Dutemberane muri Parike y’Ibirunga, dusure INKIMA ziri gucika ku Isi

*Ubushize twatemberanye muri bimwe mu bice nyaburanga by’Intara y’Iburengerazuba; *Ubu twasubiye mu Majyaruguru kuko naho si ubwa mbere tuhasuye; *Uyu munsi twasuye umuryango w’INKIMA 120, zimwe mu nyamanswa ziri gucika ku Isi. Parike y’Ibirunga ibarizwa mu gace k’ibirunga gahuriweho n’u Rwanda, Uganda na DR Congo, kakaba kabarizwamo ubwoko bw’inyamanswa nyinshi, gusa izihazwi cyane ni Ingagi […]Irambuye

Niyonkuru Djuma Radjou wavuye muri Rayon ari mu biganiro na

Myugariro Niyonkuru Djuma bita Radjou, ari mu biganiro na Musanze FC itozwa na Habimana Sosthene “Lumumba, bahoranye muri Rayon Sports. Niyonkuru Djuma Radjou yavuye muri Kiyovu Sports ajya muri Rayon Sports umwaka ushize w’imikino utangira. Yasinye umwaka umwe w’amasezerano, yarangiye muri Nyakanga 2016. Nk’uko uyu musore yabitangarije Umuseke, ngo muri Rayon kuva Masudi Djuma yaba […]Irambuye

Umukino na Ghana wafasha Umunyarwanda kubona ikipe y’i Burayi –

Nubwo Amavubi yatakaje amahirwe yose yo kujya mu gikombe cya Afurika, Mugiraneza Jean Baptiste Migi asanga bazajya muri Ghana bashaka ishema ry’igihugu, no kwigurisha ku makipe y’i Burayi. Ikipe y’igihugu Amavubi ikomeje kwitegura umukino wa Ghana udafite kinini umaze, kuko rwamaze gutakaza amahirwe yose yo kujya mu mikino ya nyuma yo guhatanira igikombe cya Afurika […]Irambuye

Rwinkwavu: Abaturage ibihumbi 15 barahabwa ibiribwa ntibagisuhuka, gusa ni bikeya

*Izuba rimaze imyaka hafi ibiri ryateje Amapfa mu murenge wa Rwinkwavu *Batangiye gusuhuka Leta yashyizeho “Work for Food”  *Nubwo bavuga ko ari “Intica ntikize”, ngo ntawongeye gusuhuka; *Ibi bagayaga ubuke ubu byaragabanutse  Iburasirazuba – Abaturage bo mu Murenge wa Rwinkwavu, Akarere ka Kayonza wavuzwemo amapfa akomeye  ugereranyije n’ibindi bice by’igihugu barasaba Leta ko itadohoka ku gukomeza kubafasha, […]Irambuye

Nahimana Shasir wa Rayon yifuza kugera ikirenge mucya Amiss Cedrick

Umwe mu bakinnyi bashya Rayon Sports yasinyishije, Umurundi Nahimana Shasir ngo yifuza guhesha Rayon Sports igikombe cya Shampiyona nk’uko inshuti ye Amiss Cedrick yabikoze muri 2013. Nyuma yo gutwara igikombe cy’amahoro, ikanasoreza Shampiyona ku mwanya wa kabiri, Rayon Sports ikomeje imyitozo yitegura umwaka w’imikino 2016-17, hamwe n’abakinnyi bashya yaguze. Muri aba bakinnyi bashya, harimo Nahimana […]Irambuye

Muhanga: Abapastoro babiri barapfa ubuyobozi bw’Itorero EDNTR

*Hashize amezi 4  Pasiteri Twagirimana Charles avuze ko ariwe muvugizi w’iryo Torero *Mu igazeti  ya Leta  Bishop Nyirinkindi niwe muvugizi waryo *RGB ivuga ko  urubanza rw’aba bagabo bombi ruri mu nkiko Taliki 16 Mata 2016 Pasteri Charles Twagirimana yatangarije Umuseke ko  yahawe inshingano zo kuba umuvugizi  w’Itorero ry’Imana ry’Isezerano Rishya mu Rwanda, ndetse ngo akaba […]Irambuye

Ababyeyi b’i Bugesera barasabwa kutabuza abana b’abakobwa gukina football

Umushinga wa FIFA wo gufasha abana b’abakobwa gukunda umupira w’amaguru ‘Live Your Goals Festival’ wasuye Akarere ka Bugesera. Abayobozi b’uyu mushinga basabye ababyeyi b’i Bugesera kutazitira abana babo, bakunda umupira w’amaguru. Kuri uyu wa gatanu tariki 26 Kanama 2016, ku kibuga cyo mu mujyi wa Nyamata mu Karere ka Bugesera, hahuriye abana b’abakobwa 400 bavuye […]Irambuye

Rayon Sports yaba yamaze kumvikana na Evariste Mutuyimana wa Sofapaka

Umunyezamu Evariste Mutuyimana wari umaze imyaka ibiri muri  Sofapaka FC yo muri Kenya, agiye kugaruka mu Rwanda, bivugwa ko ibiganiro na Rayon Sports birimo gusozwa. Tariki 23 Kanama 2016, nibwo umutoza wa Rayon Sports Masudi Djuma yatangarije Umuseke abakinnyi bane yamaze gusezerera ngo bishakire andi makipe. Muri aba bakinnyi, harimo uwari umunyezamu wa gatatu, Musoni […]Irambuye

RDB yakusanyije hafi miliyoni 20 Frw zo kurengera Ingagi n’Imisambi

Mu rwego rw’imirimo ibanziriza umuhango wo ‘Kwita izina’ abana b’ingagi 22 bavutse muri uyu mwaka, RDB yateguye umugoroba wo gusangira (Gala Dinner) kugira ngo hakusanywe amafaranga yo gutera inkunga imishinga itatu yo kurengera ingagi n’imisambi, hakusanijwe hafi Miliyoni 20 z’amafaranga y’u Rwanda. Iyi Gala Dinner yitabiriwe n’abanyacyubahiro banyuranye barimo Umuyobozi w’urukiko rw’ikirenga Sam Rugege, umuyozi […]Irambuye

RSE: Crystal Telecom yacuruje arenga miliyoni zirenga 27 Frw

Kuri wa gatanu ku Isoko ry’Imari n’imigabane ry’u Rwanda hacurujwe imigabane ya Crystal Telecom gusa ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda arenga miliyoni 27. Raporo y’icyumweru iragaragaza ko amafaranga yacurujwe yamanyutseho 5.04% ugereranyijen’icyabanje. Kuri uyu munsi wa nyuma w’icyumweru, ku isoko ry’imari n’imigabane “Rwanda Stock Exchange (RSE)” hacurujwe amafaranga macyeya ugereranyije no kuwa kane. Kuwa kane […]Irambuye

en_USEnglish