Uganda: Pasiteri yasabye abayoboke be gutura Imana amadolari n’amaPounds

Umupasiteri wo mu Bangilikani muri Uganda witwa Rev Canon Christine Shimanya ku Cyumweru yanenze Abakirisitu bafite amadolari n’ama pounds bajya gusenga bakabanza kuyavunjisha mu maShilling kugira ngo babone ayo batura. Mu rusengero rwitwa Namugongo Martyrs Church niho uyu Pastori yamaganye iyo migenzereze y’Abayoboke be. Yagize ati: “Hari bamwe muri mwe usanga bafite amadolari bakuye mu […]Irambuye

Abavura indwara zo mu mutwe ngo imibereho mibi no gutotezwa

Mu kiganiro abagize ihuriro nyarwanda ry’abaforomo bavura indwara zo mu mutwe bahaye abaturage bo mu kagali ka Nkusi mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo nyuma yo gushinga inkingi aho bagiye gutangira kubakira umubyeyi wabaga mu nzu ishaje, bavuze ko imibereho mibi, gutotezwa no kunywa ibiyobyabwenge biri mu mpamvu zituma abantu barwara mu mutwe. […]Irambuye

P. Kagame yasabye abayobozi kwegera abaturage kurushaho mu gihe cy’amatora

Perezida Paul Kagame yakira indahiro z’Umuvunyi Mukuru wungirije ushinzwe kurwanya Ruswa n’Akarengane, Yankurije Odette na Hon Depite Niyitegeka Winfred wasimbuye nyakwigendera Depite Mukayisenga Francoise witabye Imana tariki 11 Kamena 2017, yasabye abayobozi gukorana kandi bakarushaho kwegera abaturage muri ibi bihe by’amatora u Rwanda rujyamo. Uyu muhango wa baye kuri uyu wa gatanu, Perezida Kagame yavuze […]Irambuye

America irateganya gufatira ingamba zikomeye Koreya ya Ruguru

Mu kiganiro yahaye abanyamakuru nyuma yo guhura Perezida wa Pologne, Donald Trump yababwiye ko ari gutegura ingamba zikaze zo kuzahana ubutegetsi bwa Pyongyang kubera icyo yise imyitwarire idashobotse yabwo. Yabwiye abanyamakuru ko atarafata umwanzuro wa nyuma ku kibazo cya Koreya ya Ruguru ariko ngo azayicishaho akanyafu nikomeza ubushotoranyi. Asubiza ku cyo yakora ku bikorwa bya […]Irambuye

Urubyiruko rwize ubwubatsi bw’imihanda rurasaba amahugurwa yisumbuyeho

Bamwe mu rubyiruko rwize ubwubatsi bw’imihanda n’ubwubatsi muri rusange ku rwego rwa Kaminuza rwabwiye Umuseke ko nyuma yo kurangiza amashuri rugera ku isoko ry’akazi rugasanga hari ubundi bumenyi ngiro bukenewe kugira ngo ibyigiwe mu ishuri bishyirwe mu bikorwa. Babivuze nyuma yo kwitabira amahugurwa yabereye ku Kimihurura yateguwe n’Ikigo gikora imirimo y’ubwubatsi kitwa TEMACO Builders Ltd […]Irambuye

Senegal yamenye ko hari abashaka gukora Coup d’Etat muri Gambia

Muri raporo yatanzwe n’inzego z’iperereza za Senegal yemeza ko hari amakuru afatika ko hari bamwe mu bahoze bashyikigiye Yahya Jammeh wahoze ayobora Gambia bifuza kuzamugarura ku butegetsi binyuze mu guhirika ubutegetse. Ubutasi bwa Senegal bwemeza ko abashaka guhitana Perezida mushya Adama Barrow baherereye muri Mauritania, Guinea Bissau no muri Guinea Conakry. Amakuru ari kunonosorwa n’inzego […]Irambuye

EAC igiye gushyiraho ibirango bishya

Kuri uyu wa Kabiri Umuryango wa Africa y’Uburasirazuba EAC watangije amarushanwa yo gukora ibirango byawo bishya, abazitabira ayo marushanwa bakaba ari abatuye ibihugu byose biri muri uyu muryango. Uzatsinda aya marushanwa azahembwa ibihumbi 25$. Italiki ntarengwa yo kuba abarushanwa barangije kwerekana ibyo bakoze ni tariki 30, Kanama 2017. Uzahembwa kandi agomba gukora ibindi birango bitatu […]Irambuye

Umurinzi w’igihango yasabye urubyiruko rwa nyuma Jenoside kwanga guhemuka

Nathal Ntagungira wagizwe umurinzi w’igihang, mu kiganiro yaraye abahaye urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rwibumbiye mu muryango bise YURI yavuze ko kuba se wahoze ari umuyobozi wa Segiteri yaranze ko hagira Umututsi wicwa akaza kubizira byamubereye umurage kandi ko nabo bagomba kwirinda kuzagira uwo bahemukira. Ntagungira yabwiye abari aho ko kera bahoze batuye mu cyahoze […]Irambuye

Aba Aztecs bari bafite umuco wo gutamba imfungwa, abagore n’abana

Abahanga mu byataburuwe mu matongo (archaeologists) bo muri Mexique baherutse gucukura ahantu bavumbura ibikanka 650 bitabye mu butaka mu buryo bukoranye ubuhanga bw’abubatsi. Ibyo bavumbuye byabaye ikimenyetso simusiga gishyigikira inyandiko z’abanyamateka zivuga ko aba Aztecs bahoze batamba ibitambo by’abantu barimo cyane cyane abagore n’abana ndetse n’abanzi babaga bafatiwe ku rugamba. Ubwami bw’aba Aztecs bahoze mu […]Irambuye

Umunya Sudani y’Epfo umaze igihe mu Rwanda ashima uko uburenganzira

Ni umukobwa ukomoka muri Sudani y’Epfo witwa Elizabeth Diing Lval Munyang wiga mu Rwanda, ashima uburyo imiryango yita ku burenganzira bwa muntu n’ubw’abana ikora mu Rwanda. Yabwiye Umuseke ko akurikije ibyo yigiye mu mahugurwa y’iminsi ine yateguwe n’ihuriro ry’imiryango ihanira uburenganzira bwa muntu CLADHO, asanga igihugu hari ibyo cyanoza kugira ngo abana babeho biga, bafite […]Irambuye

en_USEnglish