Tags : BRALIRWA

PGGSS V: Kuri Sitade y’i Nyagisenyi mu karere ka Nyamagabe

Update: Umuhanzikazi Butera Knowless amaze kubwira abakemurampaka ko ijwi rye ryagiye ataza kuririmba Live ubwo ibyo baza gutangamo amanota, live ntibaza kuyibara. Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 28 Werurwe 2015, irushanwa Prumus Guma Guma Super Star ku nshuro ya gatanu (PGGSS V), igitaramo cyaryo cya kabiri kirabera kuri Sitade y’i Nyagisenyi mu karere ka […]Irambuye

Muyoboke asanga PGGSS ikwiye kuba iy’aba Star gusa

Alex Muyoboke, azwi cyane mu bikorwa byo gufasha abahanzi gutera imbere no kubyaza umusaruro muzika bakora. Kuri we asanga irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star rifasha abahanzi gutera imbere ariko muri iki gihe ritakimeze nk’uko ryatangiye. Muyoboke wakoranye n’abahanzi Tom Close, Dream Boys, Urban Boys, Kid Gaju n’abandi, ubu akaba akorana na Social Mula […]Irambuye

“Nubwo ndi mu mazina akomeye, banyitondere”- Bruce Melodie

Bruce Melodie ari muri batatu ba nyuma bari guhatanira PGGSS IV, avuga ko nubwo abo bari kumwe  bakomeye ariko aho bigeze ubu nawe atoroheje muri muzika bakwiye kumwitondera. Itahiwacu Bruce (Bruce Malodie) ni inshuro ye ya mbere yitabirirye iri rushanwa, yahise agera muri batatu ba nyuma kubera ahanini impano ye yo kuririmba neza no gushimisha […]Irambuye

PGGSS4: Igitaramo cy'i Rubavu. AMAFOTO

Abahanzi 10 bahataniraga igihembo cya Primus Guma Guma Super Star ku ncuro ya Kane, barindwi bavuyemo,  Bruce Melody, Dream Boys na Jay Polly nibo bakomeje urugendo rwo guzahatanira iki gihembo. Dore uko byari byifashe mbere yo gutoranya abahanzi batatu basigaye ubu bahatanira miliyoni 24 ziri muri iri rushanwa.   Photo/M.Plaisir/ububiko.umusekehost.com Joel Rutaganda ububiko.umusekehost.comIrambuye

PGGSS IV: Uko byagenze i Musanze mu gitaramo cya Live

Nyuma y’ibitaramo bibiri bya Live by’irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star , igitaramo cya gatatu cya Live cyabereye mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru. Abahanzi bose uko ari 10 bari biteguye gutaramira abakunzi babo baje kubareba. Musanze ni umwe mu mijyi yo mu Rwanda ikunze kugira abafana benshi b’ibihangano by’abahanzi nyarwanda, Dore ko benshi […]Irambuye

PGGSS IV: LIVE i Muhanga. Wicikwa uko byagenze

28 Kamena 2014 – Abantu babarirwa mu bihumbi bitandatu bari kuri Stade ya Seminari i Kabgayi aho baje gukurikirana irushanwa rya PGGSS ryabasanze iwabo. Ni ihiganwa ubu rigeze mu kiciro cya Live, ni ku nshuro ya kabiri baririmbye muzika ya Live, buri muhanzi biragaragara mu maso ko yiteguye guhatana. Abahanzi bamaze gutombora uko bagiye gukurikirana […]Irambuye

PGGSS igeze muri LIVE: Amag the Black na Bruce Melodie

Primus Guma Guma Super Star kuri iyi nshuro ya kane abahanzi inyota yo kuryegukana ni yose, kuva aho ibintu bihindukiye aho hatarebwa ukunzwe gusa ahubwo hanarebwa ubuhanga bw’umuhanzi cyane mu kuririmba by’umwimerere, byatumye n’abahanzi batahabwaga amahirwe biyongerera icyizere. Amag the Black na Bruce Melodie nubwo ari ubwa mbere binjiye muri iri rushanwa ubu nabo ntibivana […]Irambuye

“Gutungurana muri PGGSS 4 birashoka cyane" – Boubou

Mu gihe hakomeje kuvugwa byinshi ku irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star 4 ku itandukaniro n’andi yaribanjirije, ubu abakemurampaka bafite 80% naho abafana bafite 20%, bitandukanye n’ayabanje aho harebwaga umuhanzi ukunzwe cyane kurusha abandi. Umwe mu bategura iri rushanwa, Mushyoma Joseph asanga hashobora kuzaba gutungurwa ku bahanzi bamwe na bamwe. Impamvu abona hashobora kuzaba ugutungurana hagati […]Irambuye

Uko amakipe ubu akurikiranye mu gukusanya imifuniko ya Turbo. APR

Ku cyumweru cya kabiri cy’iri rushanwa APR FC niyo yafashe umwanya wa mbere iwambuye Gicumbi FC mu irushanwa ryo gukusanya imifuniko y’amacupa y’iki kinyobwa cyateye inkunga shampiyona ishize, APR uyu munsi yerekanye imifuniko 7 632 iyayikurikiye kuri uyu wa 30 Gicurasi ni Etincelles yazanye imifuniko ya Turbo King 6 026. Ju cyumweru cya kabiri ikipe […]Irambuye

Nta hantu Bibiliya itubuza kuririmbira- Kolari Ambassadors

Mu kiganiro Umutoza wa Korali Ambassadors of Christ, Jimmy Bizimana yahaye UM– USEKE  yemeje ko nta hantu na hamwe Bibiliya ibabuza kuririmbira kuko baba bari gutanga ubutumwa bwiza ku bantu bose. Ibi yabivuze nyuma y’uko Korali ye iririmbiye mu Kigo cya BRALIRWA gikora kandi kigacuruza ibinyobwa bisindisha n’ibidasindisha mu muhango wa kwibuka abakozi ba  BRALIRWA […]Irambuye

en_USEnglish
en_USEnglish