Tags : Fidel Ndayisaba

Abavuga ko mu Rwanda batisanzura ntibazi uko Abanyarwanda batekereza- Ndayisaba

*Abanyarwanda 93.9% bagaragaza ko bafite ubwisanzure bwo kuvuga ibibari ku mutima, *92.9% bakavuga ko bashobora no gukoresha ‘petitions’ bagaragaza ibibarimo, *Ngo kubaza abayobozi ibibakorerwa byo biracyacumbagira… Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge, Fidel Ndayisaba avuga ko abavuga ko mu Rwanda nta bwisanzure bwo gutanga ibitekerezo buhari ari uko batazi uko Abanyarwanda batekereza kuko Komisiyo abereye […]Irambuye

Uturere 7 turi hejuru ya 60% mu kwibona mu moko…Tumwe

*Ngo tumwe muri utu turere duturanye n’ahari amacakubiri nk’i Burundi, *Ruhango na Nyanza turi hejuru ya 65%, *Musanze na Rubavu turi hejuru ya 74%, *Gasabo na Nyarugenge natwo turi hejuru ya 70% Ubushakashatsi ku gipimo cy’ubumwe n’ubwiyunge kigaragaza ko n’ubwo kwirebera mu ndorerwamo y’ubwoko biri gushira mu banyarwanda ariko hari uturere turindwi tukiri inyuma turimo Musanze, […]Irambuye

Ubwoko: Ntibuguhesha ishuri, ntibukwimisha akazi, Ntibukiri ‘Harmful’-Ndayisaba

*27.9% barakibonera mu ndorerwamo y’ubwoko, 25.8% bafite ingengabiterezo, *28.9% babona ko habonetse urwaho hari abakongera gukora Jenoside, *Abanyarwanda 96.1% bavuga ko bakwemera guhara amagara yabo barwanya amacakubiri… Agaragariza Abadepite ibyavuye mu bushakashatsi ku gipimo cy’ubwiyunge mu Rwanda muri 2015, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge, Fidel Ndayisaba, kuri uyu wa 23 Nzeri yavuze ko nta […]Irambuye

Amashyaka akigisha ingengabitekerezo ni imbogamizi ku bumwe n’ubwiyunge – Ndayisaba

Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge yagaragaje ko mu mbogamizi zituma ubumwe n’ubwiyunge butagerwaho neza mu Banyarwanda, zirimo kuba hari abirebera mu ndorerwamo y’amoko, ibikorwa by’iterabwoba n’ingengabitekerezo ya Jenoside ikigisha n’amwe mu mashyaka ya politiki. Iyi Komisiyo ivuga ko urubyiruko rugomba kuba nyambere mu guhashya ibyo bikorwa hagamijwe kugera ku bumwe n’ubwiyunge burambye. Mu kiganiro Komisiyo yagiranye n’abanyeshuri […]Irambuye

Ibyo gutora Abarinzi b’igihango byasubiwemo bihereye hasi

Kuri uyu wa kane tariki 21 Nyakanga 2016, Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge, yasobanuriye abagize inzego zizatoranya zikanemeza Abarinzi b’Igihango, amabwiriza mashya azabigenga, nyuma y’aho abari batowe mu mwaka ushize batemewe bitewe n’uko ngo amabwiriza atubahirijwe uko bikwiye. Fidel Ndayisaba Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge, yavuze ko kongera gutoranya Abarinzi b’Igihango bihereye hasi byakozwe […]Irambuye

F. Ndayisaba arifuza ko ikimenyane kivugwa mu itangwa ry’akazi gihagurukirwa

*Ngo bishobora kuba bifitanye isano n’ubutegetsi bubi bwaaranzwe n’ikimenyane… Mu mwiherero wahuje Minisitiri mu biro by’Umukuru w’Igihugu n’abakozi ba Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge muri iki cyumweru, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’iyi komisiyo, Ndayisaba Fidel yasabye ko ikinewabo n’ikimenyane bikomeje kuvugwa mu gusaranganya amahirwe y’igihugu nko mu itangwa ry’akazi gikurukiranwa kuko bibangamira politiki y’ubumwe n’ubwiyunge. Muri uyu mwiherero wari […]Irambuye

Ndayisaba avuga ko Abapadiri bahamijwe Jenoside bakwiye kwamburwa iyi ‘Title’

*Abanyamadini basaba abiciwe gutanga imbabazi no kubatazibasabye kuko byomora ibikomere *Abanyamadini biyemeje kuvana Abanyarwanda n’abatuye isi ku banyamadini bagize uruhare muri Jenoside. *Abanyamadini bumvikanye ‘Kuvana urujujo mu banyarwanda ku bayobozi n’amatorero n’amadini bagaragaweho icyaha cya Jenoside’   Mu nama nyunguranabitekerezo kuri gahunda ya ‘Ndi Umunyarwanda’ yahuje abayobozi b’abamadini n’amatorero na Komisiyo y’Ubumwe n’ubwiyunge, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’iyi […]Irambuye

Nyamasheke: Abakoze Jenoside 10 bakomorewe babyarwa muri Batisimu n’abo bahemukiye

*Mu bakomorewe harimo umugore wahawe imbabazi n’uwo yatemeye umuvandimwe muri Jenoside, *Uwari Konseye yasabye imbabazi avuga ko abishwe muri Segiteri yose bamuri ku mutwe…, *Abadatanga amakuru y’ahari imibiri,…F. Ndayisaba ati “Uwaba akigendana imva y’uwo azi wishwe,… yicungure atange amakuru”, *Ngo ahari abo muri adventiste bicaga kuva kuwa mbere kugeza ku wa Gatanu saa 15:00 bakajya […]Irambuye

N’iyo ubukene bwatera imyumvire mibi ntiyaba iy’Ubuhutu n’Ubututsi…- Rucyahana

*Imibanire myiza hagati y’Abaturage iri kuri 96.1% muri rusange *Ubumwe n’ubwiyunge buri kuri 92.5%, *Abakirebera mu ndorerwamo z’amoko ngo biri kuri 27.9%… *Bishop Rucyahana ati “Mbere y’uko Abakolini baza abantu bari bakize kurusha ubu? Ko babanaga?” *Fidel Ndayisaba yemeza ko ‘Ndi Umunyarwanda’ hari byinshi yakemuye kandi izakomeza kubikemura. Hasuzumwa raporo y’ibikorwa bya komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge […]Irambuye

Hari IBIRURA byinshi bibonye akanya byasenya ubumwe bw’Abanyarwanda-F.Ndayisaba

Mu muhango wo guhererekanya ububasha ku bunyamabanga nshingwabikorwa bwa Komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge, umunyamabanga mushya Fidel Ndayisaba yashimiye ikizere yagiriwe agahabwa inshingano, ngo aje gukomeza gushimangira ibyagezweho abirinda abo yita ‘Ibirura’. Fidel Nyayisaba wahoze ayobora Umujyi wa Kigali yavuze ko nubwo imirimo ikomeye yakozwe ubwo hatekekerezwaga kandi hagashyirwaho iyi Komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge, ndetse ikaba […]Irambuye

en_USEnglish