Kimironko: Barasaba ko ibyobo bya Gereza ya Gasabo bimaze kugwamo

Nyuma y’uko akana k’imyaka itatu k’uwitwa MANIRAGABA Simon na NIYITEGEKA Beatrice kaguye mu byobo bya Gereza ya Gasabo, mu Murenge wa Kimironko, Akagari ka Kibagabaga, Umudugudu wa Rukurazo, bitunganyirizwamo ingufu z’amashanyarazi zikomoka ku myanda ‘Biogas’, abaturage barasaba ko ibyo byobo bizitirwa cyangwa bigafungwa. Kuwa gatandatu tariki 19 Nzeri, umwana w’umuhungu w’imfura wa MANIRAGABA Simon na […]Irambuye

U Rwanda mu bihugu 9 bya mbere muri Afurika mu

Ubushakashatsi bwakozwe na ‘Cornell University’ yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ifatanyije n’ikigo cy’Umuryango w’Abibumbye cyita ku mutungo kamere muby’ubwenge “World Intellectual Property Organization (WIPO)” bwashyize u Rwanda mu bihugu Icyenda (9) bya mbere muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa sahara byateje imbere ibijyanye no guhanga udushya (Innovation). Ubushakashatsi buzwi nka “Global Innovation Index […]Irambuye

Inteko yatangiye kuvugurura itegeko riha Perezida ububasha bwo gushyiraho Kamarampaka

*Itegeko riri kwirwaho ryatuma kwiyandikisha kuri listi y’itora bikorwa no kuri Internet na Telephone *Kwiyamamaza bishobora gukorwa hifashishijwe ikoranabuhanga *Itegeko rishya ry’amatora ryatuma abayobozi b’inzego z’ibanze nabo batorwa mu ibanga * Kamarampaka ngo ntiyari isobanutse uko ikorwa n’igihe ikorerwa * Ingingo 20 muri 200 zigize Itegeko rigenga amatora mu Rwanda nizo zazanywe mu Nteko ngo […]Irambuye

Kwipfubuza,Kwipfubura n’Ubushurashuzi byeze mu Rwanda byaba biterwa n’iki?

N’ubwo nta bushakashatsi bwimbitse bwari bwakorwa mu Rwanda, ni kenshi tumva cyangwa tubona ingo zashwanye, zatandukanye cyangwa zagiye mu manza kubera ikibazo cy’ubushurashuzi abenshi bahinduriye izina bakabwita “Ubupfubuzi”; Dr. Alfred Ngirababyeyi ukorera mu bitaro bikuru bya Kaminuza bya Kigali “CHUK”, uzobereye mu bibazo byo mu mutwe avuga ko ahanini biterwa n’ibibazo biba biri mungo. Ubushakashatsi […]Irambuye

U Rwanda na Interpol mu gukaza ingamba zo guhiga abakekwaho

Ishami ry’Ubushinjacyaha bukuru bw’u Rwanda rishinzwe gukurikirana abakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Polisi Mpuzamahanga (Interpol) byafatiye hamwe ingamba z’ukuntu byarushaho gufatanya mu gufata abakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iyi myanzuro yafatiwe mu nama yabaye kuri uyu wa kane tariki 17 Nzeri 2015, ku cyicaro gikuru cya Polisi […]Irambuye

Burkina Faso: Coup d’État yaba ifitanye isano n’urupfu rwa Sankara

Nubwo nta makuru yari yajya hanze abihamya neza, kuba kuri uyu wa kane tariki 17 Nzeri, muri Burkina Faso harabaye ‘Coup d’État’ itunguranye kandi yihuse, ngo bya bifitanye isano n’amakuru ku rupfu rw’uwabaye Perezida w’icyo gihugu Thomas Sankara yagombaga kujya hanze kuri uyu wa kane. Ikinyamakuru JeuneAfrique dukesha iyi nkuru kivuga ko kuba hari hagiye […]Irambuye

Miliyoni 42 z’abana bato bugarijwe n’umubyibuho ukabije ku Isi yose

Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima “WHO (World Health Organization)” riratangaza ko ritewe impungenge n’imibare y’abana bari munsi y’imyaka itanu bafite ikibazo cy’umubyibuho ukabije. Ubushakashatsi buheruka bw’iryo shami bugaragaza ko ku Isi yose, imibare y’abana bari munsi y’imyaka itanu bafite umubyibuho ukabije bavuye kuri Miliyoni 32 mu mwaka w’1990, bagera kuri Miliyoni 42 muri 2013. […]Irambuye

Perezida Kagame azatanga ikiganiro muri “World Leaders Forum”

Kuwa kane w’icyumweru gitaha Perezida Paul Kagame azatanga ikiganiro mu nama mpuzamahanga y’Abayobozi bakuru “World Leaders Forum” itegurwa na Kaminuza Columbia muri Leta Zunze ubumwe za Amerika i New York City. Perezida Paul Kagame azaganiriza abazaba bitabiriye ibyo biganiro ku nsanganyamatsiko ivuga ku gushimangira iterambere rirambye, igira iti “Beyond Policy and Financing: How to Sustain […]Irambuye

Burkina Faso: Igisirikare cyahiritse ubutegetsi, General Diendéré aba Perezida

Burkina Faso-Igisirikare kirangajwe imbere n’abarinda umukuru w’igihugu bamaze gutangaza kuri uyu wa kane tariki 17 Nzeri, ko bamaze guhirika ubutegetsi bwa Perezida Michel Kafando, ndetse banasesa Inteko Ishinga Amategeko byakoraga mu gihe cy’inziba cyuho, Général Gilbert Diendéré akaba ariwe watangajwe nka Perezida mushya w’inzibacyuho. Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, Lieutenant-Colonel Mamadou Bamba mu […]Irambuye

Rayon Sports yateguye ibirori byo kwerekana abakinnyi n’umutoza bashya

Mu gihe Rayon Sports FC yitegura umukino ubanza wa Shampiyona y’umupira w’amaguru y’umwaka wa 2015-2016 uzayihuza na Marine FC i Rubavu, kuri uyu wa gatanu tariki 18 Nzeri, yateguye umuhango udasanzwe muri iyi kipe wo kwerekana abakinnyi bashya, no kubaha inomero bazambara n’umutoza mushya. Uyu muhango ubusanzwe umenyerewe ku mugabane w’Uburayi, ni agashya ubuyobozi bushya […]Irambuye

en_USEnglish