Tags : Ferwafa

FERWAFA: Ingengabihe y’uko amakipe azahura muri shampionat yatangajwe

Kuri uyu wa 11 Nzeri nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA ryatangaje ingengabihe y’uko amakipe azahura muri shampionat y’umupira w’amaguru 2014/2015. Iyi akaba ari iy’ikiciro cy’imikino ibanza. Shampionat biteganyijwe ko izatangira tariki 20 Nzeri 2014. Ikipe yatwaye igikombe cya APR FC izatangira yakira ikipe ya Musanze FC naho ikipe nshya ya Sunrise itangire yakira […]Irambuye

Ingengo y’imari ya FERWAFA umwaka utaha ni miliyari 3 na

Remera, 11 Nzeri – Inteko rusange y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda iterana rimwe mu mwaka yaraye iteranye ihuje abanyamuryango ba FERWAFA ifata imyanzuro itandukanye. Umwe mu ikomeye harimo guhagarika ikipe y’igihugu y’abagore n’iy’abatarengeje imyaka 17 mu mwaka utaha. Muri iyi nteko rusange bemeje ko ikipe y’igihugu nkuru y’abagore n’iyabatarengeje imyaka 17 bazisheshe mu gihe cy’umwaka […]Irambuye

Shampionat iratangira mu byumweru bibiri, ABABATIJWE mu mazi abira

Shampiyona y’umupira w’amaguru y’icyiciro cya mbere 2014/2015 mu Rwanda  iratangira tariki ya 20 Nzeri 2014, kubera ingaruka z’ikibazo cy’uwiswe Daddy Birori ubu abandi bakinnyi b’abanyamahanga bahawe amazina bari mu mazi abiri kuko FERWAFA yabahaye icyumweru kimwe bakaba bashatse ibyangombwa bibaranga bitari ibyo bahawe bageze mu Rwanda. Bonnie Mugabe umuvugizi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yabwiye […]Irambuye

Abakinnyi b’Amavubi barahabwa agahimbaza musyi nubwo basezerewe

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 03 Nzeli 2014 nibwo abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi bazabona agahimbaza musyi kabo ko ku umukino wabahuje n’ikipe y’igihugu ya Congo Brazaville Congo mu mukino wo kwishyura Amavubi agatsinda ibitego 2-0, n’ubwo batazakomeza mu mikino yo guhatanira itike yo kuzajya mu marushanwa y’igikombe cy’Afrika cya 2015 mu gihugu cya Maroc. Aba bakinnyi […]Irambuye

Umuyobozi muri FERWAFA yashyamiranye n’abafana ba Rayon

Ku mukino wa Cecafa Kagame Cup wahuzaga ikipe ya Rayon Sports na Atlabara yo muri Sudani y’Epfo kuri uyu wa gatandatu, umuyobozi ushinzwe imyitwarire mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yashyamiranye n’abafana ba Rayon Sports ababuza kumanika igitambaro kigaragaza ko bishimira ko uwahoze ari umuyobozi muri iyi kipe yarangije ibihano.  Gakwaya Olivier wari umunyamabanga mukuru […]Irambuye

Ishimwe Alonso, ku myaka 6 gusa impano ye iratangaje

* Ava mu Bugesera buri gitondo aje kwitoreza i Kigali * Ku myaka ine nibwo yari yinjiye ishuri ry’umupira * Ubu atera ‘jongle’ 1 000 umupira utaragwa hasi * Umubonye atangarira ubuhanga bwe, bikamutera amatsiko y’imbere he Umupira w’amaguru nubwo bawiga ariko habaho no kuba ufite impano. Prince  Alonso Ishimwe afite imyaka itandatu gusa yiga […]Irambuye

Amafoto 50 waba utarabonye ubwo Amavubi yatsindaga Congo

Kuwa gatandatu tariki 02 Kanama ikipe y’u Rwanda yasezereye iya Congo Brazzaville mu kiciro cya nyuma cy’ijonjora. Amavubi yahise yinjira mu matsinda ari nayo azavamo amakipe 15 azajya mu gikombe cya Africa cya 2015 muri Maroc. Ufana Amavubi wese yahise yongera kwibuka ‘ambiance’ ya 2004 Amavubi ajya muri CAN. Aya ni amwe mu mafoto ushobora […]Irambuye

Abanyamakuru i Kigali ngo bari gutesha ‘equilibre’ Amavubi!!!

Amavubi amaze gutsindwa ibitego 2 – 0 muri Congo Brazzaville yahise yarekeza muri Gabon kwitegura umukino wo kwishyura ikina  tariki 27 Nyakanga, umuyobozi w’Umupira w’amaguru mu Rwanda yatangaje ko ngo bataje i Kigali kuko banze ko itangazamakuru ryatesha ‘equilibre’ abakinnyi. Ntakidasanzwe cyari kibirimo, cyane ko byari biteganyijwe ko bagomba kwishyura umukino wa Gabon wa gicuti, […]Irambuye

Lee Johnson, umusimbura wa Tardy yerekanywe ku mugaragaro

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo Umuseke watangaje ko Lee Johnson ari mu biganiro na FERWAFA ngo asimbure Richard Tardy wari ‘directeur tecnique’ w’umupira w’amaguru mu Rwanda, kuri uyu wa kabiri tariki ya 22 Nyakanga 2014 nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryerekanye ku mugaragaro uyu Lee Johnson wahawe uriya mwanya. Yerekana ku mugaragaro umuyobozi mushya […]Irambuye

Ushaka gusimbura Richard Tardy yahoze muri Chelsea FC

FERWAFA iri mu biganiro na Lee Johnson ushobora kuba agiye gusimbura Richard Tardy ku mwanya w’umuyobozi wa Tekiniki w’umupira w’amaguru mu Rwanda. Tardy uyu aherutse gusoza amasezerano ye ntiyongerwa, aritahira. Bonnie Mugabe umuvugizi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yabwiye Umuseke ko koko FERWAFA iri kuvugana na Lee Johnson kuri uriya mwanya kandi ibiganiro biri kugenda […]Irambuye

en_USEnglish