Rusizi: Uwarokotse Jenoside acumbitse mu rusengero kubera kubura icumbi

Umukecuru warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi witwa Mukangwije Verena w’imyaka 64 utuye mu Mudugudu wa Mukayenzi, Akagari ka Ryankana, Umurenge wa Bugarama, mu Karere ka Rusizi acumbikiwe mu rusengero kubera kutagira aho kuba. Mukangwije Verena yari afite inzu nto yagondagondewe n’abaturanyi, mu kibanza yari yarahawe n’urusengero baturanye, ariko kuko iyo nzu ngo yaje gushakirwa n’umuhungu we […]Irambuye

Basketball: Bazibuka abazize Jenoside muri Kamena 2016

Kuva tariki 7 Mata kugeza 4 Nyakanga, Abanyarwanda baba bari mu minsi 100 yo Kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, Umuryango wa Basketball nawo uzibuka abakinnyi, abatoza n’abakunzi b’uwo mukino muri Kamena. Umukino wa Basketball mu Rwanda, uri mu nzego n’ibyiciro byatakaje benshi muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, ibi nibyo byatumye ikipe ya Espoir BBC […]Irambuye

Kayonza: Abahanzi bahatanira Guma Guma basuye abakecuru b’incike

Abahanzi 10 bitegura guhatanira Primus Guma Guma Super Star (PGGSS) VI basuye imiryango y’abakecuru b’incike za Jenoside yakorewe Abatutsi barindwi (7) babana mu nzu imwe bubakiwe n’uruganda rukora ibinyobwa Bralirwa mu mudugudu wa Kiyovu, Akagari ka Musumba, Umurenge wa Nyamirama, Akarere ka Kayonza. Aba bakecuru bose bari mu kigero cy’imyaka 80, ngo binjiye muri iyi […]Irambuye

Murambi: Abarokotse nubwo bagifite ibikomere ku mutima ngo baragerageza kwiyubaka

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Murenge wa Murambi, Akarere ka Gatsibo baratangaza ko nyuma y’amahano yababayeho mu 1994, ubu bongeye kwiyubaka ngo nubwo hatabura bamwe bagiheranwa n’agahinda bikaba byabatera kudindira. Ku musozi wa Rwankuba, mu Murenge wa Murambi, abarokotse baho babwiye UM– USEKE ko mu gihe cya Jenoside, Abatutsi bo kuri uyu musozi bagerageje […]Irambuye

Kwibuka22: Abanyarwanda ba Arusha bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi

Kuwa 07 Mata, Abanyarwanda n’inshuti zabo baba muri Tanzania bahuriye ku biro by’ubunyamabanga bukuru bwa Afurika y’Iburasirazuba bahuriye Arusha bibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 22. Uyu muhango winitabiriwe n’umunyamabanga mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba Dr. Richard Sezibera, uwahoze ari umushinjacyaha mukuru w’urukiko mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (ICTR) Hassan Bubakar Jallow, abahagarariye ibihugu byabo […]Irambuye

Hari ubwo tuvuga ko nta batuye mu manegeka bakiriho, bakaboneka

*Imvura yaguye mu ijoro ryo kuwa 02 Mata yahitanye abantu 13; *Ingaruka zayo ziraruta kure izagaragaye mu mezi atatu yabanje; *Kubaka mu kajagari, ruhurura nke, n’ibikorwa remezo bishaje biri mu biteza ibibazo; *Ngo hari amakuru atari yo ku batuye mu manegeka atangazwa, nyuma bakagaragara bahitanywe n’ibiza. Mu ijoro rya tariki ya 02 Mata rishyira iya […]Irambuye

Kirehe: Abaturage barasabwa kwitondera abavuzi gakondo

Mu gihe ihuriro ry’abavuzi gakondo mu Rwanda rigeregeza kubaha umurongo ngengamikorere, urwego rushizwe ubuzima mu Karere ka Kirehe rwo rurasaba abaturage kwitondera abavuzi gakondo banyanyagiye hirya no hino mu Mirenge kuko ngo hakirimo abitwikira ubu buvuzi bakangiza ubuzima. Mu Karere ka Kirehe, ubuvuzi gakondo ntiburagira umurongo ufatika, dore ko nta n’umubare ufatika w’ababukora uzwi. Abavuzi […]Irambuye

Guca Caguwa: Leta ikunda abaturage ntiyatuma bambara ubusa – Hon.

Mu kiganiro n’Abanyamakuru kibanze ku ngingo zitandukanye zirimo ibyagezweho n’Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi cyabaye kuri uyu wa 05 Mata, Perezida wa Sena; Makuza Bernard yavuze ko guca Imyenda n’inkweto bya Caguwa bidakwiye gufatwa nk’ibije guhutaza uburenganzira bw’Abanyarwanda, ahubwo ko bifite inyungu nyinshi zirimo kugabanya umubare w’amafaranga yoherezwaga hanze, guca indwara zaterwaga n’iyi myambaro no […]Irambuye

Airtel Rwanda yatangije igikorwa kigamije Kwimika ubumuntu yise “Airtel Touching

Airtel-Rwanda yatangije igikorwa yise “Airtel Touching Lives Initiative” kigamije Kwimika ubumuntu, kikazashakisha mu gihugu hose abantu babayeho nabi, mu buzima bugoye kugira ngo bafashwe gutera imbere. Muri iki gikorwa “Airtel Touching Lives Initiative”, umuntu ku giti cye, umuryango cyangwa itsinda ry’abantu bemejwe n’abaturanyi cyangwa abantu runaka bazatezwa imbere. Iki gikorwa kizamara amezi ane, ariko ukwezi […]Irambuye

Ubushakashatsi nibwo buzadufasha kuzamura umusaruro w’ubuhinzi- Min.Nsanganira

Mu nama irimo guhuza ibigo bine (4) mpuzamahanga bikora ubushakashatsi ku buhinzi mu Rwanda kuri uyu wa kabiri, Umunyamabanga wa Leta uhoraho muri Minisiteri y’Ubuhinzi Tony Nsanganira yasabye ko ibyo bigo byarushaho gufasha Leta mu guhangana n’ikibazo cy’ubwoko bw’imbuto zidatanga umusaruro uhagije kandi zihenze. Mu Rwanda ubu, harakorera ibigo bine mpuzamahanga bikora ubushakashatsi mu buhinzi […]Irambuye

en_USEnglish