Huye/Rwaniro: Babiri bapfuye bazize inyama z’inka yipfushije

Mu Murenge wa Rwaniro ho mu Karere ka Huye, mu mpera z’icyumweru gishize, abana babiri bapfuye bataragezwa kwa muganga, naho abandi bantu 20 bajyanwa mu bitaro, harakekwa ko byaba byaratewe no kurya inyama z’inka yipfushije. Munganyinka Serapfine, umugore wa nyiri iyi nka yariwe, avuga ko  bashatse kuyiha imbwa ariko abaturanyi bo bahitamo kuyirya. Yagize ati […]Irambuye

RSE: Hacurujwe Treasury Bond n’imigabane ya Crystal Telecom ya miliyoni

Kuri uyu wa mbere, ku Isoko ry’imari n’imigabane hacurujwe impapuro z’agaciro mvunjwafaranga z’umwenda wa Leta n’imigabane ya Crystal Telecom bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 60 855 000. Hacurujwe impapuro z’agaciro mvunjwafaranga z’umwenda wa Leta (treasury bond) zifite agaciro k’amafaranga 51,000,000, yacurujwe muri ‘deal’ ebyiri, zagurishijwe ku mafaranga ari hagati ya 100 – 101 ku mugabane. […]Irambuye

Umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wazamutseho +0.09

Kuri uyu wa 13 Werurwe 2017, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wazamutseho amafaranga +09, ugereranyije n’igiciro wariho kuwa gatanu ushize. Kuri uyu wa mbere, umugabane w’iki kigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafaranga 104.20, uvuye ku mafaranga 104.11 wariho kuwa gatanu ushize, bivuze ko wazamutseho amafaranga y’u Rwanda […]Irambuye

Abitwaje imbunda bateye Rusizi bakica abantu 2 bahise bahungira mu

Rusizi – Mu itangazo rigufi, Igisirikare cy’u Rwanda “Rwanda Defense Force-RDF” cyatangaje ko cyinjiye mu iperereza ku bwicanyi bwakozwe n’abitwaje imbunda ahagana saa saba zo mu ijoro rishyira ku cyumweru, bugahitana babiri undi umwe agakomereka, abishe abantu ngo bahise bajya mu Burundi. Mu itangazo RDF yasohoye, Umuvugizi w’igisirikare cy’u Rwanda Lt Col René Ngendahimana warisinye […]Irambuye

Nyaruguru: Abagize AERG na GAERG bubakiye inshike za Jenoside, banagabira

Mu mpera z’iki cyumweru, urubyiruko rwibumbiye mu muryango w’abanyeshyri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi – AERG  n’abahoze muri uwo muryango barangije kwiga bibumbiye muri ‘GAERG’ batangirijwe ibikorwa ngaruka mwaka bya ‘’AERG GAERG Week’’ mu Karere ka Nyaruguru, aho bubakiye ababyeyi babiri b’inshike ndetse bakanagabira uwarokotse n’uwarokoye Abatutsi. Uru rubyiruko rwa AERG na GAERG rwakoze ibikorwa bitandukanye […]Irambuye

Muri iki cyumweru ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe amafrw miliyoni

Muri iki cyumweru Isoko ry’Imari n’imigabane ryaritabiriwe cyane ugereranyije n’icyuweru gishize, agaciro k’imigabane yacurujwe kazamutseho amafaranga y’u Rwanda 745,792,300 (628.85%). Muri iki cyumweru, Isoko ry’Imari n’Imigabane “Rwanda Stock Exchange (RSE)” ryafunguye imiryango iminsi itanu. Gusa, kuri uyu wa gatanu nta mugabane n’umwe wacurujwe. Muri iyo minsi itanu, hacurujwe imigabane ya Banki ya Kigali na Crystal […]Irambuye

Muri Gashyantare 2017 ibiciro ku masoko byarazamutse biteye impungenge

Raporo y’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare mu Rwanda (National Institute of Statistics/NISR) iragaragaza ko uyu mwaka wa 2017 utangiranye izamuka rikabije ry’ibiciro ku masoko nubwo byari byitezwe ko bizamanuka kubera umusaruro w’igihembwe cy’ihinga A cy’uyu mwaka wa 2017. Muri Gashyantare ibiciro ku masoko ku rwego rw’igihugu byazamutseho 13.4%. Ni izamuka ridatangiranye na Gashyantare kuko no muri Mutarama […]Irambuye

Umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafrw 104.06

Kuri uyu wa 08 Werurwe 2017, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wageze ku mafaranga y’u Rwanda 104.06. Kuri uyu wa gatatu, umugabane w’iki kigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafaranga 104.06, uvuye ku mafaranga 104.04 wariho kuwa kabiri, bivuze ko wazamutseho amafaranga y’u Rwanda +0.02. Kuva mu kwezi […]Irambuye

RSE: Hacurujwe imigabane ya BK na Crystal Telecom ifite agaciro

*Umugabane wa BK wazamutseho amafaranga 2 *Umugabane wa Crystal Telecom nawo wazamutseho amafaranga 2 Kuri uyu 08 Werurwe, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe imigabane ya Banki ya Kigali na Crystal Telecom bifite agaciro k’amafaranga 330 299 600. Ku isoko hacurujwe imigabane 1,329,000 ya Banki ya Kigali (BK) ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 321,578,600 yacurujwe muri […]Irambuye

Umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafrw 104.04

Kuri uyu wa 07 Werurwe 2017, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wageze ku mafaranga y’u Rwanda 104.04. Kuva mu kwezi kw’Ugushyingo 2016, agaciro k’uyu mugabane kamaze kuzamukaho amafaranga 4.04, bivuze ko uwaguze imigabane muri iki kigega imaze kuzamukaho amafaranga 4.04. Ubuyobozi bwa RNIT buvuga ko izamuka ry’agaciro […]Irambuye

en_USEnglish