Tags : Amavubi

Amavubi 25 yahamagawe ngo yitegure na CentreAfrique

Umutoza w’ikipe y’igihugu Antoine Hey yatangaje urutonde rw’abakinnyi 25 b’Amavubi bagomba gutangira umwiherero wo kwitegura umukino u Rwanda ruzakinamo na Centre Afrique mu kiciro cy’ibanze cyo gushaka ticket y’igikombe cya Africa 2019. Mu bahamagawe icyenda bakina hanze. Mu kwezi gushize uyu mutoza w’Umudage yatangiye gushaka abakinnyi azahamagara agerageza 41 yari yashimye imikinire yabo muri Shampionat. […]Irambuye

Antoine Hey niwe uri bugirwe umutoza mushya w’Amavubi

Antoine Hey, umudage w’imyaka 46 ngo niwe uza kugirwa umutoza mushya w’Amavubi ku masezerano y’imyaka ibiri nk’uko JeuneAfrique ivuga ko yabibonyeho amakuru. Antoine Hey niwe usanzwe uri kunugwanugwa ko ari we uzahabwa aka kazi. Antoine ngo araza gusimbura Jimmy Mulisa watozaga Amavubi by’agateganyo nyuma yo kwirukanwa kwa Johnny McKinstry mu mwaka ushize. FERWAFA ntabwo iratangaza […]Irambuye

U Rwanda rwanze kwitabira COSAFA U20, rusimbuzwa DR Congo

Nyuma yo kubona ko COSAFA U20 ishobora guhagarika shampiyona y’u Rwanda igihe kinini, FERWAFA yemeje ko Amavubi U20 atazayitabira. Byatumye hatumirwa ingimbi za DR Congo. Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryanze kwitabira ubutumire, bw’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika y’amajyepfo. Ni irushanwa rya COSAFA y’abatarengeje imyaka 20. U Rwanda rwari rwatumiwe ngo rusimbure Madagascar yabuze […]Irambuye

Directeur technique wa FERWAFA yeguye ngo “Abakora mu mupira w’Amaguru

Hendrik Pieter de Jongh wari Directeur technique w’umupira w’amaguru mu Rwanda areguye. Imwe mu mpamvu zibimuteye, harimo no kuba nta mutoza uhamye u Rwanda rugira. Tariki 14 Kamena 2016 ni bwo Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje Umuholandi Hendrik Pieter de Jongh nk’ushizwe igenzura n’iterambere rya ruhago, Directeur technique w’u Rwanda. Uyu mugabo w’imyaka […]Irambuye

APR FC isa nk’iyibeshya ko Ngandu wakiniye ikipe NKURU y’u

*Yari ari ku rutonde rw’abakinnyi 18 b’Intamba mu rugamba ubwo yakinaga na Senegal Umunyamabanga wa APR FC yemeza ko myugariro w’iyi kipe, Ngandu Omar wakiniye ikipe nkuru y’igihugu y’u Burundi ashobora kuzakinira Amavubi. Gusa bisa nk’ibidashoboka kuko itegeko ry’Ishyiramwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryima ububasha umukinnyi wakiniye ikipe nkuru y’igihugu runaka gukinira ikindi gihugu […]Irambuye

Jimmy Mulisa ntiyiteguye gusaba akazi k’umutoza mukuru w’Amavubi

Amavubi amaze amezi abiri adafite umutoza mukuru. Jimmy Mulisa wagiriwe icyizere cyo kuyitoza by’agateganyo, ntiyiteguye gutanga ibaruwa isaba guhabwa iyi kipe mu gihe kirambye. Tariki 18 Kanama 2016, ni bwo byamenyekanye ko umunya- Irlande Johnny McKinstry yirukanwe ku mwanya w’umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu Amavubi. Mu gihe Amavubi yiteguraga umukino wa Ghana, wa nyuma mu matsinda […]Irambuye

Inyogosho zidasanzwe ku bakinnyi bavuye muri APR FC, ngo ni

Inyogosho n’imisatsi idasanzwe ni ikintu kitamenyerewe muri APR FC, gusa bamwe mu bakinnyi bayivuyemo uyu mwaka bahinduye imisatsi bidasanzwe, basigamo amarangi, ngo ni ukugaragaza ibyishimo kuri bamwe, kandi ngo ni impinduka izagera no mu kibuga. Bamwe mu bakinnyi basohotse muri APR FC bari bafite imisatsi isanzwe (biyogoshesha ibyo bita ordinaire), baragaragara mu isura itandukanye n’iyo […]Irambuye

CECAFA: Amavubi y’Abagore atsinzwe na Ethiopia 3-2

Nyuma yo gutsindwa na Tanzania ibitego 3-2, Amavubi y’Abagore yatsinzwe na Ethiopia 3-2 mu mikino ya CECAFA y’Abagore iri kubera muri Uganda. Ikipe y’igihugu y’abagore ya Ethiopia bita ‘Lucy’ niyo yafunguye amazamu ku munota wa 3, ku gitego cyatsinzwe n’uwitwa Losa Abera. Ku munota wa 45 mbere y’uko igice cya mbere kirangira, Dorothee Mukeshimana yaje […]Irambuye

Amavubi: Abakinnyi 26 bitegura CECAFA y’abagore bahamagawe

Muri uku kwezi, i Jinja muri Uganda, hagiye kubera CECAFA y’abagore. Ikipe y’igihugu Amavubi yahamagaye abakinnyi 26 bitegura iri rushanwa. Nyuma y’imyaka 30 abagore bo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba badahuzwa n’umupira w’amaguru, ‘The CECAFA Women’s Championship’ yaherukaga gukinwa muri 1986, yagarutse. Iri rushanwa rizabera kuri stade yo mu mujyi wa Jinja muri Uganda, kuva […]Irambuye

en_USEnglish