Min. Busingye avuga ko nta muntu ugipfa kujyana Leta mu

*Minisitiri w’Ubutabera yasabye abunganira Leta kujya batsinda 100% imanza bayiburanira, *Umubare w’imanza Leta yajyaga itsindwa mu myaka ine ishize ungana n’izo isigaye itsinda, *Uhagarariye abunganira Leta avuga ko bishoboka ko Leta yatsinda 100% imanza iburana, *Ku mwaka, MINIJUST yishyuraga amafaranga agera kuri Miliyari imwe mu manza yatsindwaga…ubu ntarenga 18%. Mu mahugurwa yahuje abanyamategeko bunganira Leta […]Irambuye

Abakora ‘envelopes’ zipfunyikwamo ibicuruzwa bavuga ko batabona ibikoresho

Ku bufatanye bw’uturere twose n’inganda na koperative zitunganya ibyo bapfunyikamo (envelope) ibicuruzwa, bari mu bukangurambaga bwo guca burundu ikoreshwa ry’amasashi ya ‘plastique’ yangiza ibidukijije. Abafite inganda zikora ‘envelope’ zemewe bavuga ko kubona ibyo gukoresha bitaborohera kuko uruganda rubitunganya muri Afurika ari rumwe gusa. Mu rwego rwo kubungabunga no kurengera ibidukikije, kuva mu mwaka wa 2005, […]Irambuye

‘Gushaka Gukira vuba, Ubusambo, kwigwizaho ibyarubanda,…’ Bituma imisoro inyerezwa –

*Mu myaka ibiri, RRA imaze kwirukana abakozi 28 bagaragaweho kwikubira imisoro, *Ngo mu karere ka EAC, u Rwanda ruza ku isonga mu kwaka imisoro iri hasi, *Komiseri Mukuru wa RRA avuga ko amafaranga ashyirwa mu ngengo y’imari yaturutse mu misoro akiri macye. Ikigo cy’igihugu cy’Imisoro n’Amahoro cyahurije hamwe abafatanyabikorwa bacyo barimo abafite aho bahuriye na […]Irambuye

Abunganira Mbarushimana babwiye urukiko ko “Nta byaha bya Jenoside bibaho”

*Bavuga ko Mbarushimana ashobora gukurikiranwaho gucura umugambi wa Jenoside mu gihe yaba itaragezweho, *Ngo uwo bunganira yakurikiranwaho kwica no kurimbura mu gihe yaba yaragabye ibitero ku bantu batari Abatutsi, *Basabye ko umukiliya wabo akwiye gukurikiranwaho icyaha kimwe … Urukiko rwabiteye utwatsi, *Kera kabaye umwunganizi wari umaze amezi asaga ane yarambuwe ijambo muri uru rubazna, yongeye […]Irambuye

Abasaga miliyoni 45 babayeho nk’abacakara…Ngo ibi byiyongereyeho 28% mu myaka

Ubushakashatsi bwakozwe  n’itsinda riyobowe n’umuherwe wo muri Australia; Andrew Forrest bugaragaza ko Abagabo, abagore n’abana basaga miliyoni 43 ku isi babayeho nk’abari mu bucakara bugezweho (Modern Slave). Ubu bushakashatsi bugaragaza ko imibereho nk’iyi yiyongereyeho 28% mu myaka ibiri ishize. Raporo y’ubu bushakashatsi igaragaza ko Ubuhindi ari cyo gihugu gifite umubare uri hejuru w’abantu babayeho muri […]Irambuye

Mbarushimana ngo ntibyamworohera kwiregura imbere y’abamubonamo ‘Umwicanyi ruharwa’

*Yateye utwatsi ibyavuye mu iperereza rimushinjura ryakozwe n’Abamwunganira, *Mbarushimana yavuze ko atakwiregura imbere y’Urukiko rumaze kumuvutsa uburenganzira, Ati “Harya ubwo ndi umusazi wo gukomerezaho?” *Abavoka bavuga ko bitaborohera kuregura uwo bunganira mu gihe atireguye, ngo ‘Ntibari gutekerereza umukiliya wabo ko yanga kuvuga’ *Ubushinjacyaha bwasabye ko urubanza rukomereza ku kiciro kigezweho. Mbarushimana Emmanuel ukurikiranyweho kugira uruhare […]Irambuye

MINAGRI ivuga ko ‘Girinka’ ari umwihariko w’u Rwanda mu buhinzi

*Imbuto z’ibishyimbo bihingwa mu bihugu byose bigize EAC bukomoka mu Rwanda. Mu minsi iri imbere, Ministeri y’Ubuhinzi n’Ubworozi iratangiza icyumweru cyahariwe kongera imbaraga mu bushakashatsi n’iyamamaza buhinzi n’ubworozi, iyi Minisiteri ivuga ko hari byinshi u Rwanda rwagezeho mu guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi birimo kuba ari cyo gihugu cyonyine ku isi kibarizwamo gahunda yo koroza abanyagihugu […]Irambuye

Abandi bimukiira hagati ya 700 na 900 bararohamye bashaka kugera

Umuryango w’Abaganga batagira umupaka (Medecins sans Frontiere) n’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi HCR baratangaza ko mu cyumweru gishize abimukira babarirwa hagati ya 700 na 900 ari bo bashobora kuba barasize ubuzima mu mpanuka z’ubwato bwabaga bubatwaye buberekeza ku mugabane w’Uburayi. Uyu muryango w’abaganga batagira umupaka uvuga ko mu cyumweru gishize hatabawe ubuzima bw’abantu bagera […]Irambuye

Amavubi atakinishije Migi na Abouba atsinzwe na Senegal 2 ku

Mu mukino wa gicuti wahuzaga ikipe Ikipe ya Senegal izwi ku izina rya ‘Les Lion de La Teranga’ n’ikipe y’igihugu cy’u Rwanda kuri Stade Amahoro, urangiye Amavubi atsinzwe ibitego bibiri bya Senegal ku busa. Muri uyu mukino wagarageyemo ishyaka ku ruhande rw’ikipe ya Senegal; Abakinnyi ba Senegal nka Mame Bilam Diouf usanzwe akinira Stoke City, […]Irambuye

Min. Musoni n’abayobozi b’umugi wa Kigali basuye inyubako ya CHIC

Minisitiri w`Ibikorwa Remezo, James Musoni ari kumwe na nyobozi y’umugi wa Kigali, Kuri uyu wa 28 Gicurasi, basuye ibikorwa by’inyubako ya kompanyi izwi nka CHIC Ltd iri ahahoze ahahoze hari ETO Muhima hafi ya Gare nshya yo mu mujyi wa Kigali rwagato, izakorerwamo ubucuruzi butandukanye berekwa ibikorwa byatangiye gukorerwamo n’ibiteganywa gukorerwamo. Umuyobozi w’Umugi wa Kigali […]Irambuye

en_USEnglish