Tags : Anastase Murekezi

Umuhanda Ngoma-Bugesera-Nyanza uzashyirwamo kaburimbo muri 2016

Mu nama y’igihugu y’Umushyikirano yarangiye kuri uyu wa kabiri tariki 22 Ukuboza i Kigali, Dr. Alexis Nzahabwanimana, Umunyamabanga wa Leta ushinze ibikorwaremezo muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo yavuze ko umuhanda Ngoma-Bugesera-Nyanza uzakorwa mu ngengo y’imari 2016/17, ndetse yavuze ko akarere ka Gisagara vuba aha kazabona umuhanda wa kaburimbo uturutse i Save. Ikibazo cy’imihanda cyazamuwe n’abaturage batangaga ibitekerezo […]Irambuye

Ingurube n’andi matungo magufi bizunganira GIRINKA Munyarwanda – Murekezi

Mu kiganiro Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yagejeje ku Nteko Nshingamategeko imitwe yombi, yavuze ko nubwo gahunda ya Girinka Munyarwanda yagize uruhare mu guteza imbere Abanyarwanda no kuzamura imibereho ya benshi, ngo Leta yasanze amatungo magufi by’umwihariko ingurube n’inkoko byakunganira iyi gahunda mu gukomeza iterambere. Murekezi yabwiye Abadepite n’Abasenateri, nk’uko abisabwa n’ingingo ya 134 y’Itegeko nshinga, […]Irambuye

Africa na India twunge ubumwe duharanire impinduka muri UN- Murekezi

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Anastase Murekezi wahagarariye u Rwanda mu nama mpuzamahanga ihuza Afurika n’Ubuhinde (India Africa Summit), yashimangiye icyifuzo cy’Ubuhinde na Africa cyo guharanira impinduka mu Muryango w’Abibumbye ‘UN’, utwo turere twombi natwo tukabona abaduhagararira mu kanama gakuru k’umutekano n’ijambo ritari munsi y’iryabandi. Iyi nama ihuza Africa n’Ubuhinde iri kuba ku nshuro ya gatatu i New Delhi. […]Irambuye

Nsengiyumva Albert wari umunyamabanga bwa Leta muri MINEDUC yahagaritswe

Nk’uko tubikesha itangazo ry’ibiro bya Minisitiri w’Intebe, kuri uyu wa kabiri tariki 27 Ukwakira, uwari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) ushinzwe amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro, Eng Albert Nsengiyumva yahagaritswe ku mirimo ye bitunguranye. Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi riragira riti “Ashingiye kubiteganywa n’itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda nk’uko ryavuguruwe kugeza […]Irambuye

2015-16: Mu mihigo ikomatanye Leta yahize guhanga imirimo 314 000

Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi agaragazaga ibyagezweho mu mihigo y’umwaka wa 2014-15, mu cyumweru gishize, yavuze ko kwesa imihigo byavuye kuri 66,5%  mu mwaka wa 2013-14 bigera kuri 74,8%, avuga ko mu mihigo y’uyu mwaka wa 2015-16 Leta izahanga imirimo mishya 314 000. Anastase Murekezi avuga incamake y’imihigo uko yeshejwe, yavuze ko Leta yabashije guhanga imirimo […]Irambuye

Imihigo: Imisoro y’Uturere mu mwaka wa 2015/16 izazamukaho miliyari 16

Mu kumurikira Perezida wa Repubulika ibyagezweho mu mihigo y’Umwaka wa 2014/15 no guhigira imbere ye ibizagerwaho muri uyu mwaka wa 2015/16, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Francis Kaboneka, kuri uyu wa kane tariki ya 13 Kanama yavuze ko imisoro ikusanywa n’uturere izava kuri miliyari 36 ikagera kuri miliyari 52 z’Amanyarwanda. Kaboneka yabwiye Perezida wa Repubulika ko uyu […]Irambuye

Abikorera barashishikarizwa gushora mu Ubuvuzi. Abaturage bafite impungenge

Mu nama y’iminsi ibiri yatangiye kuri uyu wa 18 Gicurasi 2015 i Kigali ihuriyemo abashoramari mu by’ubuvuzi mu bihugu byo muri Africa y’iburasirazuba, Minisitiri w’Intebe watangije iyi nama yasabye abikorera gufatanya na za Leta bagashora imari mu buvuzi hagamijwe kunoza no kugabanya ibiciro by’izi serivisi. Abaturage baganiriye n’Umuseke bo bagaragaza impungenge mu gihe abikorera bakwiganza […]Irambuye

Rubavu: Abavugwaho kugurisha isoko bakatiwe iminsi 30

Mu rubanza rw’ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo, urukiko rwa Rubavu kuri uyu wa gatanu rwanzuye ko abantu 7 bavugwa mu kugurisha isoko rya Gisenyi bafungwa by’agateganyo iminsi 30 mu rwego rwo kuba batatoroka cyangwa bakaba basibanganaya ibimenyetso igihe baba bafunguwe. Urukiko rwasubiye mu byo aba bantu barengwa n’Ubushinjacyaha ko birengagije nkana amategeko agenga itangwa ry’amasoko mu Rwanda […]Irambuye

Ngoma: Ku munsi wabo, Abagore basabye ko Itegeko Nshinga rihindurwa

08 Werurwe 2015 – Iburasirazuba mu karere ka Ngoma kuri stade ya Cyasemakamba niho hizihirijwe umunsi mpuzamahanga w’umugore ku rwego rw’igihugu. Uwavuze mu izina ry’abagore muri uyu muhango yavuze ko bifuza ko Itegeko Nshinga rihindurwa Perezida Kagame akongera gutorerwa indi manda. Uyu munsi wizihirijwe mu murenge wa Kibungo waranzwe n’akarasisi k’abagore bagize amashyirahamwe atandukanye mu […]Irambuye

Kagame yongeye kunenga bikomeye imyitwarire n’imikorere mibi y’abayobozi

Nyagatare – Perezida wa Republika Paul Kagame kuri uyu wa 01 Werurwe 2015 yatangije Umwiherero ku nshuro ya 12. Yafashe umwanya minini wo kunenga imyitwarire idahwitse n’imikorere mibi y’abayobozi bigira ingaruka mbi ku buzima bw’abo bayoboye. Afata umwanya minini ababaza ikintu gikwiye gukorwa ngo inama nk’izi 12 zishize hari abayobozi badahindura imikorere bikosore. Kuri iki […]Irambuye

en_USEnglish