Tags : Africa

Ubukungu bw’u Rwanda buzarushaho kuzamuka Kagame niyongera gutorwa mu 2017

Urubuga rwo mu Bwongereza, “Global Risk Insights (GRI)” rukora ubusesenguzi kuri Politike mpuzamahanga n’ingaruka zayo cyane cyane ku bukungu, rwagaragaje ko mu gihe ibihugu byinshi bya Afurika bishobora kubamo akavuyo gashingiye ku matora na Politike muri rusange, gusa ngo umwaka wa 2016 na 2017 uzaba uw’amahire ku Rwanda, Paul Kagame natorerwa gukomeza kuruyobora. Mu mwaka […]Irambuye

Ndi mu ishyamba natanze byose nari mfite…si uko nashakaga kuba

*Kagame yavuze ko ari mu ishyamba atarwaniraga kuba Perezida, *Hari byinshi nakoze ndi mu Biro hari n’ibindi byinshi nzakora ndi hanze yabyo, *Sindavuga ‘Hoya’ (ku kuziyamamaza mu 2017), na yo ni Cadeau ya Bonane, Umukuru w’igihugu yavuze ko kuba amahanga akomeje kugira byinshi anenga ku matora ya Referandumu aherutse gukorwa mu Rwanda ari uburenganzira bwabo […]Irambuye

Africa dukwiye guhera kubyo dufite tukihesha agaciro aho kuririra abazungu

Kigali – Mu biganiro n’urubyiruko runyuranye rw’Abanyarwanda bitegurwa n’Imbuto Foundation, mu ijoro ryo kuri uyu wa kane Perezida Paul Kagame yakanguriye urubyiruko gukorera ku ntego kandi bagaharanira kwihesha agaciro, aho gutekereza ko bahabwa amabwiriza n’imfashanyo n’amahanga. Muri ibi biganiro byitwa “Youth Forum Series“, abantu banyuranye barimo umunyamakuru uzwi cyane mu karere Andrew Mwenda wo muri […]Irambuye

Congo: FDLR iravugwaho kwica abasivili bane

Aba bantu bane bishwe ku wa mbere mu gitondo muri Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Congo Kinshasa, umuryango uharanira Demokarasi n’Uburenganzira bwa muntu, (CEPADHO), washinje inyeshyamba za FDLR kuba arizo zabishe. Itangazo ryasohowe na CEPADHO, rivuga ko icyo gitero cya FDLR cyabereye mu gace ka Lubero izi nyeshyamba ngo zarimo zishakisha ibizitunga mu baturage. Rivuga […]Irambuye

Perezida Yayi Boni wa Benin yangiwe kujya i Burundi kuko

Kuri uyu wa mbere nibwo Perezida Thomas Boni Yayi wa Benin yari kwerekeza mu Burundi. Uru ruzinduko rwe yari yarusabwe na Perezidante wa Komisiyo y’Umuryango wa Africa yunze Ubumwe, kugira ngo agire icyo yafasha mu bibazo biri mu Burundi kuko ngo avuga igifaransa kandi asanzwe ahuriye na Perezida Nkurunziza ku kuba bombi ari abavugabutumwa. Radio […]Irambuye

CECAFA: Amavubi atsinzwe na Uganda 1-0 kuri Finale

Ku mukino wa nyuma wahuzaga Amavubi Stars na Uganda Cranes ya Uganda urangiye U Rwanda rutabashije kuzana igikombe cya kabiri cya CECAFA mu mateka y’u Rwanda, igitego cya Uganda cyatsinzwe na Okhuti. Amakipe yombi yatangiye akinana ubwitonzi. Ikipe ya Uganda irusha cyane U Rwanda, ku munota wa 12 Iranzi Jean Claude yateye Coup franc ku […]Irambuye

Burundi: Umusirikare ufite ipeti rya Major yarasiwe mu kabari

Umusirikare mukuru mu ngabo z’U Burundi, Major Salvator Katihabwa ku mugoroba wo kuri iki cyumweru cyashize yarasiwe mu kabari n’abantu bataramenyekana ahita ahisaga ubuzima. Iki gikorwa cyabereye mu kabari k’umugabo wa Visi Perezidante wa Sena y’U Burundi, nyirakbari na we akaba yakomerekejwe n’isasu nk’uko BBC Afrique ibitangaza. Urupfu rw’uyu musirikare rukurikiye igitero cyagabwe ku modoka […]Irambuye

Urubyiruko rurasaba kugira ijambo rifatika mu Nteko ya EALA

*Urubyiruko rugize 63% by’abatuye ibihugu bigize EAC, rugasaba ko ruhagararirwa mu Nteko, *U Rwanda rwonyine nirwo rufite umudepite uhagarariye urubyiruko muri EALA, *Minisitiri ushinzwe ibikorwa bya EAC muri Uganda, Hon Shem Bageine asanga urubyiruko kuruha ijambo muri politiki nta burambe rufite hari abanyepolitiki barukoresha, *Dr Richard Sezibera we asanga rubyiruko kuba rwahagararirwa muri EALA nta […]Irambuye

en_USEnglish