Ubushakashatsi bwakozwe bugomba kwemezwa n’ikigo k’igihugu kibarurisha mibare, buragaragaza ko abashakanye hagati ya 10 na 15 ku ijana bashobora gufatwa n’ubugumba. Ministiri w’ubuzima Agnès Binagwaho wemeza ubu bushakashatsi, avuga ko mu gihe habonetse ko abashakanye badashobora kubyara, abaganga babohereza ku bandi babizobereyemo. Ariko na none hari ubugumba mu Rwanda abaganga bashobora kwitaho kandi bugakira. Abashakanye […]Irambuye
Mu gihe mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda havugwa indwara ya Ebola yahitanye umuntu 1 mu minsi ishize, mu Rwanda Ministeri y’ubuzima irahumuriza abaturage barwo ruvugako rwashyizeho ikipe izafasha mu gukumira ikwirakwizwa ry’iyi ndwara, ko kandi u Rwanda rufite ibikoresho bihagije mu kuyirwanya no kuyirinda. Urwaye Ebola ava amaraso menshi, kumwitaho biragoye/Photo Internet Bimwe mu bimenyesto […]Irambuye
Abatwara ibinyabiziga barasabwa kugira isuku. Kigali – Kugira isuku ni imwe mu ntego u Rwanda rushyize imbere. Nyamara nubwo bimeze bityo hari aho usanga iyi gahunda itubahirizwa. Urugero ni nk’abamotari bakorera hirya no hino mu gihugu, aho bamwe muribo bashinjwa kugira isuku nke. Photo: Ukora umwuga wo gutwara abagenzi ku ipikipiki Ishami rya police rishinzwe […]Irambuye
Muri iyi minsi usanga ikibazo cyibazwa, kandi gihangayikishije benshi, ni umubyibuho ukabije. Usanga rero abatu batakaza umwanya bashakisha icyo bakora ngo bagabanye umubyibuho ukabije wibasiye imbaga nyamwinshi. muri bimwe bishobora kugufasha kunanuka, cyangwa kwirinda umubyibuho ukabije, harimo na bimwe mubyo turya bya buri munsi, nkuko byemejwe n’abaganaga. Muri ibyo rero iby’ingenzi ni ibi bikurikira: 1. […]Irambuye
Nyanza – Bamwe mu baturage bo mu mudugudu wa Bigega akagali ka Gahondo umurenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza baratangaza ko bakomeje kuvoma amazi mabi mu gihe ngo bamaze imyaka igera kuri itatu nta gikorwa ngo iriba ryabo bavomaho ryubakwe. Aba baturage bakaba batunga agatoki abayobozi b’inzego zibanze mu mudugugu wabo ngo badakunze kubegera […]Irambuye
Kuri uyu wa kabiri Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda igiye gutangiza igikorwa cyo gukingira abana b’abakobwa batarengeje imyaka 12 kanseri y’inkondo y’umura kuko ngo arimwe mu ndwara zikomeye zica abagore n’abana babakobwa benshi mu Rwanda ndetse no mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere. Iki gikorwa ngo kikaba kiri bukorerwe mu bitaro n’ibigo nderabuzima bitandukanye mu Rwanda, […]Irambuye
Ingaruka z’amashereka zashyizwe ahagaragara ku rubuga rwa internet. Abahanga mu by’ubushakashatsi barasaba ababyeyi kuba maso mu gihe bonsa abana babo kuko ngo amashereka ashobora gutera indwara cyangwa akaba yagira microbe zishobora kwangiza ubuzima bw’umwana. Mu gihu cy’Ubufaransa, socite ishinzwe gutunganya amata ahabwa bavutse batagejeje igihe (les petits prématurés) iratangaza ko itewe impungenge n’umuco utari mwiza […]Irambuye
Uyu munsi tariki ya 25/04, ni umunsi mpuzamahanga wo kurwanya malariya Kimwe n’ibindi bihugu byose ku isi, u Rwanda rwifatanya n’amahanga ku munsi wo kurwanya malariya, uyu munsi ukaba watangiye kwizihizwa mu gihugu cy’u Rwanda kuva mu 2007. Kuri iyi tariki ya 25 mata nibwo uwo munsi wizihizwa. Insanganyamatsiko y’uyu mwaka tugenekereje mu kinyarwanda igira […]Irambuye
Kureba televiziyo cyane bishobora gutera indwara z’ umutima . Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara kuri uyu wagatatu muri kaminuza y’I Sydney, mu gihugu cya Australiya bwerekena ko abana bakunda kureba cyane teviziyo, bishobora kubaviramo kurwara indwara z’umutima hakiri kare nk’umuvuduko w’amaraso cyangwa diyabete. Kubana bakoreweho ubushakashatsi bari hagati y’imyaka itandatu(6) n’irindwi(7), bakunda kureba igihe kinini teviziyo usanga […]Irambuye
Indwara yibasiye ikigo cy’amashuri cya Mukinga yaramenyekanye. Mu kwezi kwa gatatu nibwo twabagejejeho inkuru y’indwara idasanzwe yagaragaye ku kigo cy’amashuri cya Mukinga mu murenge wa Nyamiyaga ho mu karere ka Kamonyi aho abana 316 bari bafashwe, batatu muri bo bakaba baritabye Imana. Kugeza ubu, iyo ndwara ntabwo iracika gusa ngo noneho yaba yaramenyekanye. Avugana na […]Irambuye