Tags : Anastase Murekezi

Nta Ntore irebera, itekinika…umuyobozi agomba gukorera abaturage – Murekezi

Kuri uyu wa 27 Ugushyingo 2016 mu Karere ka Huye hasojwe Itorero ry’Abayobozi b’Amashami mu bigo bya Leta mu Rwanda bazwi nk’Intore z’Imbamburiramihigo, Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi warisoje yasabye abayobozi kurangwa na serivisi nziza. Abitabiriye itorero ryahuzaga abayobozi b’amashami mu nzego zose  za Leta, ibigo, amakomisiyo, inzego z’ibanze n’iz’Intara bavuga ko iminsi 10 bamazemo bahakuye […]Irambuye

2000 bahuguwe mu myuga muri ‘NEP’ Kora Wigire bahawe impamyabushobozi

Abasore bakiri bato, abakuze barengeje imyaka y’urubyiruko, bose hamwe 2000 mu Ntara zitandukanye bahawe impamyabushobozi z’uko bahuguwe mu myuga n’ubumenyingiro, ngo bafite icyizere cy’akazi, naho Minisitiri w’Intebe wayoboye umuhango ngo igihe kirageze Made in Rwanda, ihaze isoko ryo mu Rwanda. Aba bahuguwe biganjemo urubyiruko byakozwe muri Gahunda ya “NEP Kora Wigire” ifasha urubyiruko kubona ubumenyi […]Irambuye

Menya urutonde rw’abasoreshwa beza mu Rwanda bahembwe muri 2016

Kuri uyu wa mbere tariki 22 Kanama 2016, nibwo mu Rwanda, Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (Rwanda Revenue Authority, RRA) cyatangaje abasoreshwa beza mu mwaka 2015/16, ndetse kinahemba indashyikirwa haba mu bafaranyabikorwa mu gukusanya imisoro n’abasoreshwa ubwabo, abato, abaciritse n’abanini. Mu nzego za Leta zafashije RRA mu gukusanya imisoro, ndetse ikanabagenera ishimwe, ni Ingabo z’Igihugu (RDF) […]Irambuye

Abashoye imari yabo mu Rwanda ngo “Amategeko y’imisoro arasobanutse”

Kuri uyu wa mbere Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imisoro n’Amahoro, Rwanda Revenue Authority (RRA) cyahembye abasoreshwa b’indashyikirwa mu munsi mukuru w’Umusoreshwa, muri bo harimo Abanyarwanda n’Abanyamahanga, abaganiriye n’Umuseke bemeza ko u Rwanda rworohereza abasoreshwa. Robin C. Bairstow ni Umuyobozi Mukuru (Managing Director) wa Banki ya I&MBank ikorera mu Rwanda, ikigo ayobora cyahawe ishimwe ry’uko cyahize ibindi […]Irambuye

Murekezi aributsa Abanyarwanda icyo Zaburi y’100 umurongo wa 3 ivuga

Kuri iki cyumweru, Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi wari uhagarariye Perezida Kagame mu giterane ngarukamwaka gihuza amatorero n’amadini mu Rwanda kitwa RWANDA SHIMA IMANA, yagaragagaje ko nubwo ari umunyapolitiki, ari n’umuntu usenga aho yibukije ko Zaburi y’100 umurongo wa gatatu ivuga ko abantu bose bagomba guhora bashima Imana kuko ari yo itanga byose. Rwanda Shima Imana […]Irambuye

Mu myaka 6 hubatswe imiyoboro ya 2 167Km iha abaturage

Abwira Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi ibikorwa bya Geverinoma (2010 – 2017) bijyanye n’Amazi n’Isukura, Minisitiri w’Intebe yavuze ko kugeza ubu imbogamizi zigihari mu kwihaza ku mazi meza mu gihugu harimo ikibazo cy’ingengo y’imari idahagije, imiyoboro y’amazi ishaje, abaturage bagifite imyumvire iri hasi. Ibi bigatuma amazi aba macye, ahenda cyangwa akoreshwa nabi. Nko mu mujyi […]Irambuye

Ubushinwa bugiye gufasha mu kwagura imwe mu mihanda yo muri

Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu, Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yakiriye ku nshuro ya mbere Ambasaderi mushya w’Ubushinwa mu Rwanda Pan Hejun, baganira ku mishinga inyuranye irimo no kwagura imwe mu mihanda yo mu Mujyi wa Kigali ku burebure bwa Kilimetero 54. Nyuma yo kubonana na Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi, Ambasaderi Pan Hejun yabwiye […]Irambuye

Ku kibazo cy’Inzara, Min Stella Ford yasabye abayobozi kwishyira mu

*Min Stella Mugabo yasabye abayobozi b’inzego z’ibanze gukorera igihugu aho gukorera amanota, *Yasabye buri wese gutekereza icyo yakora ku myanzuro y’Umwiherero wa 13 *Yanenze abayobozi babeshya ko hari ibyo bakoze… Ministiri Stella Ford Mugabo ushinzwe ibikorwa by’Inama y’Abaminisitiri yagaragarije abayobozi b’uturere bari mu itorero ibibazo bamwe muri bo bakomeje kwitwaramo nabi birimo ikibazo cy’abana b’inzererezi […]Irambuye

Rwanda: Abanyepolitiki bayijyamo bishakira umugati aho gukorera abaturage

Umuyobozi wa Transparency International Rwanda kuri iki cyumweru ari mu kiganiro ‘SESENGURA’ cya City Radio FM yagarutse ku bibazo biri mu Rwanda, umuco wo kudahana utuma ruswa ifata intera bigahesha amanota make u Rwanda, avuga ko abanyepolitiki mu Rwanda bayijyamo bashaka umugati. Ingabire Immaculee yanenze cyane uburyo hari imishinga igaragaramo ruswa ariko ntihagire ubihanirwa. Yavuze […]Irambuye

en_USEnglish