Tags : Amavubi

Sina Jerome yagaruwe mu Amavubi azakina na Gabon

Mu bakinnyi 30 ,mutoza w’ikipe y’igihugu Stephen Constantine yamaze gushyira ahagaragara   yifuza kuzakoresha mu mikino 2 ikipe y’igihugu Amavubi yitegura gukina muri uku kwezi kwa 7, harimo umukino ukomeye uzahuza u Rwanda na Congo Brazza mu gushaka itike y’igikombe cy’Africa ndetse n’uzawubanziriza wa gicuti uzahuza Gabon n’u Rwanda hagaragayemo rutahizamu w’ikipe ya Police FC Sina […]Irambuye

U Rwanda rumaze KWIBOHORA iki? Mu Imikino

Imikino ni urwego rufite icyo ruvuze mu buzima bw’abatuye igihugu, Jenoside yangije byinshi muri uru rwego, ariko ikirangira imikino iri mu byisuganyije vuba. Mu 1994 ntawaruziko u Rwanda n’abanyarwanda bazongera kwishima bagaseka biciye mu mikino. Byarashobotse.   * Imikino mu kunga Abanyarwanda: Kimwe mu bintu byasubiranye vuba vuba nyuma ya Jenoside ni imikino, amakipe yongera […]Irambuye

Mashami niwe wagizwe Ass. Coach mu Amavubi. Ariko ntarabibwirwa

10/06/2014 – Mashami Vincent usanzwe  utoza ikipe ya APR FC niwe FERWAFA yemeje ko aba umutoza wungirije mu ikipe y’igihugu Amavubi nk’uko ubuyobozi bwa FERWAFA bwabitangarije Umuseke. Uyu mutoza ariko we yatubwiye ko atarabimenyeshwa kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru. Kayiranga Vedaste visi perezida akaba n’umuvugizi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yabwiye Umuseke ko nyuma yo […]Irambuye

Casa arava mu Amavubi niba adahawe amasezerano

Casa Mbungo André umutoza wungirije w’ikipe w’igihugu yatangaje kuri uyu wa 04 Kamena ko nibigera mu cyumweru gitaha adahawe amasezerano nk’umutoza wungirije mu ikipe y’igihugu azahita yisubirira mu ikipe ya AS Kigali. Casa yaganiriye n’umunyamakuru w’Umuseke kuri uyu mugoroba ubwo yariho atoza ikipe ya AS Kigali, muri iyi kipe ariko akaba atarahasinya naho amasezerano kuko […]Irambuye

Umushahara w’umutoza mushya w’Amavubi wateje impaka

Mu kiganiro n’abanyamakuru mu muhango wo kumurika umutoza mushya w’ikipe y’igihugu Stephen wasinye amasezerano y’imyaka ibiri kuri uyu wa 21 Gicurasi, abanyamakuru bifuje kubwirwa umushahara uyu mwongereza azajya ahabwa umuyobozi muri Ministeri ababwira ko bidashoboka uretse nyirawo awivugiye. Stephen Constantine we yavuze ko aje kubakira u Rwanda ikipe nziza izakina amarushanwa ya CHAN 2016. Uyu […]Irambuye

Casa Mbungo yahise ahamagara abakinnyi b’Amavubi

Kuri uyu wa kabiri nibwo byamenyekanye ko Casa Mbungo André ariwe uba ufashe by’agateganyo ikipe y’igihugu Amavubi, uyu mutoza warangije amasezerano ye muri AS Kigali yahise atangaza urutonde rw’abakinnyi b’Amavubi bagomba gutangira umwiherero. Casa uzungirizwa na Mashami Vicent yahamagaye abakinnyi barimo batanu b’ikipe ye ya AS Kigali, umunani ba APR FC na batanu ba Rayon […]Irambuye

en_USEnglish