo ajye gushyira mu bikorwa inshingano yahawe n’abaturage. I Dakar yasezewe n’abayobozi bamuherekeje ku kibuga cy’indege, ku isaha ya saa 19h10 i Kigali ni bwo Barrow yari ageze i Banjul. […]Irambuye

Gambia: Adama Barrow yashyizeho umugore uzamwungiriza

Perezida mushya muri Gambia, Adama Barrow yagize Visi Perezida we umugore uzwi cyane ndetse wigeze kuba mu butegetsi bwa Yahya Jammeh nyuma akiyunga n’abatavuga rumwe na we, akaba ari na we watangaje ko azageza mu butabera Yahya Jammeh. Hari bamwe batangiye kunenga icyemezo cya Perezida Barrow bavuga ko Fatoumata Jallow-Tambajang w’imyaka 68, atari akwiye kujya […]Irambuye

Gambia: Yahya Jammeh yatangaje ko azarekura ubutegetsi mu mahoro

Perezida wa Gambia, Yahya Jammeh wari waranangiye akanga ko yatsinzwe amatora, yatangaje ko azava ku butegetsi mu mahoro. Kuri Televiziyo y’igihugu, yavuze ko bitari ngombwa ko hagira n’igitonyanga kimwe cy’amaraso kimeneka kubera ko yanze kuva ku butegetsi. Iri tangazo ryabanjirijwe n’ibiganiro byamaze umwanya munini Jammeh aganira n’abahuza bo muri Africa y’Iburengerazuba. Ntiyigeze avuga mu magambo […]Irambuye

Gambia: Adama Barrow yarahiriye kuyobora igihugu ari mu buhungiro muri

Adama Barrow, watangajwe tariki ya 1 Ukuboza 2016 nk’uwatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Gambia, yarahiriye kuyobora igihugu nka Perezida mushya. Barrow yarahiriye muri Ambasade ya Gambia muri Senegal ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki 19 Mutarama. Yamaze kwemerwa nka Perezida wa Gambia mu rwego mpuzamahanga. Gusa, Perezida watsinzwe amatora, Yahya Jammeh yanze kurekura […]Irambuye

Ghana na yo yemeje ko izohereza ingabo 200 muri Gambia

Igihugu cya Ghana cyemeje ko kizohereza ingabo zibarirwa muri 200 mu rwego rwo gushyigikira ibikorwa by’Umuryango wa Ecowas, bigamije kuvana ku butegetsi Perezida wa Gambia, Yahya Jammeh igihe yaba akomeje kwanga kurekura ubutegetsi. Umuvugizi w’ingabo muri Ghana, Col Aggrey Quashie yemereye BBC ko igikorwa cyo kohereza ingabo kizaba mu minsi mike iri imbere. Ghana yasohoye […]Irambuye

Ubwato bw’intambara bwa Nigeria bwerekeje muri Gambia

Ubwato bushya bw’intambara bwa Nigeria (NNS Unity), bwerekeje mu Gambia bwitegura ko igihe cyose bwakoreshwa mu ntambara yo gukuraho Perezida Yahya Jammeh wanze kwemera ibyavuye mu matora mu gihe yakabaye ava ku butegetsi ku wa kane w’iki cyumweru. Amakuru ava mu ngabo za Nigeria yamenywe na BBC ni uko ubwo bwato bw’intambara buri mu nyanja […]Irambuye

en_USEnglish