Tags : BRALIRWA

Mu birori byo Kwibohora, ibinyobwa bya BRALIRWA byazanye ibyishimo mu

Uruganda Nyarwanda rwenga rukanacuruza ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, BRALIRWA rwaraye rufashije Abanyarwanda kwishimira isabukuru y’Imyaka 25 bamaze bibohoye rubagezaho ibinyobwa byarwo byabafashije kwinjira mu byishimo. Mu mbuga ngari ya parking ya Stade Amahoro, aharaye habereye igitaramo cy’abahanzi batandukanye bafashaga abanyarwanda kwishimira Isabukuru yo Kwibohora, BRALIRWA na yo yaje kwifatanya n’abanyarwanda muri iki gikorwa. Uru ruganda ruyoboye […]Irambuye

Rubavu: BRALIRWA na EAP batanze miliyoni 3 Frw ya Mutuelle

Mu bikorwa bibanziriza irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star rigiye kuba ku nshuro ya Gatandatu (PGGSS6) uruganda rutunganya ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye BRALIRWA rutegura iri rushanwa rwatanze miliyoni 3 Frw zo kwishyura imisanzu y’ubwisungane mu kwivuza bwa Mutuelle de Sante y’abantu 1 000 bo mu murenge wa Nyamyumba mu karere ka Rubavu. BRALIRWA isanzwe ifatanya […]Irambuye

RSE: Umugabane Banki ya Kigali n’uwa Bralirwa yatakaje agaciroho gato

Kuri uyu wa 24 Mata 2017, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe Impapuro z’agaciro mvunjwafaranga z’umwenda wa Leta, imigabane ya Banki ya Kigali, Bralirwa na Crystal Telecom bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 11 221 000. Kuri uyu wa mbere kuri iri soko hacurujwe Impapuro z’agaciro mvunjwafaranga z’umwenda wa Leta (Treasury Bond) zifite agaciro ka miliyoni zirindwi […]Irambuye

Gutakaza agaciro kw’ifaranga mu byatumye inyungu ya Bralirwa imanukaho 80.3%

Kuri uyu wa mbere ubuyobozi bwa Bralirwa bwakoze ikiganiro n’abanyamakuru busobanura impamvu inyungu y’uru ruganda yamanutseho 80.3% mu mwaka wa 2016, ugereranyije n’inyungu bari bagize mu 2015, ndetse binatuma abashoye muri uru ruganda binyuze mu isoko ry’imari n’imigabane bazabona inyungu ntoya cyane ugereranyije n’iyo bahawe mu 2015. Muri rusange mu mwaka wa 2016, Bralirwa yinjije […]Irambuye

PGGSS7: Umuhanzi wa kabiri aho guhembwa miliyoni 7.5 azahembwa 4.5

Mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star (PGGSS) rigiye kuba ku nshuro ya 7, ibihembo byari biteganyijwe byajemo impinduka ku bigenerwa umuhanzi wa kabiri aho kuzahembwa 7 500 000 Frw nk’uko byari bisanzwe azahembwa 4 500 000 Frw. Irushanwa Primus Guma Guma Super Star riterwa Inkunga n’uruganda rutunganya kandi rugacuruza ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, BRALIRWA ni […]Irambuye

Bralirwa yashoye miliyoni y’ama Euro mu ruganda rusukura amazi mabi

*Gutunganya amazi yakoreshejwe birahenda cyane kuruta gutunganya amazi yo kunywa, *Ayo mazi aba arimo ibinyabutabire by’uburozi bwagira ingaruka ku bidukikije, *Uruganda rwa Bralirwa rwujuje ibisabwa ku rwego mpuzamahanga ni rwo rwonyine ruri mu Rwanda, *Bakoresha ikoranabuhanga rigezweho ryo mu 2007, microbe na zo zigira uruhare mu kuyungurura amazi. Mu gihe Isi izizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe […]Irambuye

Bralirwa yatangiye poromosiyo “Bakongere” irimo ibihembo bitandukanye

*Poromosiyo izamara amezi ane, ibihembo nyamukuru ni imodoka n’inzu. *Bisaba kugura Primus nini ya 800 cyangwa ‘Knowless’ ya 600 ugatombora kimwe muri ibyo. Kuri uyu wa gatanu kw’isoko rya Kimironko, mu Karere ka Gasabo uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye ‘Bralirwa’ rwafunguye ku mugaragaro Promosiyo nshya yiswe ‘Bakonge’ ibicishije mu kinyobwa cyayo gikunzwe cyane mu Rwanda […]Irambuye

Muri Tombola ya Heineken, Kwisanga yatomboye itike y’indege yo kujya

Kuri uyu wa Kane, Bralirwa yatanze itike yo kujya gutemebera I Dubai n’indege nk’igihembo gikuru muri Tombola ya Heineken yiswe ‘Heineken Music Campaign’ yari imaze ibyumweru bitanu ibera mu tubari dutandukanye n’ahandi hacururizwa ikinyobwa cya Heineken mu mujyi wa Kigali. Kwisanga Paul wabaye umunyamahirwe, yashyikirijwe iyi tike y’indege n’i bindi byangombwa ku gicamunsi cyo kuri […]Irambuye

Victor Madiela yagizwe umuyobozi mukuru mushya wa BRALIRWA

Inama y’ubuyobozi ya BRALIRWA yeteranye kuri uyu wa 25 Kanama 2016 yahinduye umuyobozi mukuru wa BRALIRWA wari Jonathan Hall kuva mu 2012. Victor Madiela yagizwe umuyobozi mukuru ndetse na Visi Perezida w’inama y’ubuyobozi nk’uko biri mu itangazo basohoye kuri uyu wa 25 Kanama. Victor Madiela ubuyobozi bwe buratangira kujya mu bikorwa kuva tariki ya mbere Nzeri 2016. […]Irambuye

FINAL ya PGGSS 6 i Remera…Imyiteguro ya nyuma…

Harabura amasaha 48 ngo igitaramo cya nyuma cy’irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star  ya gatandatu gitangire, aho kizabera muri parikingi ya stade Amahoro i Remera hari gutegurwa ngo hazace uwambaye tumenye uwamamaye kubarusha… Ibitaramo bimeze iminsi bibera mu Ntara kuva 14/05/2016 kugeza ubu, abahanzi 10 bari guhatana bagiye biyereka abakunzi babo ari nako babashishikariza […]Irambuye

en_USEnglish