Mme Theodosie Uwayezu Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gitesi mu karere ka Karongi yatawe muri yombi kuri iki cyumweru kubera kuvuga amagambo arimo ingengabitekerezo ya Jenoside. Inspector of Police Jean Damascene Ngemanyi Umuvugizi wa Police mu Ntara y’Iburengerazuba yabwiye Umuseke ko ejo ahagana saa saba ari bwo uyu muyobozi yafashwe amaze kuvuga amagambo arimo ingengabitekerezo ya […]Irambuye
Abaturage bo mu turere twa Rusizi na Nyamasheke mu Ntara y’Iburengerazuba bavuga ko abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi na bamwe bafite imiryango yayigizemo uruhare, imibanire yabo imeze neza ubu mu gihe byari bikomeye mbere y’umwaka wa 2003. Nkusi Gregoire w’imyaka 64, utuye mu kagali ka Cyangugu umurenge wa Kamembe avuga ko nyuma yo kwicirwa abavandimwe be […]Irambuye
*Umunani bahatana kugeza ubu batatu ni abagore *Hari uwifuza gusimbura Ban Ki-moon w’imyaka 39 Bwa mbere Umuryango w’Abibumbye ushobora kugira umunyamabanga mukuru w’umugore kuko umwe mu biyamamaza ari guhabwa mahirwe menshi. Mu biyamamaza harimo uwigeze kuba Perezida w’igihugu, abaminisitiri b’intebe batatu, na bamwe mu bahoze ari ba Minisitiri, muri bo nta munyafrica uriyamamaza. Amatora y’uzasimbura […]Irambuye
*Umubano mwiza dufitanye na Tanzania uzakemura ibibazo byose byaba bihari; *Ibibazo by’Abanyarwanda birukanywe muri Tanzania nabyo bizaganirwaho; *Uko dukangurira Abanyarwanda kugura ibyakorewe iwabo, n’inganda zikangurirwe gukora ibyiza kandi byinshi; *Abarokotse tuzakomeza kubafasha bishoboka. Kuri uyu wa gatandatu, mu kiganiro n’abanyamakuru Perezida wa Repubulika Paul Kagame yizeje ko kubera ubushake Perezida wa Tanzania Dr John Magufuli […]Irambuye
*Abafaransa ngo ntibakwiye gutora Alain Juppé *Umuyobozi wa IBUKA yavuze ko Juppé afite amaraso y’Abanyarwanda mu biganza bye. Ubwo kuri Stade Amahoro haberaga umugoroba wo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 22, Perezida wa IBUKA Dr Jean Pierre Dusingizemungu yasabye Abafaransa kudaha ikizere Alain Juppe ushaka kwiyamamariza kuyobora U Bufaransa, anasaba ko ajyanwa mu […]Irambuye
Kuri uyu mugoroba, mu ijambo Perezida Paul Kagame yagejeje ku mbaga y’abitabiriye umugoroba wo kwibuka kuri stade Amahoro, yagarutse ku mateka y’u Rwanda avuga ko atagarukira ku kuba abantu barabuze ababo bakundaga, asaba Abanyarwanda kunga ubumwe bakagera ku iterambere, ariko yongeye guha gasopo buri wese ufite ibitekerezo byo gusenya ibyagezweho, Ati “Baratinze ngo baduhe uburyo […]Irambuye
Muhanga – Mu gikorwa cyo Kwibuka ku ncuro ya 22 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda, Musenyeri MBONYINTEGE Smaragde akaba n’umushumba wa Diyozese ya Kabgayi yatangaje ko ikibazo cy’ubwoko bw’abahutu, abatutsi n’abatwa cyazanywe n’Abanyapolitiki bashaka kugera ku nyungu zabo. Ibi Musenyeri Mbonyintege Smaragde, yabigarutseho mu ijambo yavugiye mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 22 bitaro […]Irambuye
*Ku bwo kuzirikana igihango cy’ubushuti yarokoye abana batatu b’abakobwa *Yatewe ibitero birenga umunani saa munani z’ijoro, bamusenyera bashaka abo yahishe *Babiri muri bo amaze kubashyingira undi aritegura kujya kwiga muri kaminuza 2016/17 *Yabahishe mu cyumba ibitero bitabashaga kugeramo kubera Imana. Kuba mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 mu Rwanda, abari inshuti za […]Irambuye
Abahanzi 10 bitegura guhatanira Primus Guma Guma Super Star (PGGSS) VI basuye imiryango y’abakecuru b’incike za Jenoside yakorewe Abatutsi barindwi (7) babana mu nzu imwe bubakiwe n’uruganda rukora ibinyobwa Bralirwa mu mudugudu wa Kiyovu, Akagari ka Musumba, Umurenge wa Nyamirama, Akarere ka Kayonza. Aba bakecuru bose bari mu kigero cy’imyaka 80, ngo binjiye muri iyi […]Irambuye
Mu ijoro ryakeye mu Umudugudu wa Giramahoro Akagali ka Ntege Umurenge wa Muhoza abantu batandatu bateye urugo rw’uwari umuyobozi w’Akarere ka Musanze Winifrida Mpembyemungu, amakuru agera k’Umuseke avuga ko bari bagamije kumugirira nabi ariko bakomwa imbere n’abasirikare bashinzwe umutekano. Aba bantu bataramenyekana bamuteye ahagana saa munani z’ijoro, abo kwa Mpembyemungu batabaje maze abasirikare bari bacunze […]Irambuye