Tags : Ferwafa

Rayon Sports yatsinzwe 3-1 na Zamalek mu Misiri

Mu mukino w’irushanwa ry’amakipe yabaye aya mbere iwayo rya CAF , Rayon Sports yatsinzwe ibitego 3 kuri 1 na Zamalek Sports Club yo Misiri kuri iki cyumweru tariki ya 15 werurwe 2015. Uyu mukino wabereye mu mujyi wa El Gouna uherereye muri 432Km uvuye i Cairo. Igice cya mbere Rayon Sports yakinanye igihunga kinshi aribyo byayiviriyemo […]Irambuye

Rayon yaraye rwantambi kuri ‘Reception’ ya Hotel itegereje indege

Ingaruka zo kutamenyeshwa ko umukino uzahuza Rayon Sports na Zamalek wimuriwe ku cyumweru ziri kugera ku bakinnyi. Ijoro ryo kuri uyu wa kane tariki 12 Werurwe rishyira uyu wa gatanu, abakinnyi ba Rayon baraye rwantambi bagandagaje kuri reception ya Hotel bategereje indege ibajyana El Gouna aho bazakinira kuko nta bushobozi bwo kujya muri Hotel ikipe […]Irambuye

Nirisarike arahakana ko atambuye Desire Mbonabucya

Mu kiganiro Nirisalike Salomon yahaye UM– USEKE yavuze ko atigeze yambura uwahoze ari manager we Desire Mbonabucya ngo kuko uyu atari manager we kandi ngo Mbonabucya nta n’ikarita yo kuba manager yagiraga. Salomon Nirisarike yagize ati: “Jye ntabwo nigeze mwambura kuko siwe ushinzwe kungurisha(Manager) ,mfite manager wanjye wanzanye hano. Desire Mbonabucya nta n’ubwo afite ikarita […]Irambuye

Igikombe cy’Isi 2022: Imikino ishobora kuzaba mu Gushyingo no mu

Umukino ufungura amarushanwa y’igikombe cy’Isi mu mupira w’amaguru mu gihugu cya Qatar mu mwaka wa 2022, uzatangira tariki 26 Ugushyingo naho umukino wa nyumauzaba tariki ya 23 Ukuboza, nk’uko byatanzwemo inama n’itsinda rya FIFA riri kwiga ku mikino y’icyo gikombe nk’uko ibiro ntaramakuru AFP bibivuga. Abakinnyi bazakina icyo gikombe cy’isi bagomba kuzaba barekuwe n’amakipe yabo […]Irambuye

MUGANGA w’ikipe y’igihugu yagizwe n'UMUVUGIZI wa FERWAFA

Mu nama ya komite nyobozi y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA, yateranye mu ijoro ryo kuri uyu wa 16 Ukwakira 2014, kimwe mu byanzuwe ni ukuvana mu nshingano uwari umuvugizi wa FERWAFA Bonnie Mugabe agasimburwa na Hakizimana Musa wari usanzwe ari umuganga w’ikipe y’igihugu Amavubi, kandi agafatanya izo nshingano. Mugabe yari ataramara amezi atandatu akora uyu […]Irambuye

Kubera amikoro ‘Super Cup’ mu Rwanda ntikibaye – FERWAFA

Irushanwa ribanziriza itangira rya shampiyona mu Rwanda rihuzaga ikipe yatwaye  igikombe cya shampiyona n’iyatwaye igikombe cy’Amahoro ntirikibaye kubera impamvu z’amikoro nk’uko FERWAFA yabitangarije Umuseke kuri uyu wa 07 Ukwakira. Umuvugizi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) avuga ko umukino wa Super Cup  utakibaye kubera kuko nta bushobozi bwo kuwutegura no guhemba amakipe bwabonetse. Bonnie Mugabe […]Irambuye

FERWAFA yasabye imbabazi abanyarwanda bose

1 Ukwakira 2014 – Kuri uyu mugoroba mu nama Minisiteri ya Siporo yatumijemo abanyamakuru yarimo kandi ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, umuyobozi wa FERWAFA Vincent de Gaulle Nzamwita yatangaje ko uru rwego rusabye imbabazi abanyarwanda bose ku makosa yakozwe yo guha abanyamahanga ubwenegihugu mu buryo budasobanutse bakitwa abanyarwanda. Mzamwita ati “Igihe kirageze ngo dusabe […]Irambuye

Jimmy Gatete azagaruka mu Rwanda gutoza – De Gaulle

Jimmy gatete wahoze ari rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda “Amavubi” ashobora kugaruka mu Rwanda aje gutoza nk’uko umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, yabitangarije Umuseke. Nzamwita Vincent de Gaule waganiriye n’umunyamakuru w’Umuseke ku kibuga cy’indege avuye mu Budage, avuga ko FERWAFA ariyo yegereye Jimmy Gatete ndetse na Olivier Karekezi ngo bajye kwiga gutoza. Nzamwita […]Irambuye

Jimmy Gatete agiye gutangira umwuga wo gutoza

Jimmy Gatete wari mu ikipe y’igihugu yakinnye igikombe cy’Afurika 2004 ari mu bantu umunani bagiye gukora amahugurwa y’ubutoza bashaka impamyabumenyi, UEFA Licence C azatangira tariki ya 21 Nzeli kugera 12 Ukwakira 2014 mu Budage. Gatete watsinze igitego Ghana cyatumye u Rwanda rujya mu gikombe cy’Afurika ku nshuro ya mbere mu 2004 yahagaritse gukina umupira mu […]Irambuye

Rujugiro, umufana ‘udasanzwe’ wifuza kuzaba Minisitiri

Abakunzi b’umupira ni nabo bafana b’amakipe atandukanye, ariko bacye muri bo nibo babasha kwisiga amarangi bagafata vuvuzera bagatera akabaraga ikipe yabo nka Rujugiro, umufana ukomeye w’ikipe ya APR FC. Uyu ni umunyeshuri mu ishuri ryisumbuye i Kigali ufite inzozi zo kuzaba Minisitiri. Yitwa Jacques Munyaneza ariko azwi cyane ku kazina ka Rujugiro, azwi ku bibuga […]Irambuye

en_USEnglish