Tags : Airtel Rwanda

Uzajya wishyura umunota wa mbere kuri Airtel iyindi yose umunsi

Kuri uyu wa Kabiri ikigo cy’itumanaho cya Airtel-Rwanda cyatangije gahunda kise ‘Tera Stori’ aho abanyarwanda batunze sim-card ya Airtel bazajya bahamagarana bagenzi babo bafite Airtel bakishyura amafaranga 30 Frw ku munota wa mbere iyindi ikaba ubuntu umunsi wose. Abakiliya kandi bazajya babasha gukoresha imbuga nkoranyambaga (Twitter, Facebook, Whatsapp, Instagram) ku buntu umunsi wose. Iyi gahunda […]Irambuye

Muri Airtel uragura ikarita yo guhamagara ugahabwa inyongera ya 500%

Sosiyete y’itumanaho ya Airtel Rwanda yashyizeho inyongera idasanzwe ya 500% ku bakiliya bayo bagura ikarita yo guhamagara bakoresheje Airtel Money. Umuntu ufite ifatabuguzi rya Airtel Rwanda, aguze ikarita y’amafaranga 1000 akoresheje Airtel Money, ahita ahabwa inyongera y’amafaranga 5000 yo guhamagaza. Umuyobozi ushinzwe ubucuruzi muri Airtel, Indrajeet Singh atangiza ubu buryo yagize ati “Twishimiye gutangiza iyi […]Irambuye

“Airtel Touching Lives receives” igiye guhindura ubuzima bw’Abanyarwanda 24

Umushinga wo gufasha abaturage “Airtel Rwanda’s Touching Lives”, watangijwe mu Rwanda bwa mbere, wakiriye inkuru z’imiryango 150 ikeneye ubufasha ukazafatamo 24 babukeneye kurusha abandi bagafashwa guhindura ubuzima. Umushinga watangijwe muri Mata 2014, aho abatoranyijwe ba nyuma mu bo uzakorerwaho bwa mbere batoranyijwe tariki 5 Gicurasi, 2016. ‘Airtel Touching Lives’ ugamije kureba abantu bafite umusanzu batanga […]Irambuye

Airtel_Rwanda na RwandaOnline mu korohereza abantu kwishyura Serivise za Leta

Mu rwego rwo kworoshya uburyo bwo kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga, Airtel_Rwanda na RwandaOnline Platform Limited (ROPL) bashyize hamwe kugira ngo bafashe abantu kuba bakwishyura Serivise za Leta zinyuranye mu buryo bworoshye hakosheshejwe urubuga rwa Leta “Irembo”. Urubuga www.irembo.gov.rw ni urubuga abaturage bifashisha bashaka Serivisi za Leta kuri internet. Rukaba rufasha abaturage gusaba no kwishyura Serivisi mu […]Irambuye

Abarimu bazajya bikopesha mudasobwa, Airtel Rwanda ibahe modem za make

Kuri uyu wa gatanu Airtel Rwanda n’abafatanyabikorwa nka Africa Smart Investments- Distribution na Koperative Umwalimu SACCO batangije igikorwa cyo korohereza abarimu kubona mudasobwa zifite Internet muri gahunda ya Smart Program mu rwego rwo kuzamura umusaruro mu barezi hifashishijwe ikoranabuhanga rigezweho. Muri gahunda ya Smart Program, umwarimu azajya ahabwa inguzanyo mu Umwalimu Sacco azishyura mu myaka […]Irambuye

Airtel yatangiye gufasha ibigo mu kubonera igisubizo ibibazo bifite

Airtel-Rwanda yatangije gahunda yo kwegera ibigo binyuranye ikabifasha kubonera umuti ibibazo binyuranye bahura nabyo, cyane cyane mu byerekeranye n’itumanaho. Mu muhango wo gutangiza iyi gahunda yiswe “Airtel Business”, umuyobozi mukuru wa Airtel Rwanda Micheal Adjei yavuze ko kuba Airtel ari ikigo cy’itumanaho cya gatatu ku Isi n’abakiliya Miliyoni 353 muri Afurika na Asia bidakwiye kurekera […]Irambuye

Abakozi ba Airtel-Rwanda mu kumenyekanisha ibicuruzwa byabo mu baturage

Kuri uyu wa gatanu, abakozi b’ikigo cy’itumanaho ‘Airtel-Rwanda’ basoje gahunda yo kuzenguruka mu bice binyuranye by’Umujyi wa Kigali basobanura ibyo bakora, Serivise n’ibicuruzwa batanga. Ni nyuma y’uko ngo abafatabuguzi benshi bakomeje gusaba ibisobanuro ku bicuruzwa na Serivise Airtel itanga. Ikipe z’abakozi ba Airtel zageze mu bice nka Nyabugogo, Nyamirambo no mu Mujyi rwagati, basobanura ibicuruzwa […]Irambuye

Abatsinze bwa nyuma muri Ni Ikirengaaa! ya Airtel batemberejwe Rubavu

Abanyamahirwe Singirankabo Francois, Jean Paul Musabwa, Iyamuremye Eloi na Nyirarukundo Valerie batsinze irushanwa rizwi nka “Ni Ikirengaaa!” ry’ikigo cy’itumanaho Airtel-Rwanda batemberejwe mu Karereka Rubavu mu ndege bahagurutse ku kibuga cy’indege cya Kigali mu mpera z’icyumweru gishize. Iyi gahunda ya Ni Ikirengaaa! ya Airtel yari igamije guha abafatabuguzi bayo amahirwe yo gutsindira ubwasisi bungana na 300%, ndetse […]Irambuye

Airtel yashyize igorora abafatabuguzi bayo muri ibi bihe bya St

Mu gihe Abanyarwanda batangiye kwitegura kwizihiza umunsi wahariwe abakundana uzwi nka “St Valentin/ Valentine’s Day” , Airtel Rwanda yahaye impano abafatabuguzi bayo, aho izajya iha inyongera ya 100% umufatabuguzi wese uguze internet (internet bundles). Iyi mpano ya Airtel ikaba yaratangiye gutangwa tariki 27 Mutarama kugera 15 Gashyantare 2016. Iyi nyongera ikazajya ihabwa buri mufatabuguzi uguze […]Irambuye

Airtel Rwanda igira uruhare mu iterambere ry’abo ikorera

Sosiyete y’itumanaho Airtel Rwanda ikora ibikorwa bifasha abaturage b’aho ikorera gutera imbere by’umwihariko mu Rwanda, mu 2015, Airtel Rwanda yagize uruhare mu bikorwa byinshi bizamura abaturage (Corporate Social Responsibility, CSR). Airtel Rwanda ni Sosiyete iha agaciro gakomeye ibikorwa bizamura abo ikorera ku Isi hose, ni imwe mu nkingi yatumye Airtel iba sosiyete ikunzwe cyane ku […]Irambuye

en_USEnglish
en_USEnglish