Tags : Fidel Ndayisaba

Mu minsi iri imbere umwanda uraba ari imari- Ndayisaba Fidel

Nyuma yo gusura abakora akazi ko gukusanya no gutunda imyanda ituruka mu go z’abaturage  mu mpera z’icyumweru gishize, umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Fidel Ndayisaba yavuze ko umwanda mu minsi iri imbere utazongera kuba ikibazo kuko ahubwo uzajya ubyazwa amashanyarazi. Yari abajijwe ikibazo cy’abaturage baturiye ikimoteri cya Nduba batarishyurwa amafaranga y’umutungo wabo ngo bimuke bage kure […]Irambuye

Igihe abantu babonaga amashanyarazi kigiye kugabanywa cyongererwe inganda

*Muri iyi mpeshyi umuriro w’amashanyarazi wagabanutse MW 42 *Abaturage barasaba kwihangana mu gihe cy’ukwezi kumwe *Umwaka utaha ikibazo nk’iki ngo ntikizongera Kuri uyu wa kane mu ruzinduko rw’akazi; James Musoni Minisitiri w’Ibikorwa remezo yagiriye ku ikusanyirizo ry’amashanyarazi i Mburabuturo ya Gikondo, yavuze ko mu rwego rwo kugira ngo ubukungu bw’u Rwanda budahungabana inzego zifite ibyo […]Irambuye

Abakozi batemera guhwiturwa ni indi mbagamizi Umujyi wa Kigali ufite

Perezida w’Inama njyanama y’Umujyi wa Kigali, Dr. Sebashongore Dieudonné yabwiye Umuseke ko bashima intambwe imaze guterwa mu gukurikiza amabwiriza y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta, ariko avuga ko mu mbogamizi Umujyi ufite harimo n’abakozi bafite imyumvire iri hasi kandi ngo ntibaashyirwa mu kiziriko ngo bakore ibyo basabwa. Mu cyumweru gishize ubwo abayobozi b’Umujyi wa Kigali bari bamaze kwitaba […]Irambuye

Abagonga imikindo ku muhanda bazakomeza guhanwa – Fidel Ndayisaba

*Imanza Umujyi wa Kigali warezwemo n’abagonze imikindo n’ibindi bikorwa remezo zatangishije Leta miliyoni 17. *Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali avuga ko kosa riri hagati ya Polisi ifatiira imodoka zifite ubwishingizi n’Umujyi wa Kigali utsindwa imanza. *Fidel Ndayisaba asaba abatwara imodoka kwitwararika ntibakore impanuka kuko zangiza byinshi na Leta igahomba Nyuma yo kwisobanura ku makosa yagaragajwe na […]Irambuye

Ubuyobozi bwasabye abaturage guhagarika imyigaragambyo

Kuri iki cyumweru Polisi y’u Rwanda n’Umujyi wa Kigali batangaje ko bagira inama abigaragambyaga, bamagana icyemezo cy’ubutabera bw’Ubwongereza cyo gufunga Lt Gen Emmanuel Karenzi Karake, kuba babihagaritse ahubwo bakabikora mu bundi buryo. Imyigaragambyo ikomeye imbere ya Ambasade y’Ubwongereza ku Kacyiru yatangiye kuwa kabiri ushize ubu yahise ihagarara. Fidel Ndayisaba umuyobozi w’Umujyi wa Kigali niwe ubwe […]Irambuye

Imodoka nini 35 ziyongereye mu zitwara abagenzi i Kigali

Remera – Imodoka 35 z’ubwikorezi rusange zigenewe gutwara abagenzi mu mujyi wa Kigali zamuritswe kuri uyu wa 14 Nyakanga, izi modoka zizajya zitwara abagenzi muri Kigali muri kompanyi za KBS, Royal na RFTC. Muri uyu muhango kuri uyu mugoraba wo kuwa mbere byatangajwe ko izi modoka ari ishoramari rya miliyari ebyiri na miliyoni 600 z’amafaranga […]Irambuye

“Igihugu gikeneye ingengabitekerezo yo gukora ibintu vuba,” Ndayisaba

Mu nteko y’urubyiruko ya 17 yateranye kuwa gatandatu tariki 7 Kamena, umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yatangaje ko u Rwanda aho rugeze rukeneye urubyiruko rukora rukora ibintu vuba bikarangira, urubyiruko kandi rwiyemeje gukorana ubwitange mu kugeza serivise ku bo ruhagarariye. Iyi nteko y’urubyiruko ihuza abahuzabikorwa b’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko mu turere n’abagize komite, iy’uyu mwaka ikaba yari […]Irambuye

Ibibazo by’u Rwanda bizakemurwa n’abanyarwanda bafite ubumenyi-Ndayisaba

Mu muhango wo gutanga impamyabumenyi ku banyeshuri barangije amasomo muri Kaminuza ya INILAK kuri uyu wa kabiri tariki 18 Werurwe 2014, umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Fidel Ndayisaba yongeye gushishikariza Abanyarwanda gukangukira kwiyungura ubumenyi no kugana amashuri kuko ibibazo u Rwanda rufite bizakemurwa n’Abanyarwanda bafite ubumenyi. Idependent  institute of Lay Adventists of Kigali (INILAK) yahaye impamyabumenyi […]Irambuye

en_USEnglish