Tags : France

France: Umugaba w’ingabo yeguye kubera kutumvikana na perezida kuri ‘Budget’

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu Umugaba mukuru  w’ingabo muri France, Gen. Pierre de Villiers yeguye ku mirimo ye nyuma yo kutumvikana na perezida Emmanuel Macron kw’igabanywa ry’ingengo y’imari yahabwaga igisirikare. Ingengo y’imari y’igisirikare cya France muri uyu mwaka wa 2017 yagabanutseho miliyoni 850 z’amayero. Mw’itangazo yasohoye mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu, […]Irambuye

NTILIKINA yinjiye muri NBA, yafashwe na New York Knicks

Mu mateka umukinnyi ukomoka mu Rwanda yinjiye muri shampionat ya Basketball ikomeye ku Isi, NBA. Frank Ntilikina, yaraye atoranyijwe n’ikipe ya New York Knicks mu ijonjora ry’abakinnyi bakiri bato binira muri NBA (NBA Draft). Ku myaka 18 gusa, uyu musore w’Umufaransa Knicks iramubonamo umu meneur de jeu w’ahazaza hayo, ubu yakinaga mu ikipe ya Starsbourg […]Irambuye

France: Hervé Berville ukomoka mu Rwanda yatorewe kuba Depite

Hervé Berville, umukandida w’ishyaka La République en Marche yaraye atorewe kuba intumwa ya rubanda mu guce ka Côtes-d’Armor. Yagize amajwi 64,17% ahigitse  Didier Déru umukandida w’ishyaka ry’aba Républicains wagize amajwi 35,83 % nk’uko bivugwa na AFP. Uyu musore Hervé Berville watowe yavukiye mu Rwanda ahava afite imyaka ine (4) ajyanwa mu Bufaransa kubera Jenoside yakorerwaga […]Irambuye

France: ‘Umunyarwanda’ uhatanira kuba Umudepite afite icyizere cyo gutsinda

Hervé Berville ntiyitaye ku kuba akomoka mu Rwanda cyangwa azaba ari Umwirabura muri bake bashobora kuzaba bagize Inteko Nshingamategeko y’UBufaransa, yizeye ko yatowe ngo ahagararire agace abarizwamo ashoboye, kandi ngo abatora barashaka impinduka. Ku myaka 27 y’amavuko, Hervé Berville wavukiye mu Rwanda akaba yarakuriye muri  Mozambique no muri Kenya nyuma yo kwakirwa n’umuryango w’Abafaransa ni we […]Irambuye

Afghanistan: Ibisasu byahitanye abarenga 80 abandi 350 barakomereka

Mu masaha make ashize ibisasu byaturikiye mu murwa mukuru wa Afghanistan, Kabul hafi ya za Ambasade z’UBudage, U Bufaransa na USA bihitana abantu bagera kuri 80 abandi 350 barakomereka mu bamaze kubarurwa. Kugeza ubu ngo ntiharamenyekana neza icyari kigambiriwe n’abagabye iki gitero ariko Minisitiri w’Intebe w’UBuhinde yakise igitero cy’iterabwoba, avuga ko yifatanyije n’imiryango y’ababuze ababo. […]Irambuye

Abafaransa batoye Emmanuel Macron ngo abe ari we ubayobora

Mu gihugu cy’UBufaransa uzasimbura Francois Hollande ni Emmanuel Macron nk’uko amajwi abigaragaza. Macron yatsinze ku majwi 65,8% naho mukeba we Marine Le Pen agira amajwi 34,2%. Emmanuel Macron w’imyaka 39 y’amavuko ntabwo yari azwi ku rwego rukomeye cyane mu Bufaransa mu gihe cy’imyaka itatu ishize, yaje gushinga ishyaka yise En Marche, yigarurira imitima y’urubyiruko cyane […]Irambuye

Muri Cameroon bari kwamagana Igifaransa, bane bahasize ubuzima

Abanyamategeko n’abarimu bahanganye bikomeye n’icyo bita ‘ikandamizwa’ (influence) bavuga ko bakorerwa n’abavuga Igifaransa, mu buzima bwabo bwa buri munsi mu gihe igihugu cyabo cyemera indimi ebyiri, Icyongereza n’Igifaransa. Ishyaka ritavuga rumw ena Leta ryitwa Social Democratic Front, riyobowe na John Fru Ndi rikaba rikomoka mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bw’Ighugu, ryemeje ko abantu bane bamaze kugwa mu […]Irambuye

Birakwiye ko dutangira iperereza ku Bafaransa bagize uruhare muri Jenoside

Nyuma yo gutangaza urutonde rw’abasirikare b’abafaransa 22 bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse hakaba hari na gahunda yo gusohora n’urutonde rw’abanyapolitike nabo bagize uruhare muri Jenoside, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Louise Mushikiwabo asanga bikwiye ko hatangira iperereza kugira ngo bazatabwe muri yombi. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa kane, Minisitiri Louise Mushikiwabo yagarutse ku […]Irambuye

Ubufaransa bwatangije gufunga inkambi yari icumbitsemo abimukira 7 000

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, mu gihugu cy’Ubufaransa hatangiye imirimo yo gufunga inkambi y’abimukira yahawe izina ry’igihuru kubera imibereho mibi y’abayibamo. Iyi inkambi yakozwe n’abimukira bambukaga bajya ku mugabane w’Uburayi, iherereye ku cyambu cya Calais kiri ku mupaka uhuza Ubufaransa n’Ubwongereza, ikaba yari icumbikiwemo abimukira basaga 7 000. Abapolisi basaga 1 200 n’abandi […]Irambuye

U Rwanda ntirwanze ibiganiro, icyo rudashobora kwemera ni agasuzuguro no

Perezida wa Sena Bernard Makuza wayoboye ibiganiro Abadepite n’Abasenateri bagiriye mu Ngoro y’Inteko Nshingamategeko bavuga ku myanzuro y’abadepite b’U Burayi, itesha agaciro ibyemezo by’ubutabera, yavuze ko u Rwanda rutanze ibiganiro n’uwo ari we wese ushaka kuvuga ku bibazo by’igihugu, ariko ngo icyo rwanze ni agasuzuguro no kwivanga mu bibazo byarwo. Abadepite n’Abasenateri basaga n’abababaye bikomeye […]Irambuye

en_USEnglish