Tags : Gambia

Gambia: Jammeh yahamagaye Barrow amwifuriza ihirwe anamushimira ko yamutinze

Inkuru yo gutsindwa amatora kwa Perezida Yahya Jammeh, amazina ye yose ni “Sheikh Professor Alhaji Dr Yahya AJJ Jammeh Babili Mansa”, yatangaje abatuye Gambia n’Isi muri rusange, hari hasigaye kumenya ko uyu wari umaze imyaka 22 ku butegetsi yemera ibyavuye mu matora, gusa yavuze ko yemera ibyayavuyemo anashimira Adama Barrow wamutsinze. Yahya Jammeh, wafatwaga nk’umunyagitugu […]Irambuye

Gambia: Adama Barrow yatsinze Yahya Jemmeh mu matora ya Perezida

Muri Africa byari bikunze kuvugwa ko amatora aba hazi uzayatsinda, muri Gambia ibintu bisa n’ibihinduye isura, nyuma y’aho Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangaje imibare y’ibyavuye mu matora, Adama Barrow utari umenyerewe muri Politiki, ni we watsinze amatora. Adama Barrow yagize amajwi 263, 515, (45,54%) naho Perezida wari ku butegetsi Yahya Jammeh mu gihe cy’imyaka 22 agira  […]Irambuye

Benin: Patrice Talon utavuga rumwe n’ubutegetsi yatsinze amatora ya Perezida

Mu gihugu cya Benin mu matora y’Umukuru w’Igihugu, uwari Minisitiri w’Intebe Lionel Zinsou yemeye ko yatsinzwe n’uwari uhagarariye uruhande rw’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwariho, umucuruzi (businessman) Patrice Talon, uzasimbura Perezida Thomas Boni Yayi. Umuyobozi w’Akanama gashinzwe amatora muri iki gihugu yatangaje ko Patrice Talon yatsinze amatora y’icyiciro cya kabiri n’amajwi 65%, aho uwari Minisitiri w’Intebe, Lionel […]Irambuye

Min. Busingye yakiriye mugenzi we wa Gambia

Nyuma yo kwakira no kuganira na mugenzi we w’ubutabera muri Gambia kuri uyu wa kabiri, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru Minisitiri Johnston Busingye yavuze ko nubwo muri Africa y’uburengerazuba hari ibihugu bimwe bigicumbikiye bamwe mu bakekwaho Jenoside ariko kugeza ubu nta numwe muri bene aba uraboneka muri Gambia. Nyuma y’ibiganiro by’aba bayobozi Min Busingye yabajijwe niba […]Irambuye

en_USEnglish