Iburasirazuba – Mu murenge wa Rukumberi mu karere ka Ngoma kuri iki cyumweru ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge RSB cyamuritse inzu eshatu z’abarokotse Jenoside batishoboye zari zishaje cyane zasanwe mu mafaranga miliyoni esheshatu yakusanyijwe n’abakozi b’iki kigo. Cecile Kangabe umwe mu basaniwe inzu yavuze ko inzu bari batuyemo zari hafi kubasenyukiraho bityo bakaba bashimiye cyane ubwitange […]Irambuye
Kigali – Kuri iki cyumweru umunsi wa 16 wa shampiyona usize Rayon sports iyoboye urutonde rwa shampiyona y’u Rwanda by’agateganyo, nyuma yo gutsinda Marines FC 3-0, naho Mukura igatsindwa na Police 1-0. Kuri stade ya Kigali i Nyamirambo ku munota wa gatatu gusa rutahizamu Devis Kasirye yafunguye amazamu n’umutwe, nyuma ya ‘corner’ yari itewe na […]Irambuye
Kuri uyu wa gatandatu mu gikorwa cy’urukundo cyo gufasha umwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, urubyiruko rugize komite mu midugudu 10 yo mu kagari ka Karama, mu murenge wa Kanombe ahazwi nko mu Busanza, rwahuriye hamwe mu kubumbira amatafari mugenzi wabo Iradukunda Philomene. Iradukunda Philomene ni umukobwa w’imyaka 24 warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi atuye mu […]Irambuye
Amakuru aturuka i Rubavu aremeza ko abantu bikekwa ko ari inyeshyamba za FDLR mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu hafi saa saba z’ijoro bateye Centre ya Kabumba mu murenge wa Bugeshi ahakorera station ya Police na SACCO Turahumurijwe ya Bugeshi. Umuseke wagerageje kuvugana n’inzego bireba ariko kugeza ubu Police y’igihugu ntacyo iratangaza ku byabereye […]Irambuye
*Karuhimbi Zula yahishe abarenga 150 muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994; *Uyu yahawe umudali w’ishimwe n’umukuru w’igihugu Paul Kagame; *Yaje guhabwa undi mudali n’abakuru b’idini ya Islam mu Rwanda; *Kubera ibikorwa by’ubudashyikirwa yakoze, yajyanywe mu Buholandi mu rugendoshuri; *Inzu araranamo n’itungo rye irashaje ku buryo mu minsi mike ishobora kugwa. Karuhimbi Zula w’imyaka 98 y’amavuko, utuye […]Irambuye
*Icyaha cyo kuba icyitso gishingiye ku cyaha cyo gushishikariza mu ruhame kandi mu buryo butaziguye gukora icyaha cya Jenoside, *Icyaha cyo gutoteza nk’icyaha kibasiye inyokomuntu, *Icyaha cyo kubiba urwango mu baturage ashingiye ku moko. *Icyaha cyo gucura no gutegura umugambi wa jenoside n’Icyaha cy’Ubufatanyacyaha mu gukora jenoside, ntibyamuhamye. Mu rubanza Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda bwari […]Irambuye
Mu kiganiro yahaye abakora mu bigo 10 bishingiye kuri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC), Dr Jean Damascène Bizimana ukuriye Komisiyo y’igihugu yo Kurwanya Jenoside yabwiye abari aho ko abahishe Abatutsi muri Jenoside yabakorerwaga, bakwiye kubishimirwa ku mugaragaro kuko byatuma urubyuriko rukunda umuco w’ubumuntu rukanawimakaza. Mu kiganiro cyamaze hafi isaha cyabereye ku Rwibutso rwa Kigali ku Gisozi […]Irambuye
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muganza, mu Karere ka Rusizi Muhirwa Philippe n’abandi bakozi babiri ku rwego rw’Umurenge batawe muri yombi bazira kunyereza amafaranga yari agenewe abatishoboye barokotse muri Jenoside muri Gahunda ya Girinka Munyarwanda. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Twahirwa yabwiye UM– USEKE ko Muhirwa Philippe afunze […]Irambuye
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane, Urukiko rukuru rwatesheje agaciro umwanzuro w’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge wategekaga ko Dr Rose Mukankomeje afungwa iminsi 30 y’agateganyo, maze rutegeka ko arekurwa akaburana ari hanze. Tariki ya 01 Mata, nibwo urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rukorera rwari rwakatiye Dr Rose Mukankomeje wahoze ayobora Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kurengera Ibidukikije “REMA” […]Irambuye
Mu muhango wo gusoza icyumweru cy’icyunamo wabereye mu Murenge wa Ruganda, abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi basabye ubuyobozi kwita ku nzibutso, no gusana inzu zenda kugwa ku bacitse ku icumu. Urwibutso rwo mu Murenge wa Ruganda aho uyu muhango wabereye ruteye inkenke, dore ko imibiri irenga ibihumbi 15 irushyinguyemo iri mu mva z’ibitaka zidakoteye na Sima. […]Irambuye