Gisenyi, umwe mu mijyi isurwa cyane uravugwaho Serivise mbi

Kuri uyu wa kabiri, Urwego rw’igihugu rushinzwe imiyoborere (RGB) rwahuye n’abafite Amahoteli, abayobora Amahoteri, n’abayobora Kompanyi zitwara abantu mu modoka nto n’inini mu Karere ka Rubavu mu rwego rwo kubakangurira kunoza Serivise baha ababagana. Akarere ka Rubavu, n’umujyi wa Gisenyi by’umwihariko niwo mujyi wa kabiri mu Rwanda nyuma ya Kigali usurwa n’abantu benshi kubera ibyiza […]Irambuye

Episode 117: Bob ahishuriye Daddy na Nelson ibanga ry’uwo ari

Bob yamaze kumbwira ko Sacha anshaka ndetse ko yaje kundeba inshuro eshatu zose, numva umubiri wanjye urahindutse ntangira kumva nta kintu na kimwe nkibuka mu byari binzanye aho hantu, natangiye kumva nshaka urukundo kuruta ibindi byose ako kanya nibagirwa ko ndi mu bibazo maze mpita mubwira, Njyewe-“Bob! Ko numva se nako nyine hariya wita mu […]Irambuye

Ngoma: Ababyeyi barasabwa kwita ku burere bw’abana babo

Komisiyo y’igihugu ishinzwe kurengera abana irasaba umuryango nyarwanda muri rusange kwita ku burere bw’abana, ugaharanira ko buri mwana arererwa mu muryango ngo kuko aribwo akurana uburere bwiza bikagirira n’igihugu akamaro ejo hazaza. Ibi iyi komisiyo yabitangarije mumurenge wa Sake ho mukarere ka Ngoma mugikorwa cy’ubukangurambaga kumiryango. Bamwe mu babyeyi batandukanye ba hano muri Sake babwiye […]Irambuye

Nakorewe ubutinganyi, mfatwa no ku ngufu n’abagore 4 muri Jenoside

*Burya n’abagabo batari bacye bafashwe ku ngufu muri Jenoside *Soma ubuhamya bw’uwakorewe ubutinganyi, akanafatwa ku ngufu n’abagore muri Jenoside Muri Jenoside yakorewe abatutsi habayemo amarorerwa menshi, gufatwa ku ngufu n’abicanyi ni imwe mu ntwaro yakoreshejwe n’interahamwe, ndetse Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda rwaje kwemeza icyaha mpuzamahanga cyo gufata ku ngufu nka kimwe mu byaha […]Irambuye

Rubavu: Habereye ijoro ryo kwibuka imiryango 7 797 yazimye –

Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu, imiryango ya ‘GAERG’ na ‘AERG’ yifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Rubavu mu kwibuka imiryango isaga 7 797 yazimye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu muhango wabaye ku nshuro ya cyenda wabereye mu Karere ka Rubavu wabanjirijwe n’urugendo rwerekeza ku rwibutso rw’Abazize Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ahazwi nko kuri ‘Commune […]Irambuye

Kigali: Rwandair yakiriye indege ya 12, ni Boeing 737-800 NG

Kuri iki cyumweru Ikompanyi yo gutwara abantu n’ibintu mu kirere y’u Rwanda ‘Rwandair’ yakiriye indege nshya yo mu bwoko bwa “Boeing 737-800 Next Generation” irimo internet. Yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga za Kigali saa cyenda ziburaho iminota micye. Biteganyijwe ko iyi ndege igera ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali ku mugoroba, ikaba izakuba indege ya […]Irambuye

Episode 113: Gatera atorotse ibitaro, Mama Brown mu magorwa akomeye

Zamu yamaze kumbwira ko Mama na Nelson badahari numva umutima uransimbutse nyoberwa ibimbayeho, nibajije aho baba bagiye ariko ndahabura, amasaha yari akuze ndetse bwari ubwa mbere Mama yari avuye mu rugo bwije. Nahise menya ko ibyaribyo byose igikuba cyacitse, natangiye kwibaza byinshi nkubita agatima aho nasize Nelson, Njyewe-“Muze! Nonese Mama yavuye hano yijyanye?” We-“Oya! Ni […]Irambuye

RSE: Hacurujwe treasury Bond n’imigabane ya BK, bya miliyoni 78

Kuri uyu wa 26 Gicurasi, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda hacurujwe impapuro mvunjwagaciro z’umwenda wa Leta (Treasury Bond) n’imigabane ya Banki ya Kigali bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 79 311 500. Kuri uyu gatanu hacurujwe impapuro mvunjwagaciro z’umwenda wa Leta zifite agaciro k’amafaranga 66 170 000 zacurujwe muri ‘deal’ imwe, ni imigabane 65,000,000 yacurujwe […]Irambuye

Mu 2018, BK ishora kujya ku masoko y’imari n’imigabane ya

Bitarenze mu 2018, Banki ya Kigali -BK ngo ishobora kuba yagiye ku masoko y’imari n’imigabane mpuzamahanga nk’irya Nairobi, Johannesburg cyangwa London. Avugana n’ikinyamakuru Bloomberg, Umuyobozi w’imari (Chief Financial Officer) muri BK Nathalie Mpaka bari kubyigaho ariko umwanzuro bazawufata mu Ukuboza uyu mwaka, bagendeye ku mafaranga bazaba bashaka kuguza. Mpaka yagize ati “Ntabwo twajya ku isoko […]Irambuye

en_USEnglish