Tags : Francis Kaboneka

U Rwanda rwigeze kumenyekana nk’igihugu gifite abapagasi benshi – Min

*Ati “Hari abahunganye agasambi n’agasafuriya bagataha mu ndege, bamwe ubu ni ba Minisitiri”, *Yaganirije urubyiruko ku nzira u Rwanda rwaciyemo kugira ngo rugere aho rugeze ubu. Mu nteko rusange y’Urubyiruko ibaye ku nshuro ya 20, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Francis Kaboneka yaganirije abahagarariye urubyiruko ku mateka y’imiyoborere y’u Rwanda, avuga ko ababaye muri iki gihugu mbere […]Irambuye

Kirehe: Police yatanze amazi meza n’amashanyarazi mu ngo 155

Ku rwego rw’igihugu ahatangirijwe igikorwa cya Police Week mu karere ka Kirehe hatanzwe amashanyarazi ku miryango 155 n’amazi meza yagejejwe ku batuye mu murenge wa Kigarama. Minisitiri Francis Kaboneka na IGP Emmanuel Gasana basabye abaturage bahawe ibi bikorwa kubibungabunga no kubibyaza umusaruro. Aha mu murenge wa Kigarama aho iki gikorwa cyatangirijwe, Police ifatanyije n’abaturage bahanze […]Irambuye

Ikiganiro cya Minisitiri Kaboneka n’umuturage begeranye

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Francis Kaboneka ku wa mbere atangiza icyumweru cy’Ubujyanama mu mujyi wa Kigali yatunguye benshi mu baturage, ahamagaza umwe muri bo i Gahanga ngo aze baganire begeranye. Mu buryo bwo gutebya, Minisitiri Kaboneka yabazaga uwo muturage witwa Hajamahoro Rasaro w’imyaka 37, wabwiye Umuseke ko atuye mu mudugudu wa Rugando II mu kagari ka […]Irambuye

U Rwanda ruyobowe na Perezida Kagame ntabwo ari urw’akajagari –

Mu gutangiza icyumweru cy’Abajyanama ku rwego rw’Umujyi wa Kigali, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu yavuze ko abaturage n’abayobozi bagomba gufatanya kubaka igihugu no kugera ku iterambere. Asubiza umuturage wavuze ko yangiwe kubaka, Kaboneka yavuze ko hari ubwo bikorwa ku bwo gutegera ejo hazaza, kuko ‘U Rwanda ruyobowe na Perezida Paul Kagame atari urw’akajagari’. Ni mu kagari ka […]Irambuye

Leta igiye gukura abakene kuri ‘serumu’ ibafashe byose izakurikirane impinduka

Mu biganiro byiga icyakorwa ngo gahunda za Leta zigamije guteza imbere abaturage zigere ku ntego zazo, byabereye muri Sena ku wa kane w’icyumeru gishize, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Francis Kaboneka yatangaje uburyo bushya Leta yatangiye gukoresha buzakura abaturage mu bukene, ngo aho gutanga inkunga y’intica ntikize ‘serumu’, umuturage azahabwa byose by’ibanze ‘minimum package’ akurikiranwe nyuma y’imyaka […]Irambuye

Impaka mu Bayobozi bakuru ku byiciro by’ubudehe nk’igipimo fatizo mu

Mu myanzuro yavuye mu nama nyunguranabitekerezo ku ishyirwa mu bikorwa rya gahunda za Leta zo kuvana Abanyarwanda mu bukene yateranyije Abasenaterei, n’abandi abayobozi barimo ba Minisitiri, abayobozi b’Intara, umugi wa Kigali n’uturere, kuri uyu wa 17 Ugushyingo aba bayobozi bemeranyijwe ko gutoranya abagenerwabikorwa bigomba gushingira ku bibazo bizahaza imiryango, birinda kugira icyo bavuga ku byiciro […]Irambuye

Kaboneka arasaba abayobozi b’Inzego z’ibanze kurebera kuri Perezida Kagame

Mu nama y’inteko rusange y’umugi wa Kigali yahuje abayobozo bo mu nzego z’ibanze, kuri uyu wa 29 Kanama, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, Francis Kaboneka yasabye aba bayobozi gutega amatwi abo bayobora bagakemura ibibazo byabo nk’uko umukuru w’igihugu cy’u Rwanda abigenza. Kaboneka yanasabye Njyanama kujya begera abaturage bakumva ibibazo bafite kugira ngo bishakirwe umuti mu maguru mashya. Ati […]Irambuye

Nasho: Abaturage barashinjwa kudindiza imirimo y’umuherwe Buffet

*Iki kibazo cyahagurukije Abaminisitiri batatu, *Abaturage barashyira mu majwi abayobozi b’ibanze, *Ngo abaturage banga kuzana ibyangombwa ngo bahabwe amafaranga y’ingurane. Mu Burasirazuba bw’u Rwanda, Minisiteri z’Ubuhinzi n’Ubworozi n’iy’Ubutegetsi bw’Igihugu n’imibereho myiza y’abaturage zirashinja abaturage bo mu murenge wa Nasho mu karere ka Kirehe gutinza nkana imirimo y’umushinga wo kuhira imyaka w’umuherwe wo muri Amerika Howard […]Irambuye

Min.Kaboneka arasaba ko itegeko ry’ibyangombwa by’ubutaka rivugururwa

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka arasaba Inteko Ishinga Amategeko kuvugurura itegeko rigenga imitangire y’ibyangombwa by’ubutaka kuko ngo iririho rigora abaturage kandi rimwe na rimwe rigateza ibibazo. Ibi Minisitiri Kaboneka yabigarutseho kuri uyu wa kane, ubwo yarimo asobanurira Komisiyo y’Abadepite ishinzwe uburenganzira bwa muntu ku bibazo bireba inzego z’ibanze byagaragaye muri raporo ya Komisiyo y’uburenganzira bwa […]Irambuye

Abaguze inzu Leta yubakira abatishoboye bagiye kuzamburwa – Min. Kaboneka

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka yatangaje ko mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’umubare uhora uzamuka y’abatishoboye basaba basaba Leta kubakirwa, ngo abantu bose baguze amazu Leta yari yubakiye abatishoboye bagiye kuyamburwa yongere ahabwe abandi batishoboye noneho bashaka kuyabamo. Minisiteri Francis Kaboneka ubwo yasobanuriraga Komisiyo ishinzwe uburenganzira bwa muntu mu Nteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite ibibazo […]Irambuye

en_USEnglish