Tags : Africa

Ubukire bw’Africa buzashingira kubyo dushyira mu mitwe y’abana bacu none

Perezida Paul Kagame aho ari muri Senegal mu ihuriro riganira kuri Siyansi ryitwa “Next Einstein Forum (NEF)”, yasabye Africa gushyira imbaraga mu kubaka ubushobozi bw’abana b’Abanyafurica mu ikoranabuhanga na Siyansi kuko aribyo Africa igomba gushingiraho ubukungu bwayo mu minsi iri imbere. Perezida Kagame yavuze ijambo mbere y’abahanga, abarimu muri Kaminuza n’abandi banyuranye amagana baturutse mu […]Irambuye

Nigeria: Hatahuwe abakozi 24 000 bahembwa na Leta batabaho

Leta ya Nigeria yakuye abantu babarirwa ku 24,000 ku rutonde rw’imishahara nyuma y’igenzura ryakozwe ryagaragaje ko abo bantu batabagaho ndetse batigeze bakorera Leta nk’uko bivugwa na Ministeri y’Imari. Aba bakozi baringa batwaraga Leta ya Nigeria asaga miliyoni 11,5 z’amadolari ya America buri kwezi. Igenzura ni imwe mu ntwaro Perezida Muhammadu Buhari, yavuze ko azifashisha mu […]Irambuye

Burundi: Nkurunziza yemeye kwakira indorerezi 200 za AU

Nyuma yo kugendererwa n’intumwa z’umuryango wa Afurika yunze Ubumwa (AU) zigizwe n’abakuru b’ibihugu batanu bayobowe na Jacob Zuma, Pierre Nkurunziza yemeye ko mu Burundi hoherezwa indororezi 100 z’abasirikare n’izndi 100 z’abaharanira uburenganzira bwa muntu, ngo zize gukurikirana ibibera iwe mu gihe hakomeje kuvugwa imvururu zishingiye kuri politike n’umutekano muke. Ibi byasohotse mu itangazo rya Perezida […]Irambuye

Maroc: Ndayisenga yatwaye umudali wa Zahabu, Girubuntu aba uwa kabiri

Update: Kuri uyu wa gatatu mu gusiganwa n’igihe umuntu ku giti cye (Individiual time trial),Valens Ndayisenga yegukanye umwanya wa mbere akoresheje iminota 53 amasegonda 59 n’iby’ijana 43, aho abasiganwa birukanse km 40 na m 900, mu marushanwa nyafurika y’abatarengeje imyaka 23 abera muri Maroc. Ndayisenga w’imyaka 21, yasize Amanuel Ghebreigzabhier wakoresheje iminota 54 amasegonda 05 […]Irambuye

Nigeria: Abasirikare 12 harimo aba General 7 bakurikiranyweho ruswa

Abasirikare bakuru 12, harimo abagera kuri barindwi bafite ipeti rya General mu gihugu cya Nigeria bagejejwe imbere y’urwego rushinzwe kurwanya Ruswa, bakaba bakurikiranyweho ibirego by’uko barigishije intwaro zigenewe kurwanya Boko Haram. Igisirikare ntabwo cyatangaje amazina y’abo basirikare, ariko ngo harimo aba General batatandatu bakiri mu kazi mu ngabo za Nigeria. Igihe akanama gashinzwe ubukungu n’ibyaha […]Irambuye

Chad: Idriss Deby aziyamamariza manda ya 5

Perezida wa Chad, Idriss Deby, uri ku butegetsi kuva mu 1990, yatangaje ko aziyamama mu matora y’Umukuru w’Igihugu muri manda ya gatanu ateganyijwe mu kwezi kwa Mata 2016. Deby yatangaje ko yifuza gusubizaho umubare wa manda nta rengwa Perezida atagomba kurenza igihe azaba yongeye gutorwa nk’uko bitangazwa na Reuters. Idriss Deby yafashe ubutegetsi muri Coup […]Irambuye

Ikigo AIMS kizajya cyakira Abanyarwanda bashaka kwiga ‘Master’s degree’ mu

Kuri uyu wa kabiri tariki 02 Gashyantare 2016 Leta y’u Rwanda yasinye amasezerano y’imikoranire n’Ikigo Nyafurika cy’Ubumenyi bw’imibare (AIMS-NEI). Iki kigo kizajya cyakira abanyeshuri bakomeza amasomo yabo mu cyiciro cya gatatu cya Kaminuza (Masters) mu bijyanye n’imibare n’ubumenyi. Mu masezerano yasinwe harimo kuba mu Rwanda ariho hazubakwa icyicaro cy’Ikigo Mpuzamahanga cy’Ubushakashatsi mu mibare n’ubumenyi. U […]Irambuye

Umweenda wa ‘mutuel de sante’ Leta ifitiye ibitaro uzishyurwa bitarenze

Mu muhango wo kugeza umushinga w’ingengo y’imari ivuguruye ya 2015/16, Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Amb. Gatete Claver yizeje abadepite ko bitarenze ukwezi kwa Werurwe, Leta izaba yamaze kwishyura ibirarane by’umwenda wa mituelle de santé ifitiye ibitaro hirya no hino mu gihugu. Abadepite babajije Minisitiri Gatete imiterere y’iki kibazo n’aho kigeze gikemuka mu buryo bwa burundu, dore […]Irambuye

Uganda: Gen Sejusa unenga ku mugaragaro Museveni yatawe muri yombi

Ingabo za Uganda zataye muri yombi kuri iki cyumweru uwahoze ari umuyobozi w’inzego z’iperereza, ubu akaba atinyuka kunenga ku karubanda Perezida Museveni, Gen David Sejusa mu gihe habura iminsi mike ngo amatora y’Umukuru w’igihugu abe. Ifatwa rya Sejusa ryakurikiwe n’umusako wamaze igihe cy’amasaha abiri n’igice, aho ingabo za Uganda UPDF zajagajaze inzu ye. Gen. Sejusa […]Irambuye

Min. Kanimba yasobanuye impamvu yo guca caguwa ko bigamije guhanga

*Caguwa yari inzitizi ku iterambere ry’ubudozi mu Rwanda, yanabuzaga amahirwe urubyiruko, *Kuki muri Africa no mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere ariho haba caguwa, *Guca caguwa bizafasha kongera amahirwe y’ababona akazi kandi ntibizahubukirwa. Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda Francois Kanimba, avuga ko ubudozi ari kimwe mu bitanga akazi kenshi mu mahanga, ariko ugasanga muri Africa ariho abantu […]Irambuye

en_USEnglish