Inkari z’ababyeyi zasanzwemo ibisigazwa by’iyi miti ikoreshwa mu buhinzi Ababyeyi batwite bakunda kwegera imiti ikoreshwa mu buhinzi mu kwica udukoko twangiza imyaka, bashobora gutuma abana baba batwite,iyo bamaze kuvuka bagira ubwenge buke ugereranije n’abandi batigeze begerezwa iyo miti. Ubushakashatsi bugaragaza ko bitangira kugaragara, iyo umwana ageze kukigero k’imyaka irindwi(7). Ibisubizo byavuye mu bushakashatsi bubiri bwakorewe […]Irambuye
Imibonano mpuzabitsina idasazwe ishobora kwica! Itsinda ry’abashakashatsi b’abanyamerika ba Tufts Medical Center y’i Boston na Harvard berekana ko imibonano mpuzabitsina ishobora kwica uyikoze mu gihe ayikoze atameze neza. Babyerekana bakurikije isano iri hagati y’ibikorwa by’ingufu cyangwa mpuzabitsina bya buri gihe n’indwara z’umutima. Bahereye ku bushakashatsi bwari busanzwe buriho, kubijyanye n’ibikorwa bya buri munsi bisaba ingufu […]Irambuye
Impano y’imodoka icumi muri gahunda yo kurwanya malaria. KIGALI- Mu rwego rwo gukomeza gushyira mu bikorwa ,gahunda yo kurwanya malaria Ministeri y’ubuzima ibifashijwemo n’ikigega mpuzamahanga Global Fund,kuri uyu wa kane bashyikirije imodoka 10, imwe mu miryango itagengwa na leta ikorera hano mu Rwanda. Imidoka 10 inkunga yahawe gahunda yo kurwanya malariya mu Rwanda (Photo […]Irambuye
KIGALI- Kwitabira ubwisungane mu kwivuza Mutuel de Sante ni imwe munzira yo gufasha abanyarwanda gushyira gahunda y’imbaturabukungu no kurwanya ubukene mu bikorwa. Ibi ni ibitangazwa na ministeri y’ubuzima aho ivuga ko guverinoma izakora ibishoboka buri wese akagira ubwisungane mu kwivuza. Mu mwaka wa 2010-2011 umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza wariyongereye.aho wavuye ku mafranga 1000 ukagezwa ku […]Irambuye
Mu bitaro bya Nyanza hari umuryango ugizwe n’umugabo n’umugore n’abana 3 bose barwaye bwaki usibye umugabo. Bakaba baraje muri ibyo bitaro baturutse mu murenge wa Munyinya I Busoro baje kurwaza umwana wabo w’imfura w’imyaka ine wari wararembye kubera iyi ndwara. Mu cyumba cyirwariramo abana aho uyu mwana yararyamye iruhande rwe hari itara rimumurika, ngo rimutera […]Irambuye
Imitima y’abantu ishobora gukorerwa muri laboratoire. Ku nshuro yambere, abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Minneapolis iherereye muri Leta ya Minnesota, muri Leta Nzunze Ubumwe z’Amerika, bashoboye gukora imitima y’abantu muri Laboratoire. Iyi mitima itaratangira gutera bizeye ko izatangira gukora mu byumweru bike. Muri 2008, aba bashakashatsi bari bakoze imitima y’imbeba n’ingurube, bakoresheje uturemangingo dutandukanye tuvuye […]Irambuye
Umusaza witwa Vito wibera mu nzu zita ku bashesha akanguhe mu gihugu cy’ubufaransa yagiye kwa muganga bamusangamo igipfuko kireshya na centimetero 17 cyibagiriwemwo hashize imyaka 11 yose. Ubwo yajyaga kwa muganga kuko yumvaga afite ibibazo mu kwihagarika bamucishije mu cyuma (scanner) abaganga bamubwira ko afite cancer. Ariko icyaje gutangaza abo baganga ubwo bafata icyemezo cyo […]Irambuye
Nyuma yuko Tariki ya makumyabiri na gatatu z’ukwezi kwa gatatu hari hafashwe abantu bagera kuri cumi n’umwe bakora inzoga zitemewe mu murenge wa Huye, kuri iki cyumweru noneho polisi ikorera mu murenge wa Ngoma yakoze isaka ry’ inzoga zitemewe mu kagari ka Cyarwa ho murenge wa Tumba maze hafatwa Litiro zigera kuri magana ane y’inzoga […]Irambuye
“Umubare munini w’abakora ibyaha bishingira ku gukoresha ibiyobyabwenge ugaragara mu rubyiruko” Theos Badege Urubyiruko ngo rukwiye kwitabwaho by’umwihariko mu bijyanye no gukangurira abantu kwirinda ibiyobyabwenge, bitewe n’uko ibyaha byinshi by’ubu buryo bikorwa cyane n’abari muri iki kiciro. Iyi akaba ari imwe mu mpamvu polisi y’ igihugu iri kugenda iganira n’abanyeshuri mu mashuri yisumbuye mu gihugu […]Irambuye
Tariki ya 24 Werurwe buri mwaka ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya indwara y’igituntu. Ubwo uyu munsi mpuzamahanga ku rwego rw’igihugu wizihirizwaga ku bitaro bya Kabgayi mu karere ka Muhanga intara y’amajyepfo, bamwe mu barwayi b’igituntu kuri ibi bitaro bya Kabgayi, baratangaza ko bahura n’imbogamizi ku mibereho y’ubuzima bwabo kubera amikoro make baba bafite yakunganira imiti […]Irambuye