Tags : Francis Kaboneka

Nta weguye kubera impamvu ze bwite, haba hari ibibazo badashobora

15 Mutarama 2015 – Mu kiganiro cya mbere n’abanyamakuru muri uyu mwaka wa 2015 Perezida Kagame yasubije ibibazo bitandukanye, ibya FDLR, iby’icyerekezo 2020, icy’iterabwoba riherutse mu Bufaransa, ndetse n’icyabayobozi b’uturere baherutse kwegura mu Rwanda ni bimwe mu byo yatinzeho. Kuri iki cyanyuma yavuze ko nta muyobozi wegura ku mapmvu ze bwite ahubwo hari ibibazo baba […]Irambuye

Imyumvire yo ‘kuniganwa ijambo’ igenda icika – Min Kaboneka

Kigali, 20 Ukwakira 2014 – Mu nama nyunguranabitekerezo ku byavuye mu kwezi kw’imiyoborere kwatangiye kuwa 22/09/2014 kukaba kugiye gusozwa, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka yavuze ko iby’imyumvire y’abayobozi badaha umwanya abaturage ngo bavuge ibitekerezo n’ibibazo byabo biri kugenda bihinduka. Yibukije abaturage ko nabo bagomba kumenya ko bafite uruhare runini mu kwikemurira ibibazo byabo. Muri rusange […]Irambuye

Min Kaboneka YARAKARIYE BIKOMEYE inzego z’ubuyobozi Iburasirazuba

Mu nama nyunguranabitekerezo y’Intara y’iburasirazuba yateranye kuri uyu wa 08 Ukwakira i Rwamagana, igahuriza hamwe abayobozi barenga 1500 b’iyi ntara kuva ku rwego rw’umudugudu kugeza kuri Guverineri, Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka yagaragaje akababaro yatewe no gusanga hari abayobozi bamwe babujijwe kubaza ibibazo muri iyi nama kugeza ubwo ubwabo bamwoherereza ubutumwa bugufi (SMS) inama irimo. […]Irambuye

Abayobozi batita ku bibazo by’abaturage hari ibihano bafatirwa – Min.

19 Nzeri 2014, Kacyiru – Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka avuga ko abayobozi bagira uburangare mu gukemura ibibazo by’abaturage byanze bikunze bubagiraho ingaruka ndetse hari ibihano bibagenerwa n’ubwo bitajya kumugaragaro. Hari mu kiganiro n’abanyamakuru cyasobanuraga ku itangizwa ry’ukwezi kw’Imiyoborere, ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere RGB, ukwezi kuzaba hagati ya tariki 22 Nzeri na 24 Ukwakira […]Irambuye

en_USEnglish