*Minisiteri y’Abakozi ba Leta ngo yizeye ko ‘E-recruitment’ izaca ruswa n’ikimenyane. *Nta tangazo ry’akazi ka Leta rizongera gucisha mu binyamakuru, ubu ni kuri Internet, *Minisitiri w’Umurimo avuga ko kwiga imyuga ku warangije Kaminuza bitakuraho impamyabumenyi afite, aho kumara imyaka mu bushomeri. Kuri website ya Minisiteri y’Abakozi ba Leta (www.mifotra.gov.rw) niho amatangazo yose y’akazi ka Leta […]Irambuye
*Ikawa bivugwa ko yari atwaye ifite ifite agaciro k’amafaranga miliyoni 8,4, ngo izatezwa cyamunara. *Ubucuruzi butemewe n’amategeko bw’ikawa buhombya Leta nk’uko byemezwa na NAEB. Kuri uyu wa mbere ku Kicaro gikuru cy’Ikigo cy’igihugu cyohereza hanze umusaruro ukomoka ku buhinzi n’ubworozi, (NAEB), harekanywe umugabo witwa Felicien Kabuga (si Kabuga Felicien ushakishwa n’Ubutabera mpuzamahanga n’u Rwanda) bivugwa […]Irambuye
*Ngo abajijwe niba aho yayoboraga harabaye Jenoside; yavuze ko bisaba igihe kinini n’ubwitonzi *Ibibazo byose yabajijwe mu rukiko; bimwe yavuze ko yifashe, ibindi ko ntacyo yabivugaho, … *Ubushinjacyaha bwavuze ko Ntaganzwa yayoboye ibitero atanga n’amabwiriza yo kwica Abatutsi barenga ibihumbi 20 *Ngo yanategekaga Interahamwe gufata ku ngufu abagore b’Abatutsi, umwe muri bo (abagore) ngo ‘yishwe […]Irambuye
Asobanura uko Umuryango IBUKA witeguye Kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi Dr Jean Pierre Dusingizemungu yavuze ko mu miryango imwe n’imwe y’Abanyarwanda hakigaragara ingengabitekerezo ya Jenoside ku rwego rugoye gushyira mu mibare, abana bakaba aribo bayigishwa n’abakuru. Umunyamakuru ashingiye ku mibare iherutse gutangazwa na Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside yakorewe Abatutsi, imibare yemeza […]Irambuye
Mu Kinyaga ni agace k’Iburengerazuba bw’amajyepfo y’u Rwanda, ariko izina aho ryaturutse nyabyo ni ku gace gato gakora ku turere twa Rusizi na Nyamasheke ahari urugo rwa Kigeli IV Rwabugiri ari naho yarashe umwambi bawubura akababwira ngo “Uri mu Kinyaga” izina rigafata ubwo. Ariko ubu ayo mateka nta kiyaranga abahatuye bavuga ko ari kugenda azima. […]Irambuye
Amavubi y’u Rwanda y’abarengeje imyaka 20 yanganyije na Uganda U20 1-1, bituma umutoza Kayiranga Baptiste utoza u Rwanda yingingira ababyeyi bafite abana bazi umupira kubamwoherereza ngo yitegure umukino wo kwishyura. Umukino wo gushaka itike y’igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 20 kizabera muri Zambia 2017, u Rwanda rwakiriye Uganda mu mukino ubanza wabereye kuri Stade ya […]Irambuye
Muri iyi minsi y’imvura nyinshi mu bice by’Iburengerazuba bw’u Rwanda umugezi wa Nyabarongo igice cyawo (meandre) cyasatiriye kininjira mu muhanda nyabagendwa cyane wa Karongi – Rubengera – Birambo – Buhanda (Ruhango) ubu abawukoresha bamaze iminsi irenga itatu batambuka neza. Nyabarongo aha yasatiriye umuhanda ni ahitwa i Kirinda mu murenge wa Murambi mu kagali ka Shyembe […]Irambuye
Abatwara imodoka mu mujyi wa Kigali mu masaha yo kujya kukazi mu gitondo (7 – 8AM) no gutaha nimugoroba (6 – 7PM) usanga benshi binubira umubyigano w’imodoka ku mihanda imwe n’imwe. Police ishinzwe umutekano mu muhanda yo ivuga ko abatwara imodoka usanga ubwabo biteza ibi bibazo kubera kudakoresha neza imihanda ihari. Hari ibice bizwi cyane […]Irambuye
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gisanze, mu Murenge wa Rubengera afatanyije n’abakozi babiri b’Akagari n’abanyerondo bakubise abaturage batatu mu buryo bukomeye, babiri bajya mu bitaro. Ubu uyu muyobozi n’umwe mubo bafatanyije nabo barafunze kubera iki cyaha. Jean Damascene Habaguhirwa niwe muyobozi w’Akagari ushinjwa ko mu ijoro ryo ku cyumweru rishyira kuwa mbere tariki 28/Werurwe/2016, hagati ya […]Irambuye
Kuri uyu wa gatanu, mu isomwa ry’urubanza ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo ku byaha Dr Rose Mukankomeje umuyobozi Mukuru w’ikigo REMA, akurikiranyweho n’ubushinjacyaha, urukiko rumukatiye gufungwa iminsi 30 by’agateganyo. Ku isaha ya Saa tanu n’iminota itanu nibwo abacamanza bari binjiye mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge i Nyamirambo, basubiramo ingingo z’amategeko ajyanye n’ibyaha Dr Mukankomeje aregwa n’ibyo […]Irambuye