Banki y’Isi irateganya ko ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka cyane mu

Kuri iki cyumweru, Banki y’Isi yasohoye raporo nshya irimo ibipimo bishya by’uko ibona ubukungu bw’isi buzaba buhagaze muri uyu mwaka n’imyaka ibiri iri imbere, ubukungu bw’u Rwanda ngo buzakomeza kuzamuka. Iyi raporo yitwa “Global Economic Prospects” iravuga ko ubukungu bwa Africa yo munsi y’ubutayu bwa Sahara buri kubyutsa umutwe bubifashijwemo n’ibiciro biri kongera kuzamuka ku […]Irambuye

PL nayo yiyemeje kuzashyigikira Paul Kagame mu matora ya Perezida

Kuri iki cyumweru, Kongere y’Igihugu idasanzwe y’Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana kwa Buri Muntu ‘PL’ nayo yemeje ko iri shyaka rizashyigikira umukandida wa RPF-Inkotanyi Paul Kagame mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe ku itariki 03 na 04 Kamana 2017. Umuyobozi wa PL, Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda umutwe w’Abadepite Donatille Mukabalisa yasabye abayoboke b’ishyaka […]Irambuye

London: Police yarashe ibyihebe 3 bimaze kwica barindwi, bikomeretsa 48

Mu ijoro ryo kuwa gatandatu, Police y’Ubwongereza yarashe abantu batatu yita ‘abaterabwoba/ibyihebe’ nyuma yo gutera ibyuma abantu 48 bagakomereka, ndetse 7 bahasiga ubuzima. Aba baterabwoba batatu barashwe bagiye ku kiraro kizwi cyane mu mujyi wa London batera ibyuma abantu barimo bigendera, Police yaje gutabara irasa abo bateraga abantu ibyuma barimo n’uwambaye umwenda w’ikipe ya Arsenal. […]Irambuye

Episode 120: Sacha yahawe telephone yashinjaga Daddy n’umukozi w’iwabo

Nkimara kumva ibyo nabuze icyo nsubiza nkanurira Nelson nawe arandeba akajya anshira amarenga ariko nkayoberwa icyo ari kumbwira, Sacha-“Ko utavuga se? Iyo telephone urayimpa cyangwa?” Nakomeje kubura icyo nsubiza, nibutse ko kuva navuka ntigeze nifuza kwiba cyangwa kwangiza iby’abandi maze nitsa umutima mba ndavuze, Njyewe-“Sacha! Ntabwo nigeze niba telephone yawe! Yewe nta nubwo kuva navuka […]Irambuye

NEPAD iravuga ko Abanyarwanda Miliyoni 3,9 batarya ngo bahage

Igishushanyo mbonera cy’imiririre muri Africa “Africa Nutrition Map” cyashyizwe ahagaragara n’Ubufatanye nyafurika mu Iterambere rya Africa ‘New Partnership for Africa’s Development (NEPAD)’ kuri uyu 01 Kamena, kiragaragaza ko ibihugu byose bya Africa bifite umubare w’abaturage barya ntibahage nubwo bifite imibare itandukanye. Iki gishushanyo mbonera “Africa Nutrition Map” kigaragaza ko mu Rwanda hari abaturage bagera kuri […]Irambuye

Episode 119: Sacha ahishuriye Daddy impamvu amushaka cyane

Mireille-“Dore nguriya Pascal ageze hano yewe!” Twese-“Inde se?” Mireille-“Nguriya ari kuza ashaka kwinjira hano!” Nelson-“Inde Mirei?” Aliane-“Eeeh! Uziko koko ari Pascal? Yabaye iki se kandi?” Twahise duhindukira vuba tureba inyuma maze tubona koko ni Pascal wari wipfutse ishati mu mutwe mu kureba neza tubona iriho amaraso, Nelson akimubona yahise ahinduka mbona ateye intabwe amusanga ariko […]Irambuye

Global Peace Index 2017: u Rwanda rwazamutseho imyanya 15 ariko

Ku cyegeranyo cy’amahoro ku Isi cya (Global Peace Index ) 2017 u Rwanda rumaze igihe rusubiye inyuma cyane kuri iki cyegeranyo rwazamutseho imyanya 15 ugereranyije n’aho rwari ruri umwaka ushize. Iki cyegeranyo gishya cyasohotse uyu munsi kiragaragaza ko u Rwanda rwateye intambwe ruva ku mwanya wa 128 n’amanota 2.323 rwariho umwaka ushize wa 2016, rugera […]Irambuye

U Rwanda mu biganiro na TIR ije kurufasha kunoza imikorere

Kuva kuri uyu wa kane, inzego zifite aho zihuriye n’ubucuruzi mu Rwanda zirimo Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda n’ibikorwa by’umuryango wa Africa y’Iburasirazuba, Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwinjiza imisoro n’amahoro, n’Urugaga rw’abikorera ziri mu nama y’iminsi ibiri n’umuryango mpuzamahanga witwa ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano mpuzamahanga ku mikorere ya za Gasutamo (TIR CONVENTION, 1975) hagamijwe kureba niba u […]Irambuye

Kuri Manda ya II P. Kagame yageze ku ntego zo

Muri Manda ya kabiri, Perezida Paul Kagame hari ibyo yemereye Abanyarwanda ko azabagezaho mu myaka irindwi, bikubiye mu cyiswe “Gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi”. Mu gihe habura igihe gito ngo manda ya kabiri irangire, UM– USEKE ukomeje kubagezaho inkuru zigaragaza ibyagezweho n’ibitaragezweho mubyo yemereye abaturage, dushingiye ku bipimo bihari. Uyu munsi turareba ku Nkingi ya […]Irambuye

en_USEnglish