Umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafrw 103.90

Kuri uyu wa 02 Werurwe 2017, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wageze ku mafaranga y’u Rwanda 103.90. Kuri uyu wa kane, umugabane w’iki kigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafaranga 103.90, uvuye ku mafaranga 103.88 wariho kuwa gatatu, bivuze ko wazamutseho amafaranga y’u Rwanda +0.02. Kuva mu kwezi […]Irambuye

Manda ya II: Paul Kagame yageze ku ntego z’UMUTEKANO N’UBUSUGIRE

Muri Manda ya kabiri, Perezida Paul Kagame hari byinshi yemereye Abanyarwanda ko azabagezaho mu myaka irindwi, bikubiye mu cyiswe “Gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi”. Mu gihe habura amezi macye ngo manda ya kabiri irangire, UM– USEKE ukomeje kubagezaho inkuru zigaragaza ibyagezweho n’ibitaragezweho mubyo yemereye abaturage, dushingiye ku bipimo bihari. Inkuru iheruka yagarutse ku ‘Inkingi ya mbere […]Irambuye

RSE: Hacurujwe ‘treasury bond’ za miliyoni 18

Kuri uyu wa 01 Werurwe 2017, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe Impapuro z’Agaciro mvinjwafaranga z’umwenda wa Leta (Treasury Bond) zifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 18,200,000, zagurishijwe muri ‘deals’ enye, ku mafaranga ari hagati ya 97.18 na 103. Izi mpapuro zacurujwe kuri uyu wa gatatu ni iz’imyaka itanu Leta yagushije mu mwaka ushize wa 2016 (FDX1/2016/5yrs), […]Irambuye

Umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafrw 103.88

Kuri uyu wa 01 Werurwe 2017, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wageze ku mafaranga y’u Rwanda 103.88. Kuva mu kwezi kw’Ugushyingo 2016, kamaze kuzamukaho amafaranga 3.88, ndetse bikaba bishoboka ko iki cyumweru cyarangira umaze kuzamukaho amafaranga ane (4.00). Ubuyobozi bwa RNIT buvuga ko izamuka ry’agaciro k’umugabane mu […]Irambuye

Gisenyi – Menya abana bo ku muhanda ariko biga kandi

Umujyi wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, ni umwe mu mijyi ifite abana b’inzererezi benshi, ariko bamwe muri bo bafite umwihariko wo gukunda ishuri kuko bafite intego mu buzima bwabo, bamwe bashaka kuzaba abayobozi…hari n’ushaka kuzaba Perezida wa Republika…. Umunyamakuru w’Umuseke yatembereye mu mujyi wa Gisenyi, maze akurikirana imibereho y’abana batanu (5) barara mu nzu […]Irambuye

Bugeshi: Guhana imbibi na DR Congo ni imbogamizi mu kurwanya

Rubavu – Nubwo Umurenge wa Bugeshi wateye intambwe ishimishije mu kwimakaza ubumwe n’ubwiyunge, abawutuye bavuga ko bikiri imbogamizi ikomeye kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside mu gihe hakiri abasize bahekuye u Rwanda bari mu mashyamba ya DR Congo kandi bambuka biboroheye. Akarere ka Rubavu kaza ku mwanya wa kabiri mu Rwanda mu kugira ingengabitekerezo ya Jenoside nyinshi, […]Irambuye

Nyuma yo kuyogozwa n’igicengezi, Abarokotse Jenoside ba Nyamyumba ngo babanye

Abaturage b’Umurenge wa Nyamyumba wari umwe mu mirenge yagaragayemo ubwicanyi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse na nyuma yayo mu gihe cy’abacengezi baremeza ko nyuma y’imyaka 23 ubu ngo abarokotse n’abayigizemo uruhare babanye neza, nubwo ingengabitekerezo bakiyijujura mumatamatama. Abatuye uyu murenge basa n’abahuriza ku bisubizo ku mibanire y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi n’abandi baturage by’umwihariko […]Irambuye

Muri iki cyumweru umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wazamutseho +0.19

Kuva kuwa gatanu w’icyumweru gishize, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT)” muri iki cyumweru wazamutseho +0.19. Kuri uyu wa 24 Gashyantare 2017, umugabane w’iki kigega wageze ku mafaranga 103.75. Kuva kuwa gatanu ushize, umugabane w’iki kigega wazamutseho amafaranga +0.19, kuko kuwa gatanu wo ku itariki 17 Gashyantare wari […]Irambuye

Uko Isoko ry’Imari n’Imigabane ryari ryifashe muri iki cyumweru

Muri iki cyumweru Isoko ry’Imari n’imigabane ryaritabiriwe cyane ugereranyije n’icyuweru gishize, agaciro k’imigabane yacurujwe kazamutseho amafaranga y’u Rwanda 32,511,700. Muri iki cyumweru, Isoko ry’Imari n’Imigabane “Rwanda Stock Exchange (RSE)” ryafunguye imiryango iminsi itanu. Muri iyo minsi itanu, hacurujwe imigabane ya Bralirwa, Banki ya Kigali na Crystal Telecom igera kuri 659,100, ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda […]Irambuye

en_USEnglish