Tags : Amavubi

Umukino na Ghana wafasha Umunyarwanda kubona ikipe y’i Burayi –

Nubwo Amavubi yatakaje amahirwe yose yo kujya mu gikombe cya Afurika, Mugiraneza Jean Baptiste Migi asanga bazajya muri Ghana bashaka ishema ry’igihugu, no kwigurisha ku makipe y’i Burayi. Ikipe y’igihugu Amavubi ikomeje kwitegura umukino wa Ghana udafite kinini umaze, kuko rwamaze gutakaza amahirwe yose yo kujya mu mikino ya nyuma yo guhatanira igikombe cya Afurika […]Irambuye

Amavubi: Sugira na Migi bageze mu mwiherero. 6 basezerewe

Amavubi akomeje kwitegura umukino wa Ghana mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika 2017 (nubwo amahirwe y’u Rwanda yarangiye). Abakinnyi batandatu basezerewe mu mwiherero, gusa Mugiraneza Jean Baptiste bita Migi na Sugira Ernest bombi bakina hanze y’u Rwanda basanze abandi. Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki 28 Kanama 2016, nibwo abakinnyi bakina hanze y’u Rwanda batangiye […]Irambuye

Byari icyubahiro kuba umutoza mukuru w’Amavubi –McKinstry

Johnny McKinstry wari umaze umwaka n’igice atoza ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ‘Amavubi’ yemeje ko yahagaritswe ku mirimo ye, ndetse ashimira n’abo bakoranye. Ati “Byari icyubahiro kuba umutoza mukuru w’Ikipe y’igihugu y’u Rwanda.” Mu ijoro ryo kuwa gatatu tariki 17 Kanama 2016, nibwo hamenyekanye inkuru ivuga ko uwari umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi, umunya-Ireland Johnathan McKinstry yirukanwe. […]Irambuye

Bony Mugabe wari ‘Team Manager’ w’Amavubi YIRUKANYWE

Bonny Mugabe yagizwe Team Manager w’Amavubi asimbuye Alfred Ngarambe ku itariki 10 Kanama 2014, Ngarambe yari yazize kutumvikana kuri bimwe n’abamuyoboraga, Bonny Mugabe wamusimbuye ubu akaba yirukanywe we ngo yazize ibishingiye ku gufata nabi abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi. Guy Rurangayire umuyobozi ushinzwe amakipe y’ibihugu muri Minisiteri y’umuco na Siporo yabwiye Umuseke ko Bonny Mugabe yirukanywe. […]Irambuye

Kagere Meddie yemeye gusinya imyaka ibiri muri Gor Mahia

Kagere wigeze gukinira Gor Mahia yemeye kuyigarukamo ndetse yemera gusinya amasezerano yo kuyikinamo imyaka ibiri. Umuyobozi w’iyi kipe Ambrose Rachier yatangaje ku rubuga rwa Internet rwa Gor Mahia ko Kagere Meddie yabaye umukinnyi w’iyi kipe kuri uyu wa kene anishimira ko yagarutse. Ati “Meddie Kagere yongeye kuba umukinnyi wacu nyuma yo kwemera gusinya imyaka ibiri. […]Irambuye

Tuyisenge yishimiye kongera gukinana na Kagere

*Kagere amufata nka rutahizamu wa mbere mu karere. Rutahizamu w’Umunyarwanda, Jacques Tuyisenge ngo yishimiye kongera gukorana na Meddie Kagere abona nka rutahizamu uhiga abandi muri aka karere. Gor Mahia yo muri Kenya yamaze kumvikana na Kagere Meddie kuzayikinira imikino yo kwishyura ya shampiyona. Uyu musore w’imyaka 29, ukomoka muri Uganda ariko wakiniye Amavubi y’u Rwanda, […]Irambuye

U Rwanda rutsinzwe 2-3 na Mozambique, amahirwe ya CAN arayoyoka

Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ‘Amavubi’ atsindiwe kuri Stade Amahoro ibitego 3-2, amahirwe yo kujya mu mikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika cya 2017, muri Gabon. Ku ruhande rw’u Rwanda, habanjemo, Ndayishimiye Eric Bakame, Niyonzima Haruna, Rusheshangoga Micheal, Bayisenge Emery, Rwatubyaye Abdul, Niyonzima Alli, Mugiraneza Jean Baptiste ‘Migi’, Iranzi Jean Claude, Nshuti D. Savio, Sibomana Abouba, […]Irambuye

Ernest Sugira, watsinze igitego i Maputo ashobora kutazakina na Mozambique

Ikipe y’igihugu, Amavubi ishobora gukina na Mozambique mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika, idafite rutahizamu Ernest Sugira, wavunikiye mu mukino wa Senegal. Kuri uyu wa gatandatu tariki 04 Kamena 2016, ikipe y’igihugu Amavubi, izakina umukino wo mu itsinda ‘H’ ryo gushaka itike y’igikombe cya Afurika kizabera muri Gabon 2017. Amavubi akomeje imyitozo bitegura uyu mukino, […]Irambuye

Amavubi: Ntaribi Steven na Ndayishimiye Domonique basimbujwe abahanwe na FERWAFA

Ntaribi Steven wa APR FC na Ndayishimiye Antoine Domonique wa Gicumbi bahamagawe mu Ikipe y’Igihugu Amavubi basimbura Habimana Yussuf n’umuzamu Andre Mazimpaka bahagaritswe ukwezi badakina. Akanama gashizwe imyitwarire mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) kahagaritse abasore babiri ba Mukura VS kubera imyitwarire mibi bagaragaje ku mukino bakiriye Rayon Sports. Nyuma yo gutsindwa 1-0 na […]Irambuye

Amavubi: Ally Niyonzima arahakana ibivugwa ko ari Umurundi

Ally Niyonzima wavukiye akanakurira i Burundi arahakana abamwita umurundi kuko afite umubyeyi w’umunyarwanda kandi ngo yishimiye guhamagarwa mu ikipe y’igihugu Amavubi aho ari ugkorana imyitozo n’abandi ubu. Ally Niyonzima ni umukinnyi wo hagati wa Mukura VS, uyu musore w’imyaka 21  avuga ko anenga abamwita umunyamahanga bashingiye gusa ku kuba yaravukiye akanakurira mu gihugu cy’u Burundi. […]Irambuye

en_USEnglish