Rubavu: Inzira yo kwiyubaka iracyari ndende ku barokotse Jenoside

Nyuma y’imyaka 23, abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Karere ka Rubavu baracyavuga ko kwiyubaka bikigora benshi muri bo, gusa bagashima Leta ibyo imaze kubagezaho. Ibi ngo binabangamira ubumwe n’ubwiyunge muri aka karere. Kuba Akarere ka Rubavu ari iwabo wa bamwe mu bantu bateguye bakanashyira mu bikorwa Jenoside yakorewe abatutsi, ndetse n’ubwicanyi bwayibanjirije bwagiye bukorwa nk’igerageza […]Irambuye

RSE: Hacurujwe imigabane ya Crystal Telecom y’ibihumbi 414 Frw

Kuri uyu wa 23 Gashyantare, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane (Rwanda Stock Exchange/RSE) hacurujwe imigabane 4,600 ya Crystal Telecom ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 414,000, yacurujwe muri ‘deals’ ebyiri. Hagati aho, ibiciro ntibyahindutse ku migabane y’ibindi bigo biri ku isoko bitacuruje, umugabane wa Banki ya Kigali uri ku mafaranga 240, uwa Bralirwa uri ku mafaranga 140, […]Irambuye

Gako: Kagame yambitse amapeti abasirikare 478 bo ku rwego rwa

Kuri uyu wa kane, Perezida wa Republika Paul Kagame yambitse amapeti abasirikare 478 barangije imyitozo ibagira aba-Ofisiye bashya mu ngabo z’u Rwanda, Abasaba by’umwihariko kuzarinda Abanyarwanda n’ubusugire bw’igihugu. Aba basirikare barangije imyitozo ibagira aba-Ofisiye, barambikwa ipeti rya ‘Second Lieutenant’ baragera kuri 478, barimo 68 b’igitsina gore. Nyuma yo guhabwa ipeti, aba ba-Ofisiye bashya barahiriye kutazahemukira […]Irambuye

17% by’abagabo batuye Intara y’Amajyepfo nibo gusa basiramuye – HDI

Imibare itangwa n’ikigo giharanira uburenganzira bwa muntu mu buzima (Health Development Inititative/HDI) yerekana ko abagabo bagera kuri 17% gusa aribo bamaze kwisiramuza mu Ntara y’Amajyepfo. Umujyi wa Kigali niwo uza ku isonga kuko ufite abagera  50% basiramuye. Mu nama y’umunsi umwe yahuje abakozi batandukanye bafite ubuzima mu nshingano zabo, ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga, n’abakozi b’ikigo […]Irambuye

Ihungabana ry’Ubukungu ryatumye hari abagorwa no kwishyura inguzanyo z’Amabanki– BNR

Muri raporo nshya ya Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) igaragaza ibipimo by’ubukungu mu bihembwe bitatu bya mbere by’umwaka wa 2016, biragaragara ko inguzanyo zitishyurwa neza mu Rwanda zazamutse, bitewe n’uko ubukungu bwahuye n’ibibazo. Ubukungu bw’u Rwanda mu mwaka ushize wa 2016 bwakomeje guhura n’ikibazo cy’imanuka ry’ibiciro by’ibyo rwohereza mu mahanga, ndetse hiyongeraho n’amapfa yatumye umusaruro w’ubuhinzi […]Irambuye

RSE: Hacurujwe imigabane ya Crystal Telecom ya miliyoni 56 Frw

Kuri uyu wa 22 Gashyantare, Ku isoko ry’Imari n’Imigabane (Rwanda Stock Exchange/RSE) hacurujwe imigabane 623,000 ya Crystal Telecom ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 56,070,000, yacurujwe muri ‘deals’ enye. Iyi migabane yagurishijwe ku mafaranga 90 ku mugabane, ari nacyo giciro wariho ejo hashize, bivuze ko agaciro k’umugabane wa Crystal Telecom katahindutse. Ku isoko kandi hacurujwe imigabane […]Irambuye

Umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafrw 103.70

Kuri uyu wa 22 Gashyantare 2017, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wageze ku mafaranga y’u Rwanda 103.70. Kuri uyu wa gatatu, umugabane w’iki kigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafaranga 103.70, uvuye ku mafaranga 103.68 wariho kuwa kabiri, bivuze ko wazamutseho amafaranga y’u Rwanda +0.02. Agaciro k’umugabane mu […]Irambuye

Twizeye ko ubukungu bw’u Rwanda mu 2017 buzamera neza kurusha

Kuri uyu wa gatatu, Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) yashyize hanze raporo ikubiyemo ibipimo by’ibihembwe bitatu bya mbere by’umwaka wa 2016, bigaragaza ko umwaka wa 2016 utabaye umwaka mwiza ku bukungu n’urwego rw’imari by’u Rwanda ugereranyije na 2015, gusa ngo hari ikizere muri uyu wa 2017, ko ubukungu buzarushaho kuzamuka. BNR yagaragaje ko muri rusange, mu […]Irambuye

U Rwanda ruzajya rukusanya Miliyari 1,5 Frw/mwaka y’umusanzu wa AU–

* Umusanzu wa buri gihugu ni umugambi watanzwe na Dr Donald Kaberuka Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri abagize Inteko Ishingamategeko Umutwe w’Abadepite bemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko rishyiraho amahoro ku bitumizwa mu mahanga, amafaranga asaga miliyari imwe n’igice ngo niyo buri mwaka u Rwanda ruzajya rukusanya nk’umusanzu wo gutera inkunga ibikorwa by’umuryango wa Afrika yunze Ubumwe. […]Irambuye

en_USEnglish