Hibukwa ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi mu karere ka Rusizi kuri uyu wa kane byakorewe ku mugezi wa Rubyiro mu kagali ka Ryankana ahitwa Kibangira mu murenge wa Bugarama, abarokotse batangaje ishavu baterwa no kuba kuri uyu mugezi nta rwibutso ruhari ngo nibura nabo bajye bahibukira ababo batabashije gushyingura. Pascasie Uwamahoro uhagarariye IBUKA […]Irambuye
Ni igikorwa cyatangiye ahagana saa yine za mugitondo kuri uyu wa kane muri chapelle ya Gereza ya Nyarugenge, cyaranzwe n’indirimbo za Chorale Ikizere, ubuhamya bw’uwagize uruhare muri Jenoside hamwe n’ijambo ry’abayobozi bashya b’urwego rw’amagereza mu Rwanda. Uyu muhango witabiriwe n’imfungwa n’abagororwa amagana bari buzuye iki cyumba, witabiriwe kandi n’abafunze bazwi barimo nka Dr Rose Mukankomeje […]Irambuye
Kuri uyu wa kane tariki 7 Mata ubwo Perezida w’u Rwanda Paul Kagame n’uwa Tanzania Dr Joseph Pombe Magufuli n’abagore babo batangizaga ibikorwa byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 22, Dr Bizimana Jean Damascene Ukuriye Komisiyo yo kurwanya Jenoside, mu kiganiro cye ku buryo ingengabitekerezo y’urwango yabyaye Jenoside mu 1994, yatunze agatoki U […]Irambuye
*Asoza itorero ry’abayobozi b’uturere n’Umujyi wa Kigali, Kagame yanenze abayobozi bafata iby’abaturage bakabigira ibyabo, *Kurushaho kwegera Abaturage,…Intumwa za rubanda zivuga ko ari wo muti w’ibibazo byakirizwa Umukuru w’Igihugu iyo yamanutse mu baturage, *Perezida wa Sena avuga ko abavuye munsi y’umurongo w’ubukene bashoboraga kuba benshi iyo hatabaho uburiganya muri gahunda zo kuzamura abaturage, *Presidente w’Inteko ati […]Irambuye
Kuri uyu wa gatatu tariki 6 Mata 2016, ubwo Perezida Paul Kagame na Dr Joseph Pombe Magufuli bafunguranga ibiro bishya by’umupaka wa Rusumo, ibihugu bombi byiyemeje guteza imbere umubano w’ibihugu byombi. Magufuli yasezeranyije guca inzitizi ku bucuruzi bw’u Rwanda. Ibikorwa byo gufungura Umupaka wa Rusumo (One Stop Border Post) ku mpande z’ibihugu byombi no gutaha […]Irambuye
*Imvura yaguye mu ijoro ryo kuwa 02 Mata yahitanye abantu 13; *Ingaruka zayo ziraruta kure izagaragaye mu mezi atatu yabanje; *Kubaka mu kajagari, ruhurura nke, n’ibikorwa remezo bishaje biri mu biteza ibibazo; *Ngo hari amakuru atari yo ku batuye mu manegeka atangazwa, nyuma bakagaragara bahitanywe n’ibiza. Mu ijoro rya tariki ya 02 Mata rishyira iya […]Irambuye
Mu kiganiro n’Abanyamakuru kibanze ku ngingo zitandukanye zirimo ibyagezweho n’Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi cyabaye kuri uyu wa 05 Mata, Perezida wa Sena; Makuza Bernard yavuze ko guca Imyenda n’inkweto bya Caguwa bidakwiye gufatwa nk’ibije guhutaza uburenganzira bw’Abanyarwanda, ahubwo ko bifite inyungu nyinshi zirimo kugabanya umubare w’amafaranga yoherezwaga hanze, guca indwara zaterwaga n’iyi myambaro no […]Irambuye
*Kubaka amahoro mu rubyiruko niyo nzira izafasha Abanyarwanda gukira ibikomere, *Abanyarwanda barakishishanya, gushakana hagati y’abiciwe n’abo mu miryango yabiciye biracyari ikibazo, *Hari ubwoba bwo kubivuga, kwishishanya, ariko icyizere kiri mu rubyiruko. I Kigali harabera inama y’ urubyiruko ku bijyanye no kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, inama itegurwa n’umuryango Never Again Rwanda. Ngo iyi nama […]Irambuye
Mu nama irimo guhuza ibigo bine (4) mpuzamahanga bikora ubushakashatsi ku buhinzi mu Rwanda kuri uyu wa kabiri, Umunyamabanga wa Leta uhoraho muri Minisiteri y’Ubuhinzi Tony Nsanganira yasabye ko ibyo bigo byarushaho gufasha Leta mu guhangana n’ikibazo cy’ubwoko bw’imbuto zidatanga umusaruro uhagije kandi zihenze. Mu Rwanda ubu, harakorera ibigo bine mpuzamahanga bikora ubushakashatsi mu buhinzi […]Irambuye
Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli kuva kuri uyu wa gatatu tariki ya 6 Mata azatangira uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda aho biteganyijwe ko azanitabira umuhango wo gutangiza Kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi. Muri uru ruzinduko, Perezida Pombe John Joseph Magufuli azitabira gufungura inyubako irimo ibiro bikorerwamo n’inzego z’abinjira n’abasohoka ibihugu […]Irambuye